Umugore uryama nk’umutumba ngo ashobora gutera umugabo kubihirwa mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina

Sangiza iyi nkuru

Iyo umugore n’umugabo barimo gukora imibonano mpuzabitsina baba barimo guhana, araguha ukamuha.Ariko bamwe babyumva nabi,hari abagore bumva ko muri uwo mukino niba yemeye gutanga igitsina aba ari nkaho ari ibiryo ashyize ku isahani akigendera umugabo agasigara yirwanaho.
Si uko biri,niba ushaka ko umugabo wawe “agupfira” ntararamire abandi bagore ugomba kumenya kumunezeza nawe ku buryo avuga ati “umugore ni uyu” nta handi namukura, kandi n’ubikora neza no kubikubwira azabikubwira si umugani.
umutumb
Abagabo bakunda umugore barongora abereka ko babikunze kandi ko bari babyiteguye babishaka cyane, icyo gihe umugabo yumva afite imbaraga zo kwerekana aho abera umugabo,nawe mugore jya uhita umwereka aho ubera umugore, akurongore, umurongore
Ntukabwire umugabo ijambo ribi rimuvana mu byishimo yari arimo, ntukaryame nk’umutumba , jya ugira isuku by’umwihariko kuri iyo myanya y’ibanga.
woman-passionate-loud-in-bed
Ibintu 5 abagabo benshi baba bifuza ku bagore babo:
1.Kuba yarakunnye (birebire) abagabo ntibakunda bimwe,ushobora kuba utarakunnye ugashimisha umugabo no kurusha uwakunnye-abagore bose ntibakunnye si wowe wenyine ariko menya ko abagabo benshi babikunda
2. Kuba anyara (nawe ushobora kunyara)
3. Kuba ataka arimo guterwa akabariro : aniha kubera uburyohe bwinshi (rimwe na rimwe akavuza n’ibihozo mu gihe njye mvuza amahamba
4. Kuba anyonga ndetse akanamfasha mu kumuswera (kuba abwira umugabo ahamuryohera,bakabiganiraho)
5. Kuba atega amaguru neza: ntukaryame nk’urimo gusoma igitabo, tega neza amaguru umugabo wawe akunezeze.
Ahanini inama nk’izi ziba zigenewe abashakanye cyangwa se abari mu nzira zo kurushinga, by’umwihariko rubyiruko icyo mugomba ni ukwirinda kwishora mu ngeso z’ubusambanyi kuko zishobora kubakururira inda zitateguwe, indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina nka SIDA,imitezi,…
Gentille Kamikazi/Bwiza.com
 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *