Umwana w’umuhungu ugezemu kigero cy’ubugimbi aravugwaho kuba asa n’uri mu kato mu gihugu cya Esipanye kubera ibyo akora bias n’ibidasanzwe, aho abasha guhindukiza umutwe we akareba inyuma mu mugongo.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Uyu mwana abaturage bavuga ko akoreshwa n’amashitani ariko we akavuga ko nta kibazo ndetse ko ari muzima. Abo mu muryango w’uyu mwana bavuga ko batangiye babona abikora ndetse rimwe na rimwe akabasha no gufata telefone akabandikira areba inyuma bagaseka bazik oari ibintu bisanzwe.
Ikibazo cyaje kuvuka nyuma y’uko uyu mwana atangiye gukwirakwira hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga amashusho ye ari gukora ibyo umuntu yakwita ibitangaza.
Abantu benshibaterwa ubwoba n’uyu mwana kuko ngo abasha no kubikora adakozeho, akagoronzora ijosi rye ku buryo imitsi yose ihindura umwanya yari irimo ijosi rikabasha guhindukira iasura ikajya inyuama ndetse ibi ngo akaba ajya anabikora mu gihe ari gukina n’abandi bana bakagira ubwoba.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Kugeza ubu, uyu mwana utatangajwe amazira ngo yahawe akato mu gace akomokamo kuko uwo bagiye guhura wese aca iruhande yirinda guhura na we azi ko ari bumugirire nabi.

Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Nsengimana@Bwiza.com


