Umuhanzi Desire Luzinda, amaraso mashya mu rusengero

Sangiza iyi nkuru

Abantu benshi bashobora kwibaza niba koko byashoboka ko uyu muhanzi wabiciye bigacika guhera mu myaka yashize mu gihugu cya Uganda, Desire Luzinda ashobora kuva mu muziki akajya kugarukira Imana mu rusengero.
Biragoye kandi kwiyibagiza amafoto y’urukozasoni uyu muhanzikazi yagiye ashyira ahagaragara cyane cyane ku mbuga nkoranyambaga yambaye ubusa guhera muri za 2014.luzinda3
Ā 
Mu kiganiro uyu muhanzikazi uzwiho kuririmba neza no kuba ateye neza cyane ko atanakunze kubihisha aherutse kugirana ā€˜imwe mu maradio yo mu gihugu cyaa Uganda, uyu muhanzikazi yatangaje ku uyu mwaka wa 2017 yawutangiranye ububyutse budasanzwe ndetse no kuba yumva ari mu mavuta yo gukorera Imana.
ruzinda
Yagize atiā€ndabizi neza abantu benshi bazatungurwa n’icyemezo cyanjye. Ndi umugore ukunda gukora udushya. Niyo mpamvu uyu mwaka utagomba kumera nk’indi yawubanjirije. Nizeye ko ibitangaza bizagaragara kuko kugeza ubu ubuzima bwanjye namaze kubuharira uwiteka.ā€
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Ibi yabitangaje nyuma y’uko aherutse no gushyira ahagaragara indirimbo ihimbaza Imana yiswe Wamukisa akaba yarayiririmbanye n’undi mugore umwe gusa.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Nsengimana@Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *