Mwiriwe neza basomyi ba Bwiza.com, imyaka ishize ari 4, umusore yari inshuti yanjye bisanzwe, ubwo yari afite ubukwe mu ijoro ryo ku wa Gatanu, buracya ubukwe buba nibwo yanteye inda.
Twaraye iwabo turimo gutegura ubukwe kuko nari umwe mu bakobwa bagombaga kumukenyerera, iryo joro twarabyinnye, uko umubiri ukubana, twisanze twagu
ye mu bishuko turasambana.
Naryamanye n’uwo musore buracya akora ubukwe, na mwe mwumve ayo mahano, icyambabaje ni uko hashize iminsi ntangira kumubwira ko numva mu mubiri wanjye byarahindutse ko nkeka ko yanteye inda.
Ako kanya yahise ambwira ngo nubwo byabaho nzabifate nkaho bitabayeho, nyuma namubwiye ko ntwite inda ye, arahakana ngo si we wenyine uzi kuzitera, ngo ndi indaya, ndi ikigoryi, ngo ngamije kumusenyera urugo.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Yageze naho ambwira ko namuteye imiti ngo ngamije ko turyamana ngo mbone uko nica ubukwe bwe, nakwibuka ukuntu yanteretaga muri iryo joro ansaba ko turyamana amarira agahita ajenga mu maso yanjye.
Umwana wanjye afite imyaka 3 n’igice, we amaze imyaka 4 n’amezi nka 3 bubaye, ariko babuze urubyaro. Bakunzi ba Bwiza.com Aho aboneye ko umugore yazanye ashobora kuzabura urubyaro, byamuteye ubwoba, ubu buri munota arampamagara ngo aranshaka, ngo arashaka umwana we,…
Mu by’ukuri nabuze amahitamo, ngo arashaka kwerekana umwana we kugirango igisebo kimuveho, ngo agaragaze ko abyara, ahubwo ikibazo ari umugore we.
Mungire inama kuko nabuze amahitamo, murakoze!
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
@Bwiza.com
Ako kanya yahise ambwira ngo nubwo byabaho nzabifate nkaho bitabayeho, nyuma namubwiye ko ntwite inda ye, arahakana ngo si we wenyine uzi kuzitera, ngo ndi indaya, ndi ikigoryi, ngo ngamije kumusenyera urugo.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Yageze naho ambwira ko namuteye imiti ngo ngamije ko turyamana ngo mbone uko nica ubukwe bwe, nakwibuka ukuntu yanteretaga muri iryo joro ansaba ko turyamana amarira agahita ajenga mu maso yanjye.
Umwana wanjye afite imyaka 3 n’igice, we amaze imyaka 4 n’amezi nka 3 bubaye, ariko babuze urubyaro. Bakunzi ba Bwiza.com Aho aboneye ko umugore yazanye ashobora kuzabura urubyaro, byamuteye ubwoba, ubu buri munota arampamagara ngo aranshaka, ngo arashaka umwana we,…
Mu by’ukuri nabuze amahitamo, ngo arashaka kwerekana umwana we kugirango igisebo kimuveho, ngo agaragaze ko abyara, ahubwo ikibazo ari umugore we.
Mungire inama kuko nabuze amahitamo, murakoze!
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
@Bwiza.com


