Umukecuru w’imyaka 88 amaze kuryamana n’abimukira basaga ibihumbi 3

Sangiza iyi nkuru

Umukecuru wo mu gihugu cy’u Budage w’imyaka 88 avuga ko mu myaka 5 ishize yaryamanye n’abimukira basaga Ibihumbi 3 mu gihe yabaga abacumbikiye ngo bamenyere igihugu gishya binjiyemo bavuye mu bihugu bya bo bakomokamo.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Uyu mukecuru w’imyaka 88 y’amavuko, ni Dogiteri mu bijyanye na ubuzima bw’imyororokere by’umwihariko akaba inzobere mu bijyanye n’imibonano mpuzabtsina, avuga ko aba bantu bose baryamanye bavuye mu bihugu bitandukanye hirya no hino ku isi bakajya mu gihugu cye bashakisha imibereho, ibi akavikora mu rwego rwo kuaha ubufasha ngo babone aho barara kabiri mu gihe bataramenyera ubuzima bushya.
Uyu mukecuru utatangajwe amazina yigishije imyaka igera kuri 24 muri kaminuza ya Stockholm. Yemeza ko yagiye aryamana n’abasore bakiri bato ndetse abemeraga kumugerera ku ngingo akaba yarabafashaga kumenyera vuba ikirere gishya babaga binjiyemo.
Gusa yemeza ko ibi yabikoze ku mpamvu ze bwite ndetse no kuba yaragiraga ngo yiyibutse ibihe bya kera, ariko akavuga ko abo basore bose n’abagabo baryamanye iyo bajya kuba bararyamanye n’abagore bo mu mujyi wa Berlin ku buryo buri mugore aryamana n’umwimukira umwe, byari guteza amakimbirane kuko hari n’ingo zari gusenyuka.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Uyu mukecuru anivugira ko hari ubwo yaryamanaga n’abagabo 2 cyangwa 3 ku munsi akaba avuga ko yabashaka kubafata neza ntibagongane cyangwa ngo babangamirane.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Gentille@Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *