9a41d8bc-3e3f-46d2-bb0c-5c9b78db9b12-1016x1024_-_copy.jpg

Umugore yashakanye na mukuru w’ umugabo we nyuma y’ukwezi apfakaye

Sangiza iyi nkuru

Umugore wo muri Nigeria yashakanye na mukuru w’umugabo, Muhammed Ahmad we wari umaze ukwezi kumwe apfuye, abantu batungurwa n’icyemezo cye.

Umugabo w’uyu mugore yari asanzwe ari umusirikare wa Nigeria mu zirwanira mu kirere, yapfuye muri Gashyantare 2021, ubu umugore we yamaze gushyingiranwa na mukuru we, Aboubakar.

Uyu musirikare yaguye mu mirwano yabahuje n’amabandi ahitwa Ungwan Laya hafi ya Birnin Gwari kuwa Gatandatu tariki 13 Gashyantare 2021. Uyu yahise ashyingurwa ku munsi wakurikiyeho.

Ubukwe bwabaye kuwa 20 Werurwe 2021 gusa bamwe ku mbuga nkoranyambaga, bavuga ko hari ikibyihishe inyuma, ari umuco ahari ubigena uko, abandi bakabashimira.

9a41d8bc-3e3f-46d2-bb0c-5c9b78db9b12-1016x1024_-_copy.jpg

Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *