Umukobwa avuga uko bamuhaye amafaranga ngo aryamane n’imbwa

Sangiza iyi nkuru

Umukobwa w’imyaka 26 y’amavuko wo mu gihugu cya Nigeria, avuga uburyo bagenzi be bamuhaye amafaranga ngo aryamane n’imbwa nawe akabikora bitewe n’uburyo yabaga ayakeneye kandi nta yandi mahitamo afite.
Uyu mukobwa utatangajwe amazina akomeza avuga ko bagenzi be b’abakire ari bo baterateranyije amafaranga kugira ngo baze kumuha atubutse hanyuma akorane imibonano mpuzabitsina na nyarubwana, aba bakaba barabikoze babizi neza ko nta bundi bushobozi yari afite bwo kwikura mu kibazo yari afite.
Uyu mukobwa avuga ko yaje kujya muri kaminuza ariko ababyeyi be bagahita bitaba Imana akabona nta kundi yabigenza uretse guhagarika amasomo.
Gusa akigera ku ishuri, yahasanze abakobwa bagenzibe bamwizeza kumuha ubufasha ariko nawe akagira icyo yakora. Icyo gihe bamwemereye Miliyoni 3 z’Amanaira (Amafaranga akoreshwa muri Nigeria), ariko ntubamubwira icyo azakora.
Gusa ngo bamubwiye ko agomba gutekereza no gufata umwanya uhagije akiyumvisha ko icyo bazamusaba gukora agomba kugishobora kugira ngo abashe kubona amafaranga yo kwiga.
Igihe rero ngo cyarageze umwe mu basore b’inshuti z’abo bakobwa abaha ibihumbi 120 by’Amanaira ngo batemberere ahantu hitwa Victoria Island, aho bageze bakahasanga imbwa nyinshi zimoka izindi zirembera mu busitani ariko atungurwa no kubona ko ari imbwa zatojwe kuryamana n’abantu.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Uyu mukobwa rero bamusabye ko aryamana n’imbwa kugira ngo ahabwe ya mafaranga bamwemereye, gusa umwe muri bagenzi be ngo yarabanje yinjira mu nzu imwe abari aho bamuzanira ikibwa kinini aryamana na cyo ubundi wa mugenzi we akumva aririra munzu akagira ubwoba, amaherezo aza gukurikiraho nawe arinjira.
Uyu mukobwa akomeza avuga ko nta kundi yagombaga kubigenza kuko aho bari bamujyanye Atari ahazi byongeye n’ubukene yari afite akaba Atari kubasha kuhikura, agahitamo kwinjira muri ka kumba nawe akaryamana n’imbwa babaga basize ibintu by’ifu w’umweru ku mazuru ngo itaza kugira ibirwara yamwanduza.
Uyu mukobwa avuga ko yize kaminuza akayirangiza ariko ko afite igikomere cy’ukuntu yaryamanye n’imbwa kugirango abigereko akaba yumva atazagukira.
Avuga ko ku isi hariho abantu bagaragara nk’inshuti ariko ugasanga mu gihe uri mu bibazo bagerageza kugufasha byanze bikunze nabo hari icyo bagushakaho ndetse gishoboa no kugushyira mu kaga kurusha uko wari umeze.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Gentille@Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *