Umusaza w’imyaka 76 yasanzwe yimanitse mu bitaro yari arwariyemo yapfuye

Sangiza iyi nkuru

Umusaza w’imyaka 76 y’amavuko yasanzwe yapfuye nyuma yo kwimanika mu bitaro bya Montefiore biherereye mu mujyi wa New York.
Polisi yo muri kariya gace yatangaje ko basanze uyu musaza utatangajwe amazina yibanitse mu bwogero akoresheje umukandara yakenyezaga ipatalo.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Nubwo amazina y’uyu musaza atatangajwe, ngo yari amaze igihe arwariye muri biriya bitaro ariko n’impamvu yamuteye kwimanika ikaba itaramenyekana ahubwo iri gukorwaho iperereza.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Nsengimana@Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *