Umukobwa aryamana na se umubyara ariko avuga ko atabyicuza

Sangiza iyi nkuru

Umukobwa witwa Lydia Opoku ukomoka mu gace ka Koforidua gaherereye mu burasirazuba bw’igihugu cya Ghana, aratangaza uburyo kuryamana na se umubyara bimushimisha kuruta ibindi bintu bibaho mu buzima bwe bityo akaba atanabyicuza ndetse akanasobanura impamvu.
Uyu mukobwa w’imyaka 25 y’amavuko, yihimbwe akazina ka ”Daddy’s pet“ cyangwa se ”agakinisho ka papa” umuntu agenekereje, avuga ko kuba ibi abikora nta kibazobimuteye cyo kuba na nyina umubyara abizi ndetse bikaba byaramenyekanye no mu baturanyi.
Amakuru avuga ko Sakyiama Gaston Abigail, umugore w’uyu mugabo uryamana n’umukobwa we atinya kujya ahagaragara atinya amagambo y’abaturage bavuga ko asangiye umugabo n’umukobwa we byongeye akaba ari na we bamubyaranye.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Uyu mugore yagize ati”samba nifuza kubyumva abantu babinyibutsa nubwo ntajya mbyibagirwa, ariko iyo mpuye n’abaturanyi bakabimbwira birankomeretsa.”
Uyu mugore avuga ko byabanje kumutungura ubwo yabonaga umugabo we n’umukobwa we barebana akana ko mu jisho, ariko ubu bikaba bimaze kumera nk’akamenyero ko banaryamana mu buriri bumwe nta soni bafite.
Yongeraho ko usanga banavugana utugambo turyohereye nko mu gihe bari kuvugana kuri telephone mboga bameze nk’abari mu kwezi kwa buki mbega ku buryo uwo mugore abona yaraharitswe burundu.
Ku ruhande rw’uyu mukobwa, avuga ko nta kibazo na gito yumva bimuteye cyangwa ipfunwe ryo kuryamana na se umubyara kuko bakundana ndetse ko amukunda nk’uko yakunda n’undi muntu wese.
Abantu bo mu gace uyu muryango utuyemo utangaza ko wumiwe ukibona umusaza aryamana n’umukobwa we w’imuaka 25 wakabaye ashaka uwo bazarushingana bityo hakaba hari n’abanyamadini bamaze kuyoboka urwo rugo basengera uwo muryango.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Abenshi bakeka ko uyu musaza n’umukobwa baba bafite ikibazo cy’uburwayi bwo mu mutwe nubwo nta muganga ubyemeza.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Gentille@Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *