Umusore wakoraga akazi ko mu rugo yavuye imuzi uburyo bugayitse yakoreshaga kugirango asambanye umukoresha we (nyirabuja) nkuko abivuga ni umusore w’ imyaka 25 utarashatse ko amazina ye atangazwa yatanze ubuhamya bw’ ukuntu yarongoraga nyirabuja nyuma yo kumuha icyayi yashyizemo ibibinini bisinziriza bizwi nka Feneliga.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Ubusanzwe nyirabuja yakundaga icyayi kuburyo yavaga ku kazi agahita amusaba kumutekera icyayi, umunsi umwe umugabo we yagiye mu butumwa bw’ akazi amarayo iminsi, umusore yiha gahunda yo kujya asinziriza nyirabuja akamurongora atumva.
Nyuma yo kumusinziriza yamukoreraga imibonano atumva
Yatangiye asobanura uko byagendaga agira ati: ” iyo yatahaga yansabaga kumutekera icyayi, nkagikora nkashyiramo Feneliga yamara kukinywa agahita asinzira akajya mu cyumba cye akibagirwa no gukinga.
Iyo yamaraga kuryama nahitaga ninjira mu cyumba nkabanza nkasuzuma ko yasinziriye nkahita mukuramo imyambaro y’ imbere nkatangira kumurongora.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Hari n’ igihe byabaga ngombwa ko mpamagara na bagenzi banjye babakozi bo mu rugo twari duturanye bakaza bakirongorera.
Yahaga nyirabuja feneliga ngo abone uko amurongora atumva
Uburyo naje gufatwa Mabuja yagishije inama abo bakoranaga uburyo byagendaga iyo yakangukaga agasanga ameze nk’ uwakoze imibonano mpuzabitsina, ariko yatekereza ko umugabo we adahari akayoberwa uko byamugendekeye abatekerereza uko bigenda iyo ageze mu rugo uburyo yaka icyayi umukozi agahita asinzira batangira kumugira inama.
Bamubwira ko nagera murugo arabikora nk’ uko bisanzwe nyuma icyayi ntakinywe agahita ajya kuryama, abikora gutyo, nyamuhungu nawe aza nk’ uko yamenyereye atangira kumukuramo imyenda y’ imbere nyirabuja aba amufashe gutyo umuhungu akorwa n’ ikimwaro.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Umugabo wuwo mugore wahohoterwaga aje kuva mubutumwa bwakazi bamutekerereza uko byagenze uwo mukozi bamushyikiriza ubutabera araburanishwa icyaha kiramuhama aza gukatirwa imyaka 5 y’igifungo , gusa baje no gusanga umugore yarasamye inda bivugwa ko yaba ari iy’ uwo mukozi cyangwa bagenzi be bafatanyaga ubwo bugizi bwa nabi.
Murajye mwitondera ibiribwa cyangwa ibinyobwa mutegurirwa n’abakozi kuko bose si abo kwizerwa
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Gentille@Bwiza.com


