Umupfumu Rutangarwamaboko yavuze ko abarashe ya nyamaswa yiswe ‘Ingwe’ bakoze amahano

Sangiza iyi nkuru

Muganga Rutangarwamaboko, asanga abishe inyamaswa yitiranyijwe n’ingwe mu karere ka Huye bakwiye gugangahurwa, ngo kuko ibyo bakoze ari umuziro.

Ku wa Gatanu tariki ya 11 Nzeri ni bwo iyo nyamaswa byaje kumenyekana ko ari imondo, yarashwe n’abasirikare nyuma yo kuyisanga mu rugo rwo mu murenge wa Mukura yari irimo.

Ba nyir’urugo babanje kuyikangamo ingwe biba ngombwa ko bifungirana mu nzu kugira ngo itabakomeretsa, mu gihe nyuma y’uko yicwa abandi batangiye kuyitiranya n’urusamagwe.

Rutangarwamaboko rw’amaboko, ni umushakashatsi, umwigisha w’ubuzima bushingiye ku muco akaba n’inzobere mu by’umuco, amateka, imbonezabitekerezo (Filosofiya) n’ubuzima bwa muntu bushingiye ku myizerere, imyumvire, imitekerereze, imyitwarire ndetse n’imigirire.

Hejuru y’ibyo ni Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu Nyarwanda cy’Ubuzima bushingiye ku muco (RCHC).

Mu butumwa yasangije abamukurikira ku rubuga rwa Facebook, yavuze ko inyamaswa yiciwe i Huye ari imondo, mu busanzwe ikaba itenderanya.

Ati: “Ubundi iki si urusamagwe ahubwo ni imondo kandi ntabwo iryana. Amafoto agaragara muri gahunda z’imurikamuco nyarwanda rihoraho n’ubukerarugendo bushingiye ku muco ku kigo nyarwanda cy’Ubuzima bushingiye ku muco agaragaza uburyo imondo kuva kera mu muco wacu yigenderezwa ikanaziririzwa byihariye, cyane ko ari nkuru mu kubandwa.”

Rutangarwamaboko yavuze ko abishe iriya nyamaswa bakwiye “Kugangahurwa bagakubitwa icyuhagiro, bakabona gukira ubusame n’ubukenya”, ngo kuko no mu busanzwe kizira kwica inyamaswa yahungiye mu rugo.

Yatanze urugero rw’uko hari uwigeze kwica inyamaswa yari yahungiye mu rugo rwe bikamuvuramo gusara, ku buryo kumuvura bisanzwe byananiranye bikaba ngombwa ko hiyambazwa ubuvuzi bushingiye ku muco.

Muganga Rutangarwamaboko asanga kandi uretse kuba iriya nyamaswa yari idakwiye kwicwa kubera ko iri mu bidukikije, no mu busanzwe ngo imondo iri mu nyamaswa ziri gukendera, akabiheraho avuga ko yari gushyikirizwa inzobere kugira ngo izibungabunge.

Soma Izindi Nkuru

28 Responses

  1. Umupfumu Rutangarwamaboko yavuze ko abarashe ya nyamaswa yiswe ‘Ingwe’ bakoze amahano
    Urakoze ku bw’inama watanze. Ntiwakumva uburyo nashenguwe niraswa ry’iriya nyamaswa. Yiriwe mu rugo yiryamiye abasirikare nabapolisi bagasanga isasu aricyo gisubizo. Bamwe barengera ibidukikije iyo batanga urugero bakayisinziriza ikagezwa aho igomba kuba byari gutwara iki? Mu ifatwa ryibyemezo abayobozi bagure ibitekerezo, buri gihe siko igisubizo cyoroshye kiba ari kiza

    1. Umupfumu Rutangarwamaboko yavuze ko abarashe ya nyamaswa yiswe ‘Ingwe’ bakoze amahano
      Ko ntarumva mushengurwa nabapfa nkanswe inyamanswa, mubanze mwamagane abagimbera urwango binabababaze munabihagurukire!

    2. Umupfumu Rutangarwamaboko yavuze ko abarashe ya nyamaswa yiswe ‘Ingwe’ bakoze amahano
      Ko ntarumva mushengurwa nabapfa nkanswe inyamanswa, mubanze mwamagane abagimbera urwango binabababaze munabihagurukire!

  2. Umupfumu Rutangarwamaboko yavuze ko abarashe ya nyamaswa yiswe ‘Ingwe’ bakoze amahano
    Urakoze ku bw’inama watanze. Ntiwakumva uburyo nashenguwe niraswa ry’iriya nyamaswa. Yiriwe mu rugo yiryamiye abasirikare nabapolisi bagasanga isasu aricyo gisubizo. Bamwe barengera ibidukikije iyo batanga urugero bakayisinziriza ikagezwa aho igomba kuba byari gutwara iki? Mu ifatwa ryibyemezo abayobozi bagure ibitekerezo, buri gihe siko igisubizo cyoroshye kiba ari kiza

  3. Umupfumu Rutangarwamaboko yavuze ko abarashe ya nyamaswa yiswe ‘Ingwe’ bakoze amahano
    Buriya babonye kuyirasa mu cyico aribyo byihutirwa.

  4. Umupfumu Rutangarwamaboko yavuze ko abarashe ya nyamaswa yiswe ‘Ingwe’ bakoze amahano
    Buriya babonye kuyirasa mu cyico aribyo byihutirwa.

  5. Umupfumu Rutangarwamaboko yavuze ko abarashe ya nyamaswa yiswe ‘Ingwe’ bakoze amahano
    Ariko ubwo abasakuza gutyo babuze iki ngo bavuge kumatangazo ya buri munsi police itanga shoot and dead.

  6. Umupfumu Rutangarwamaboko yavuze ko abarashe ya nyamaswa yiswe ‘Ingwe’ bakoze amahano
    Ariko ubwo abasakuza gutyo babuze iki ngo bavuge kumatangazo ya buri munsi police itanga shoot and dead.

  7. Umupfumu Rutangarwamaboko yavuze ko abarashe ya nyamaswa yiswe ‘Ingwe’ bakoze amahano
    Abashinzwe umutekano byumwihariko abapolisi wagirango bavuye kwikosi batarashe kuko bafite inzara yabyo kubi, icyo babonye cyose bararasa ni nka baba local defense ba kera basindaga nijora bataha mugashyamba akabona igihuru ati wasanga ari umuntu wanteze akaba ararashe.

    Bisubireho mbere yo kurasa bajye batekereza 2 niba ntayindi alternative ishoboka yakwifashishwa kuruta kwambura ikiremwa ubuzima batagihaye.

    Murakoze abo bireba babyumve

  8. Umupfumu Rutangarwamaboko yavuze ko abarashe ya nyamaswa yiswe ‘Ingwe’ bakoze amahano
    Abashinzwe umutekano byumwihariko abapolisi wagirango bavuye kwikosi batarashe kuko bafite inzara yabyo kubi, icyo babonye cyose bararasa ni nka baba local defense ba kera basindaga nijora bataha mugashyamba akabona igihuru ati wasanga ari umuntu wanteze akaba ararashe.

    Bisubireho mbere yo kurasa bajye batekereza 2 niba ntayindi alternative ishoboka yakwifashishwa kuruta kwambura ikiremwa ubuzima batagihaye.

    Murakoze abo bireba babyumve

  9. Umupfumu Rutangarwamaboko yavuze ko abarashe ya nyamaswa yiswe ‘Ingwe’ bakoze amahano
    Abashinzwe umutekano byumwihariko abapolisi wagirango bavuye kwikosi batarashe kuko bafite inzara yabyo kubi, icyo babonye cyose bararasa ni nka baba local defense ba kera basindaga nijora bataha mugashyamba akabona igihuru ati wasanga ari umuntu wanteze akaba ararashe.

    Bisubireho mbere yo kurasa bajye batekereza 2 niba ntayindi alternative ishoboka yakwifashishwa kuruta kwambura ikiremwa ubuzima batagihaye.

    Murakoze abo bireba babyumve

  10. Umupfumu Rutangarwamaboko yavuze ko abarashe ya nyamaswa yiswe ‘Ingwe’ bakoze amahano
    Abashinzwe umutekano byumwihariko abapolisi wagirango bavuye kwikosi batarashe kuko bafite inzara yabyo kubi, icyo babonye cyose bararasa ni nka baba local defense ba kera basindaga nijora bataha mugashyamba akabona igihuru ati wasanga ari umuntu wanteze akaba ararashe.

    Bisubireho mbere yo kurasa bajye batekereza 2 niba ntayindi alternative ishoboka yakwifashishwa kuruta kwambura ikiremwa ubuzima batagihaye.

    Murakoze abo bireba babyumve

  11. Umupfumu Rutangarwamaboko yavuze ko abarashe ya nyamaswa yiswe ‘Ingwe’ bakoze amahano
    Abashinzwe umutekano byumwihariko abapolisi wagirango bavuye kwikosi batarashe kuko bafite inzara yabyo kubi, icyo babonye cyose bararasa ni nka baba local defense ba kera basindaga nijora bataha mugashyamba akabona igihuru ati wasanga ari umuntu wanteze akaba ararashe.

    Bisubireho mbere yo kurasa bajye batekereza 2 niba ntayindi alternative ishoboka yakwifashishwa kuruta kwambura ikiremwa ubuzima batagihaye.

    Murakoze abo bireba babyumve

  12. Umupfumu Rutangarwamaboko yavuze ko abarashe ya nyamaswa yiswe ‘Ingwe’ bakoze amahano
    Abashinzwe umutekano byumwihariko abapolisi wagirango bavuye kwikosi batarashe kuko bafite inzara yabyo kubi, icyo babonye cyose bararasa ni nka baba local defense ba kera basindaga nijora bataha mugashyamba akabona igihuru ati wasanga ari umuntu wanteze akaba ararashe.

    Bisubireho mbere yo kurasa bajye batekereza 2 niba ntayindi alternative ishoboka yakwifashishwa kuruta kwambura ikiremwa ubuzima batagihaye.

    Murakoze abo bireba babyumve

  13. Umupfumu Rutangarwamaboko yavuze ko abarashe ya nyamaswa yiswe ‘Ingwe’ bakoze amahano
    Abashinzwe umutekano byumwihariko abapolisi wagirango bavuye kwikosi batarashe kuko bafite inzara yabyo kubi, icyo babonye cyose bararasa ni nka baba local defense ba kera basindaga nijora bataha mugashyamba akabona igihuru ati wasanga ari umuntu wanteze akaba ararashe.

    Bisubireho mbere yo kurasa bajye batekereza 2 niba ntayindi alternative ishoboka yakwifashishwa kuruta kwambura ikiremwa ubuzima batagihaye.

    Murakoze abo bireba babyumve

  14. Umupfumu Rutangarwamaboko yavuze ko abarashe ya nyamaswa yiswe ‘Ingwe’ bakoze amahano
    Abashinzwe umutekano byumwihariko abapolisi wagirango bavuye kwikosi batarashe kuko bafite inzara yabyo kubi, icyo babonye cyose bararasa ni nka baba local defense ba kera basindaga nijora bataha mugashyamba akabona igihuru ati wasanga ari umuntu wanteze akaba ararashe.

    Bisubireho mbere yo kurasa bajye batekereza 2 niba ntayindi alternative ishoboka yakwifashishwa kuruta kwambura ikiremwa ubuzima batagihaye.

    Murakoze abo bireba babyumve

  15. Umupfumu Rutangarwamaboko yavuze ko abarashe ya nyamaswa yiswe ‘Ingwe’ bakoze amahano
    Ibyo navuze bibaye impamo ntangwe igaragara kumanywa yibayo yari kubivuna bayishotoye

  16. Umupfumu Rutangarwamaboko yavuze ko abarashe ya nyamaswa yiswe ‘Ingwe’ bakoze amahano
    Ibyo navuze bibaye impamo ntangwe igaragara kumanywa yibayo yari kubivuna bayishotoye

  17. Umupfumu Rutangarwamaboko yavuze ko abarashe ya nyamaswa yiswe ‘Ingwe’ bakoze amahano
    Ariko ndashaka gusubiza abantu murimo guhubuka mukuvuga mugakabya

    Mujye muvuga mubanje gushishoza inzego zumuteka zifite uko zikora kd mudashinzwe kumenya mubareke kuko bayirashe babonyeko aringombwa kurengera ikiremwa muntu!! Ese reka mbabaze nkaburiya yangije ubuzima bwumuntu harikuba havugwiki???

    Freeman wabyumvise ntugahubuk

  18. Umupfumu Rutangarwamaboko yavuze ko abarashe ya nyamaswa yiswe ‘Ingwe’ bakoze amahano
    Ariko ndashaka gusubiza abantu murimo guhubuka mukuvuga mugakabya

    Mujye muvuga mubanje gushishoza inzego zumuteka zifite uko zikora kd mudashinzwe kumenya mubareke kuko bayirashe babonyeko aringombwa kurengera ikiremwa muntu!! Ese reka mbabaze nkaburiya yangije ubuzima bwumuntu harikuba havugwiki???

    Freeman wabyumvise ntugahubuk

  19. Umupfumu Rutangarwamaboko yavuze ko abarashe ya nyamaswa yiswe ‘Ingwe’ bakoze amahano
    Ntibitangaje nabo baba baribwaribwa nka shebuja nibamukurikire iyo yagiye

  20. Umupfumu Rutangarwamaboko yavuze ko abarashe ya nyamaswa yiswe ‘Ingwe’ bakoze amahano
    Ntibitangaje nabo baba baribwaribwa nka shebuja nibamukurikire iyo yagiye

  21. Umupfumu Rutangarwamaboko yavuze ko abarashe ya nyamaswa yiswe ‘Ingwe’ bakoze amahano
    abantu tujye tuvuga twabanje gutekereza. Inyamaswa yose iri aho itagomba kuba (muri park cg yororewe murugo)isaha yose haribyo yakwangiza birimo kurya abantu cg amatungo yabaturage, kimwe nuko ishobora gusara bikagira ingaruka kubantu benshi. Inzego zacu zumutekano umwanzuro wo kuyirasa nicyo gisubizo cyanyuma kko iyo mondo cg ubundi bwoko ntacyari kubabwira ko iziririzwa nkuko Rutangarwamaboko abivuga.

    Tuzi henshi imbwa zagiye zirya abantu bikbagiraho ingaruka, cg izirya amatungo munzuri, icyogihe inzego zibyigaho bakazihiga zikaraswa.

    Ntagikuba cyacitse kubera iyo mondo ntiducumuze rwose kuburyo twagera aho tuvuga nabi inzego zumutekano zacu dusanzwe twizera.

    Murakoze

  22. Umupfumu Rutangarwamaboko yavuze ko abarashe ya nyamaswa yiswe ‘Ingwe’ bakoze amahano
    abantu tujye tuvuga twabanje gutekereza. Inyamaswa yose iri aho itagomba kuba (muri park cg yororewe murugo)isaha yose haribyo yakwangiza birimo kurya abantu cg amatungo yabaturage, kimwe nuko ishobora gusara bikagira ingaruka kubantu benshi. Inzego zacu zumutekano umwanzuro wo kuyirasa nicyo gisubizo cyanyuma kko iyo mondo cg ubundi bwoko ntacyari kubabwira ko iziririzwa nkuko Rutangarwamaboko abivuga.

    Tuzi henshi imbwa zagiye zirya abantu bikbagiraho ingaruka, cg izirya amatungo munzuri, icyogihe inzego zibyigaho bakazihiga zikaraswa.

    Ntagikuba cyacitse kubera iyo mondo ntiducumuze rwose kuburyo twagera aho tuvuga nabi inzego zumutekano zacu dusanzwe twizera.

    Murakoze

  23. Umupfumu Rutangarwamaboko yavuze ko abarashe ya nyamaswa yiswe ‘Ingwe’ bakoze amahano
    Birakaze.jyewe mba numiwe pe

  24. Umupfumu Rutangarwamaboko yavuze ko abarashe ya nyamaswa yiswe ‘Ingwe’ bakoze amahano
    Birakaze.jyewe mba numiwe pe

  25. Umupfumu Rutangarwamaboko yavuze ko abarashe ya nyamaswa yiswe ‘Ingwe’ bakoze amahano
    Niko byakagombye kujyenda
    Kandi iyo migenzo ntacyo irabatwara mureke iterabwoba ngo barasara

  26. Umupfumu Rutangarwamaboko yavuze ko abarashe ya nyamaswa yiswe ‘Ingwe’ bakoze amahano
    Niko byakagombye kujyenda
    Kandi iyo migenzo ntacyo irabatwara mureke iterabwoba ngo barasara

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *