Ni umwarimu, yigisha muri kaminuza, aragisha inama, Aho yagize ati: “ndi mwarimu muri kaminuza, umunyeshuli w’umukobwa wiga mu mwaka wa 3 yanyoherereje amafoto ye yambaye ubusa, ansaba amanota y’ubuntu nkayamuha majije kuryamana nawe, mungire inama nkore iki”?
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Ubu butumwa ni ubw’umwarimu wigisha muri UON (University of Nairobi). Nawe aho waba uri ushobora kuba warahuye n’iki kibazo cyangwa kikazakubaho n’ejo, aho ushobora kuba wigisha cyangwa akandi kazi ukora umukobwa akaba yagusaba serivisi. Urumva wakora iki?
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
@Bwiza.com


