Umupolisi yarekuye umukobwa ukekwaho ibyaha kuko baryamanye akumva ‘araryoshye’

Sangiza iyi nkuru

Umupolisi wo muri Ghana witwa Isaac Ampomah uri ku ipeti rya Corporal yarekuye umukobwa witwa Theresa Forsa, wari ufunzwe akekwaho ibyaha, nyuma y’ibivugwa ko yari amaze kuryamana na we akumva biraryoshye cyane.

Ampomah Radio Star FM ivuga ko akiri muto, yari ku burinzi ahitwa Nkanfoa mu gace kari rwagati muri Ghana, ” kuwa Gatandatu tariki ya 25 Nzeri 2021, yaryamanye na Forsa, aramurekura ku bwo kugirana ibihe byiza akaryoherwa.”

Iki kinyamakuru kivuga ko uyu mukobwa yari amaze igihe muri gereza, yaryamanye na Apomah, na we amugororera gutoroka ataburanishijwe ndetse ngo anakora ibishoboka byose ko atakongera gufatwa.

Ampomah kuri ubu yatawe muri yombi mu gihe uwatorotse ari gushakishwa. Hari amakuru ko umuryango w’uyu mukobwa waba waramufashe ukamugarura muri gereza wirinda ko wajya mu mazi abira ku guhisha ukekwaho ibyaha.

Ubuzima bushaririye bw’abarimu n’abanyeshuri bakoze ikizamini cya Leta, Baribaza niba ari igihano?
youtube.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *