Umupasiteri akoresha igitsina cye akura amashitani mu bagore

Sangiza iyi nkuru

Uwiyita umukozi w’Imana, Huang Jianjun ukomoka mu mujyi wa Guangzhou mu gihugu cy;uBushinwa aravugwaho umwihariko udasanzwe wo kuba yifashishije igitsina cye abasha kwirukana imizimu cyangwa ibindi yita amashitani mu bagore bafite ibibazo bitandukanye birimo n’ibyo kutabyara.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Urubuga ivoirematin.com dukesha iyi nkuru ruvuga ko uyu mugabo ngo abantu biganjemo abagore n’abakobwa bafite ibibazo bitandukanye bamugana ku bwinshi aho usanga bapanga guhurira mu byumba by’amahoteli n’ahandi babasha gukuramo imyenda yose bakisanzura nta w’ubahagaze hejuru.
Huang Jianjun, na we ubwe wemera ko afite ubushobozi bwo guhangana n’imizimu, avuga ko abagore badashimisha abagabo babo mu buriri gukemura ikibazo cy abo ari nk’agakino kuri we.
Buri mugore umugana agomba kuba yizeye ko ari bwambare ubusa nta nkomyi, umupasiteri na we akamujya hejuru akirukana iyo myuka mibi ituma abagabo babo batabakunda cyangwa batabiyumvamo.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Umukobwa utatangarijwe amazina uherutse gufatwa na Polisi yo muri kariya gace avuye kuryamana n’uyu wiyita umukozi w’Imana, yasobanuye ko yari asanzwe afite ikibazo cyo kutarangiza mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina kubera indwara ya Diabete.
Yemeje ko yemeye kuryamana n’uyu mupasiteri kuko amuziho ububasha n’ubushobozi bwo gutuma ashimisha uwo bazashakana.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Gentille@Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *