Nyuma y’imvura imaze iminsi igwa ndetse ikangiza ibitari bike, abantu bakahasiga ubuzima hirya no hino mu gihugu, noneho mu ntara y’amajyepho ukimara kwambuka Nyabarongo amazi yabujije imigenderanire nyuma yo kuzura mu muhanda mu buryo butunguranye.

Kugeza ubu n’uko byifashe kuko nta muntu wambuka ngo aze mu mujyi wa Kigali cyangwa ngo ajye mu ntara y’amajyepfo.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Leki@bwiza.com
Â


