Umugore n’umugabo mu mujyi wa Manchester bafotowe basambanira mu modoka itwara abagenzi rusange mu mujyi rwa gati.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]

Amakuru atangazwa n’ibitangazamakuru bitandukanye avuga ko aba bantu babanje kugenda basomana byagera aho umugore agahaguruka akicara ku mugabo mu modoka iri kugenda, umugabo na we wari wamaze gufungura ipataro bagatangirira kwigira mu byabo abantu bareba.
Aba bantu byagaragaraga ko nta soni na mba bari bafite, abatangabuhamya bavuga ko babitewe n’ibiyobyabwenge kuko umugore yari afite icupa ry’inzoga mu ntoki.

Amakuru bwiza.com yakuye ku mbuga zitandukanye avuga ko aba bantu batatangajwe amazina bakomeje kwikorera ibyabo maze uwari utwaye imodoka na we ayiha muriro arakomeza arigendera.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]

Gusa igitangaje no uburyo aba bantu byagaragaraga ko bakiri bato bataye ubwenge kuri urwo rwego ku buryo basigara badatekereza aho bari bagatangira gukora ibyo abandi bakorera mu buriri na bwo ahihishe.

Kanda hano ubone amakuru yihuse kandi ku gihe kuri Facebook no kuri twitter
Gentille@Bwiza.com


