Umwana warushaga abandi umutwe munini ku isi, yawubazwe uvamo litiro 3 zirenga -AMAFOTO

Sangiza iyi nkuru

Mrityunjay Das, ni umwana w’umuhungu ufite amezi 7 y’amavuko, ababyeyi be bakomoka mu gihugu cy’Ubuhinde, uyu mwana akaba yabazwe n’inzobere z’abaganga bo muri icyo gihugu bamuvomamo litiro 3 z’amazi dore ko yari afite umutwe munini kurusha abandi bana batuye iyi si.
a1
Uyu mwana yavukanye amazi mu mutwe we, uburwayi buzwi ku izina rya “Hydrocephalus”. Akaba yaravuwe n’abaganga bayobowe na Dr Dilip Parida wo mu ibitaro byo mu gace ka Bhuwaneshwa.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Dr Dilip Parida yagize ati: “Umwana twamutangiye ku wa 20 Ugushyingo 2016, yari afite Litiro 5.5 z’amazi mu mutwe we”.
a2
Akaba akomeza avuga ko ayo bamuvomyemo ari litiro 3.7, ariko bakaba batarayamennye ahubwo ko bayayoboye ajya mu nda ye, aho kuyamena hanze.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Andi mafoto:
a3 a4 a5 a6 a7 a8
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Théoneste@Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *