Umugore w’imyaka 36 yafashwe atangiye gusambana n’umwana we w’imyaka 10

Sangiza iyi nkuru

Mu mujyi wa Durban uherereye muri Afurika y’Epfo, niho umugore ufite imyaka 36 y’amavuko yafashwe agerageza gukorana imibonano mpuzabitsina n’umwana we w’umuhungu w’imyaka 10.
Aba bombi ibyo bari bagiye gukora bigayitse, bageragezaga kubikorera mu ruhame aho bogeraga mu bantu benshi, abo bari kumwe babafata amashusho ndetse banayakwirakwiza ku mbuga nkoranyambaga.s
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Muri iyo video, uyu mwana w’umuhungu agaragara akuramo nyina ikariso ndetse anamuryamaho muri pozisiyo y’ugiye gukora imibonano mpuzabitsina na nyina yagaramye muri ayo mazi, ibyo byose byakorwaga abantu bihera ijisho.
Ubwo uwo mugore yateshwaga ibyo yari agiye gukorana n’umwana we, yanabajijwe icyabimuteye abanza kugaya icyo gikorwa cyari kigiye kuba ndetse anahamya ko ari inzoga nyinshi yari yanyoye kuri uwo munsi.
Ati: “Umwana wanjye ndamukunda cyane nk’uko nikunda ndetse ndanamwubaha, mfashe akanya nisegura ku byabaye kandi nsezeranya ko bitazasubira, sinshobora gukora ibi ndi muzima (ntasinze).
Ku wa 10 Mutarama 2017, ubwo ibi byabaga, polisi mu mujyi wa Durban yahise ita muri yombi uyu mugore yanyoye inzoga nyinshi yanasinze yanataye ubwenge.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Gentille Kamikazi/Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *