Umuhanzi wakoreye agatubutse mu mwaka wa 2016 ku isi na Video y’indirimbo ye

Sangiza iyi nkuru

Ikinyamakuru Fobes gisanzwe kimenyerewe gutangaza Abastar n’abandi bantu baciye uduhigo dutandukanye kuri ubu cyamaze gutangaza umuhanzi w’indirimbo wahize abandi mu mwaka wa 2016 mu gukorera amafaranga menshi mu muziki we.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Umuhanzi kazi Taylor Swift ukomoka muri Amerika yaje ku mwanya wa mbere mu bahanzi bo ku isi bakoreye amafaranga menshi muri uyu mwaka, ibi akaba ngo abikesha indirimbo ye yitwa “Wildest Dreams” yaguzwe cyane muri uyu mwaka kubera uburyo ifite video nziza.
Indirimbo ya Taylor “Wildest Dreams” yamwinjirije amadolari y’Amerika arenga miliyoni 170 yamugize uwa mbere mubinjije agatubutse muri 2016.
Uyu muhanzikazi kandi yaciye n’agahigo ko kuba umuhanzi utagejejeimyaka 30 y’ubukuru mwiza.
Swift yakurikiwe n’itsinda ryitwa One Direction ryo ryakoreye Miliyoni 110 z’amadolari naho uwitwa Adele we waje ku mwanya wa gatatu yakorye amadolari miliyoni 80.5
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Taylor Alison Swift ubusanzwe ni umuhanzikazi uvuka muri Amerika, uretse kuririmba ni n’umwandditsi w’indirimbo .Yavutse ku wa 13 Ukuboza 1989,
Kanda hano urebe Video yatumye Taylor aba umuhanzi winjije agatubutse muri 2016
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Schadrack@bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *