Umugore yaciye inyuma umugabo we bimuviramo gufatana n’uwo basambanaga

Sangiza iyi nkuru

Mu gihugu cya Ghana kimwe mu bihugu bikunze kuvugwamo amarozi cyane , mu minsi ishize hagaragaye umugore w’umupfumu yahanutse mu kirere ari ikinyoni ageze hanze basanga ari umugore ugeze mu zabukuru. Kuri ubu ikigezweho n’umugore wafatanye n’umusore bari bari gusambana nyuma y’aho aciye inyuma umugabo we
Muri iyi minsi hongeye kugaragara ibintu bitangaje mu mujyi wa Accra aho umugore waciye inyuma umugabo yaje guhura n’uruva gusenya. Uyu mugore yaciye inyuma umugabo we maze biza kurangira afatanye n’umugabo bari bari gusambana mu gihe umugabo we yari mu rugendo rwa kure.

gufatana
Nyuma y’aho abagejeje ku karubanda bagifatanye umugabo yahisemo gutandukana n’umugore we

 
Uyu mugore yabonye umugabo agiye ahita ahamagara uwahoze ari inshuti ubwo bari bakiri ku ishuri. Yaramuhamagaye kugira ngo atangire kwinezeza.
Ibyari ukwinezeza byaje guhinduka amarira ubwo barangizaga gusambana bashaka kurekurana bikanga bagatabaza bikananirana.
Nyuma yo kubona ko kurekurana bidakunze umugore yahisemo guhamagara kugira ngo amufashe gutandukana n’uwo musore kuko yiyumvishaga ko ibiri kumubaho yaba abiterwa n’umugabo we.
Nyuma y’aho umugabo we ahagereye yanze guhita abatandukanya ahubwo abategeko kujya hanze ku karubanda akaba ariho abatandukanyiriza.
Bakigezwa hanze , umugore w’uyu yabahase ibibazo imbere y’imbaga y’abantu. Nyuma y’ibazwa nibwo yabatandukanyije ahitamo gusezerera burundu uyu mugore.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Alphonse Munyankindi / Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *