Umunyarwanda yahawe kuzasifura mu gikombe nyafurika cy’abatarengeje 20 muri Zambia

Sangiza iyi nkuru

Umusifuzi w’umunyarwanda Louis hakizimana agoye gusifura umukino w’abatarengeje imykaa 20 y’amavuko mu irushanwa ry’igikombe nyafurika mu mukino uzabera mu gihugu cya Zambiya mu kwezi gutaha.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Ibi ni ibyatangajwe n’ishyirahamwe nyafurika ry’umupira w’Amaguru ubwo ryasohoraga urutonde rw’abasifuzi bazasifura muri iri rushanwa ry’abatarengeje imyaka 20, ubwo uyu munyarwanda yagaragaraga kuri uru rutonde nyuma y’imyaka itari micye abanyarwanda babonetse ku rutonde nk’uru.
Hari hashize imyaka isaga 3, umunyarwanda Hudu Munyemana ari we usifuye mu irushanwa nk’iri.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Aya marushanwa y’abatarengeje imyaka 20 y’amavuko ateganyijwe guhera ku itariki ya 26 Gashyantare akazarangira muri Werurwe 2017.
Dore urutonde rw’abazasifura hagati ndetse no ku ruhande mu irushanwa
capture
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Nsengimana@Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *