Umuryango wa Diamond uramushimagiza nyuma yo gusomana na Tanasha ku karubanda

Sangiza iyi nkuru

Abantu bo mu muryango wa Diamond  Platnumz barimo mushiki we, Esma Platnumz  bagaragaje ko bashimiye isomana ry’uyu mugabo na Tanasha bateganya kubana ryebereye ku karubanda.

Diamond na Tanasha bagaragaye basomana buri kanya ubwo bari muri hoteli  yitwa Hyatt Regency yo muri Tanzania.

Ni ibirori bari batumiwemo n’Ushinzwe Itumanaho mu Ikipe ya Simba, Haji Manara.

Mushiki we, Esma abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram yatangaje ko nta wahakana ko aba bombi baberewe uretse abagira ishyari.

Ati “ Muvandimwe, simbitewe nayo marangamutima yo gusomana, ntangiye gukumbura uwo mukobwa. Murumuna wanjye, uteye ubwuzu, ubihakana ni umurozi kandi nzi neza ko nta wahakana uretse abanyeshyari.”

Diamond and Tanasha kiss 2
Diamond ubwo yasomanaga na Tanasha

[penci_related_posts taxonomies=”undefined” title=”Izindi nkuru wasoma” background=”” border=”” thumbright=”no” number=”4″ style=”list” align=”none” displayby=”recent_posts” orderby=”random”]

Diamond na Tanasha abakomeje kurya iraha mu ruhame mu gihe habura iminsi mike ngo bakore ubukwe.

 

 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *