Ifoto: Bamwe mu bagize umutwe w’ingabo zidasanzwe z’u Rwanda zoherejwe muri Centrafrica
Umuvugizi w’Intumwa Yihariye y’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya Centrafrica, Vladimir Monteiro, kuri uyu wa 13 Mutarama 2021 yatangaje ko umusirikare w’u Rwanda yiciwe mu gitero cy’imitwe yitwaje intwaro.
Nk’uko bigaragara mu itangazo Monteiro yashyize ku rubuga rw’Ingabo za UN ziri mu butumwa bw’amahoro muri Centrafrica (MINUSCA), iyi mitwe yitwaje intwaro yagabye iki gitero mu nkengero z’umurwa mukuru, Bangui, uyu munsi.
Riti: “MINUSCA ibabajwe no kubura casque blue (umusirikare uri mu butumwa bw’amahoro), mu gihe undi yakomeretse. Intumwa Yihariye y’Umunyamabanga Mukuru wa UN muri Repubulika ya Centrafrica akaba n’umuyobozi wa MINUSCA, Mankeur Ndiaye, yunanimye umusirikare wapfuye ari mu butumwa bw’amahoro, arihanganisha umuryango we na bagenze be ndetse na Leta y’u Rwanda.”
Monteiro avuga ko iki gitero cyagabwe ku basirikare ba MINUSCA bagisubije inyuma, ku bufatanye n’ingabo za Centrafrique, bifashishije ibikoresho birimo indege za kajugujugu.
Monteiro yatangaje ko bamwe mu barwanyi b’iyi mitwe bishwe, abandi bafatirwa mpiri mu gikorwa cyo kubasubiza inyuma.
Imitwe irimo Anti-Balaka, UPC, 3R, MPC ishyigikiye François Bozizé wabaye Perezida wa Centrafrica ni yo ikomeje kubuza umutekano abaturage na bamwe mu basirikare bari mu butumwa bw’amahoro muri iki gihugu.



32 Responses
Umusirikare w’u Rwanda yiciwe muri Centrafrica
uyu musirikare w’u Rwanda witabye imana, imwakire mubayo.
Umusirikare w’u Rwanda yiciwe muri Centrafrica
uyu musirikare w’u Rwanda witabye imana, imwakire mubayo.
Umusirikare w’u Rwanda yiciwe muri Centrafrica
Kuki muhora muvuga ngo mwatewe namwe mugomba kubagabaho igitero mukabahiga kumuriro mwinshi hadui agahabuka erega umwanzi ugomba kumushaka siwe ugashaka nihanganishije umuryango wuwo mwana ugiye nkintwari
Umusirikare w’u Rwanda yiciwe muri Centrafrica
Kuki muhora muvuga ngo mwatewe namwe mugomba kubagabaho igitero mukabahiga kumuriro mwinshi hadui agahabuka erega umwanzi ugomba kumushaka siwe ugashaka nihanganishije umuryango wuwo mwana ugiye nkintwari
Umusirikare w’u Rwanda yiciwe muri Centrafrica
bafatwe bahanishwe uruba nkwiye. dukunda inkuru mutugezaho.
Umusirikare w’u Rwanda yiciwe muri Centrafrica
Twihanganishije RDF muri ruysange, n’umuryango w’umusirikare wahatakarije ubuzima, ariko ku ruganba niko biba, n’ukurwana ukaba wakomereka cyangwa ugapfa, rero dukomeze guharanira ishema RDF iduhesha mu ruhando mpuzamhanga mu rwego rwo kugarura amahoro kwisi, ndizera ntashidikanya ko bazava CAR ituze ryaraje nkuko na darfur ituze ryagarutse
Umusirikare w’u Rwanda yiciwe muri Centrafrica
Twihanganishije RDF muri ruysange, n’umuryango w’umusirikare wahatakarije ubuzima, ariko ku ruganba niko biba, n’ukurwana ukaba wakomereka cyangwa ugapfa, rero dukomeze guharanira ishema RDF iduhesha mu ruhando mpuzamhanga mu rwego rwo kugarura amahoro kwisi, ndizera ntashidikanya ko bazava CAR ituze ryaraje nkuko na darfur ituze ryagarutse
Umusirikare w’u Rwanda yiciwe muri Centrafrica
bafatwe bahanishwe uruba nkwiye. dukunda inkuru mutugezaho.
Umusirikare w’u Rwanda yiciwe muri Centrafrica
Ntampamvu yo kujenjekera iyo mitwe bagomba kuyiahiga bukware mpaka amahoro agarutse muri kiriya gihugu. Kandi iyo wagiye guhiga umwanzi ntabwo wicara NGO azagutere uba ugomba kumushaka nsho yaba mumwobo
Umusirikare w’u Rwanda yiciwe muri Centrafrica
Ntampamvu yo kujenjekera iyo mitwe bagomba kuyiahiga bukware mpaka amahoro agarutse muri kiriya gihugu. Kandi iyo wagiye guhiga umwanzi ntabwo wicara NGO azagutere uba ugomba kumushaka nsho yaba mumwobo
Umusirikare w’u Rwanda yiciwe muri Centrafrica
Bibaye byiza mwadutangariza namazina ye niba ntawe byabangamira????????????
Umusirikare w’u Rwanda yiciwe muri Centrafrica
Bibaye byiza mwadutangariza namazina ye niba ntawe byabangamira????????????
Umusirikare w’u Rwanda yiciwe muri Centrafrica
Gusa imana imwakire mubayo umusiwe wariwageze umuryangowe ugire kwihangana?
Umusirikare w’u Rwanda yiciwe muri Centrafrica
Gusa imana imwakire mubayo umusiwe wariwageze umuryangowe ugire kwihangana?
Umusirikare w’u Rwanda yiciwe muri Centrafrica
Nihanganishi umuryango wabuze wabo ukomeze kwihangana nigihu miri rusange turababaye pe!
Umusirikare w’u Rwanda yiciwe muri Centrafrica
Nihanganishi umuryango wabuze wabo ukomeze kwihangana nigihu miri rusange turababaye pe!
Umusirikare w’u Rwanda yiciwe muri Centrafrica
Birababaje cyane pe imana imwakire
Umusirikare w’u Rwanda yiciwe muri Centrafrica
Birababaje cyane pe imana imwakire
Umusirikare w’u Rwanda yiciwe muri Centrafrica
Twihangane murwanda tunihanganisha umuryangowe
Umusirikare w’u Rwanda yiciwe muri Centrafrica
Twihangane murwanda tunihanganisha umuryangowe
Umusirikare w’u Rwanda yiciwe muri Centrafrica
Twihangane murwanda tunihanganisha umuryangowe
Umusirikare w’u Rwanda yiciwe muri Centrafrica
Twihangane murwanda tunihanganisha umuryangowe
Umusirikare w’u Rwanda yiciwe muri Centrafrica
Nihanganishije umuryango wumusirikare wacu
Umusirikare w’u Rwanda yiciwe muri Centrafrica
Nihanganishije umuryango wumusirikare wacu
Umusirikare w’u Rwanda yiciwe muri Centrafrica
Basore ndabashyigikiye kbs,mupige wakings tuko wote.
Umusirikare w’u Rwanda yiciwe muri Centrafrica
Basore ndabashyigikiye kbs,mupige wakings tuko wote.
Umusirikare w’u Rwanda yiciwe muri Centrafrica
Nihanganishije umuryango wanyakwigendera n’igihugu muri rusange kdi umwanzi bamuhige aho kugirango ariwe ubahiga.
Umusirikare w’u Rwanda yiciwe muri Centrafrica
Nihanganishije umuryango wanyakwigendera n’igihugu muri rusange kdi umwanzi bamuhige aho kugirango ariwe ubahiga.
Umusirikare w’u Rwanda yiciwe muri Centrafrica
Nihanganishije umuryango wanyakwigendera n’igihugu muri rusange kdi umwanzi bamuhige aho kugirango ariwe ubahiga.
Umusirikare w’u Rwanda yiciwe muri Centrafrica
Nihanganishije umuryango wanyakwigendera n’igihugu muri rusange kdi umwanzi bamuhige aho kugirango ariwe ubahiga.
Umusirikare w’u Rwanda yiciwe muri Centrafrica
Nihanganishije umuryango wanyakwigendera n’igihugu muri rusange kdi umwanzi bamuhige aho kugirango ariwe ubahiga.
Umusirikare w’u Rwanda yiciwe muri Centrafrica
Nihanganishije umuryango wanyakwigendera n’igihugu muri rusange kdi umwanzi bamuhige aho kugirango ariwe ubahiga.