ibaruwa-itukura.jpg

Uwiyita umukiliya utishimye yandikiye MTN ibaruwa itukura

Sangiza iyi nkuru

Umunyarwanda witwa Rugasaguhunga Ruzindana yandikiye ibaruwa Ikigo gicuruza Serivisi z’itumanaho na murandasi, MTN, ayicisha kuri Twitter akinenga ko amaze icyumweru adashobora gukoresha murandasi yaguze imuhenze, yabaza ababishinzwe bakamusiragiza.

Kuri Twitter (https://twitter.com/RuzindanaRUGASA) yanditse ati: “Mbabajwe no kubandikira nkoresheje ikaramu y’UMUTUKU. Birababaje cyane kubasaba service Icyumweru cyose ntacyo mumfasha. Ni ngombwa ngo umuntu ajye yiyambaza RURA igihe cyose mubone KUMUFASHA?- Umukiliya utishimye –RR.

ibaruwa-itukura.jpg

Alain Numa uyobora Ishami rya MTN rishinzwe kuyivugira yavuganye na Taarifa ko atahakana ko ibibazo bya tekiniki bitaba mu kigo avugira ariko akemeza ko ikibazo cya Rugasaguhunga cyakemuwe kandi ko n’undi wagira ikibazo yajya akibagezaho bakagikemura.

Ku ngingo y’uko hari ubwo batinda kwitaba ababakeneyeho serivisi, Alain Numa avuga ko akenshi biterwa n’uko umurongo wabo uba uri guhamagarwa n’abantu benshi bityo bamwe ntibitabwe uko babyifuza. Ati: ” Sinahakana ko hari abo dutinda kwitaba ariko biterwa n’umubare w’abantu baba baduhamagara bashaka serivisi kandi uko call center iteye ni uko uwahamagaye mbere ari we ubanza kwitabwa hagakurikiraho uwamukurikiye gutyo, gutyo!”

Avuga ko muri rusange MTN itanga serivisi nziza ariko ko niyo habaho ikibazo, buri wese yemerewe kukibagezaho bakagikemura.

Yanditse ibaruwa y’ubururu yiya umukiliya unyuzwe

Uyu mukiliya nyuma yo kugeza ikibazo cye kuri MTN kikanakemurwa, yanditse ibaruwa mu ikaramu y’ubururu avuga ko byakemutse.

epwowvbxcaemy2t.jpg

Soma Izindi Nkuru

16 Responses

  1. Uwiyita umukiliya utishimye yandikiye MTN ibaruwa itukura
    Uwabandikira bwakwira bugacya sinibaza ukuntu abantu bakora mukigo kimwe ubabaza ikibazo cya transaction zakozwe mugihe runaka ntibahuze cg bakagukupa batagusubije mokash yo iteye umujinya kubona umuntu yishyura ideni bagakomeza kuribara bamwoherereza udufaranga bakafutwara ?ngewe byambayeho kdi byarambabaje

  2. Uwiyita umukiliya utishimye yandikiye MTN ibaruwa itukura
    Uwabandikira bwakwira bugacya sinibaza ukuntu abantu bakora mukigo kimwe ubabaza ikibazo cya transaction zakozwe mugihe runaka ntibahuze cg bakagukupa batagusubije mokash yo iteye umujinya kubona umuntu yishyura ideni bagakomeza kuribara bamwoherereza udufaranga bakafutwara ?ngewe byambayeho kdi byarambabaje

  3. Uwiyita umukiliya utishimye yandikiye MTN ibaruwa itukura
    Nkimara gusoma iyi nkuru nejejwe no kubijyanye n’uko aba client bahamagara kuri cervice center, ndabaza Bwana umuvugizi ibi bikurikira:
    – Ese muzirikana ko umu client ubahamagaye aba afite ikiazo kdi ko gishobora kuba cyihutirwa?
    – Kuvuga ngo biterwa n’uko haba hahamagaye abantu benshi ese bishatse kuvugako aba client babaye benshi barenga ubushobozi bwanyu kuburyo aribo babigwamo??
    – Ahubwose RURA yagiyehe kuburyo itareba kuri iki kibazo??

  4. Uwiyita umukiliya utishimye yandikiye MTN ibaruwa itukura
    Nkimara gusoma iyi nkuru nejejwe no kubijyanye n’uko aba client bahamagara kuri cervice center, ndabaza Bwana umuvugizi ibi bikurikira:
    – Ese muzirikana ko umu client ubahamagaye aba afite ikiazo kdi ko gishobora kuba cyihutirwa?
    – Kuvuga ngo biterwa n’uko haba hahamagaye abantu benshi ese bishatse kuvugako aba client babaye benshi barenga ubushobozi bwanyu kuburyo aribo babigwamo??
    – Ahubwose RURA yagiyehe kuburyo itareba kuri iki kibazo??

  5. Uwiyita umukiliya utishimye yandikiye MTN ibaruwa itukura
    Nkimara gusoma iyi nkuru nejejwe no kubijyanye n’uko aba client bahamagara kuri cervice center, ndabaza Bwana umuvugizi ibi bikurikira:
    – Ese muzirikana ko umu client ubahamagaye aba afite ikiazo kdi ko gishobora kuba cyihutirwa?
    – Kuvuga ngo biterwa n’uko haba hahamagaye abantu benshi ese bishatse kuvugako aba client babaye benshi barenga ubushobozi bwanyu kuburyo aribo babigwamo??
    – Ahubwose RURA yagiyehe kuburyo itareba kuri iki kibazo??

  6. Uwiyita umukiliya utishimye yandikiye MTN ibaruwa itukura
    Nkimara gusoma iyi nkuru nejejwe no kubijyanye n’uko aba client bahamagara kuri cervice center, ndabaza Bwana umuvugizi ibi bikurikira:
    – Ese muzirikana ko umu client ubahamagaye aba afite ikiazo kdi ko gishobora kuba cyihutirwa?
    – Kuvuga ngo biterwa n’uko haba hahamagaye abantu benshi ese bishatse kuvugako aba client babaye benshi barenga ubushobozi bwanyu kuburyo aribo babigwamo??
    – Ahubwose RURA yagiyehe kuburyo itareba kuri iki kibazo??

  7. Uwiyita umukiliya utishimye yandikiye MTN ibaruwa itukura
    Bagerageze kujya bafasha aba client byihuse kuko nko kuba agent harigihe umuclient agusaba kumwoherereza umuntu hazamo kwibeshya wahamagaea MTN byagukundira bakwakwitaba ukabasaba guhagarika amafaranga hanyu yokubikora ukabasaba gusubizwa amafaranga bakakumbwira kugimba gutegereza ngo nugerwaho utayabona bikazarangira ntayo uhawe kubera gusiragizwa nabakozi ba MTN

  8. Uwiyita umukiliya utishimye yandikiye MTN ibaruwa itukura
    Bagerageze kujya bafasha aba client byihuse kuko nko kuba agent harigihe umuclient agusaba kumwoherereza umuntu hazamo kwibeshya wahamagaea MTN byagukundira bakwakwitaba ukabasaba guhagarika amafaranga hanyu yokubikora ukabasaba gusubizwa amafaranga bakakumbwira kugimba gutegereza ngo nugerwaho utayabona bikazarangira ntayo uhawe kubera gusiragizwa nabakozi ba MTN

  9. Uwiyita umukiliya utishimye yandikiye MTN ibaruwa itukura
    No kuba babahamagara ari benshi bigaragaza service mbi. Ariko ubundi kuki bagomba kubahamagara ? Ubu c baba bari kubifuriza noheli nziza ? Umwaka mushya muhire c ? Baba bababwira bonne appetit c ? Cg baba nababaza uko mwaramutse ? Ubundi ngo abana ni batatu. Uwibwiriza, ubwirizwa na tereriyo. Ndabona muri kujya mu cyiciro cyiza cya tereriyo. Mukomereze aho.

  10. Uwiyita umukiliya utishimye yandikiye MTN ibaruwa itukura
    No kuba babahamagara ari benshi bigaragaza service mbi. Ariko ubundi kuki bagomba kubahamagara ? Ubu c baba bari kubifuriza noheli nziza ? Umwaka mushya muhire c ? Baba bababwira bonne appetit c ? Cg baba nababaza uko mwaramutse ? Ubundi ngo abana ni batatu. Uwibwiriza, ubwirizwa na tereriyo. Ndabona muri kujya mu cyiciro cyiza cya tereriyo. Mukomereze aho.

  11. Uwiyita umukiliya utishimye yandikiye MTN ibaruwa itukura
    Njywe nagize ikibazo mbura umushahara wuiwezi kwa kenda. Natanze ikibazo cyanjye incuro zirenga 3 zose nigerera no kuri service center. Noabwirwa ngo tegereza nabandi muhuue ikibqzo ntibarayabona. Kandi ikibazo ayo nakoreye nyuma yose ndayabona nubu ayomafranga sindayabona. Ubwo uwambaza service nziza mbakesha natanga iyihe?

    Ikindi nigeze guta telephone mbahamagara mbasaba kuba bampagarikiye account. Maze gukoresha swap, nahamagaye incuro zirenga 110 mbasaba uyifungura kd nkoresheje uburyo busanzwe buzwi ngo ifungurwe. Byansabye gukoresha ticket irenga 4500rwf. Kd Ari ntakind ikibazo sim yanjye. Rero Mtn niba imaze guhaga amafranga yacu, cg niba imaze kwirara si byiza b
    ikwiye kurebwaho

  12. Uwiyita umukiliya utishimye yandikiye MTN ibaruwa itukura
    Njywe nagize ikibazo mbura umushahara wuiwezi kwa kenda. Natanze ikibazo cyanjye incuro zirenga 3 zose nigerera no kuri service center. Noabwirwa ngo tegereza nabandi muhuue ikibqzo ntibarayabona. Kandi ikibazo ayo nakoreye nyuma yose ndayabona nubu ayomafranga sindayabona. Ubwo uwambaza service nziza mbakesha natanga iyihe?

    Ikindi nigeze guta telephone mbahamagara mbasaba kuba bampagarikiye account. Maze gukoresha swap, nahamagaye incuro zirenga 110 mbasaba uyifungura kd nkoresheje uburyo busanzwe buzwi ngo ifungurwe. Byansabye gukoresha ticket irenga 4500rwf. Kd Ari ntakind ikibazo sim yanjye. Rero Mtn niba imaze guhaga amafranga yacu, cg niba imaze kwirara si byiza b
    ikwiye kurebwaho

  13. Uwiyita umukiliya utishimye yandikiye MTN ibaruwa itukura
    Njywe nagize ikibazo mbura umushahara wuiwezi kwa kenda. Natanze ikibazo cyanjye incuro zirenga 3 zose nigerera no kuri service center. Noabwirwa ngo tegereza nabandi muhuue ikibqzo ntibarayabona. Kandi ikibazo ayo nakoreye nyuma yose ndayabona nubu ayomafranga sindayabona. Ubwo uwambaza service nziza mbakesha natanga iyihe?

    Ikindi nigeze guta telephone mbahamagara mbasaba kuba bampagarikiye account. Maze gukoresha swap, nahamagaye incuro zirenga 110 mbasaba uyifungura kd nkoresheje uburyo busanzwe buzwi ngo ifungurwe. Byansabye gukoresha ticket irenga 4500rwf. Kd Ari ntakind ikibazo sim yanjye. Rero Mtn niba imaze guhaga amafranga yacu, cg niba imaze kwirara si byiza b
    ikwiye kurebwaho

  14. Uwiyita umukiliya utishimye yandikiye MTN ibaruwa itukura
    Njywe nagize ikibazo mbura umushahara wuiwezi kwa kenda. Natanze ikibazo cyanjye incuro zirenga 3 zose nigerera no kuri service center. Noabwirwa ngo tegereza nabandi muhuue ikibqzo ntibarayabona. Kandi ikibazo ayo nakoreye nyuma yose ndayabona nubu ayomafranga sindayabona. Ubwo uwambaza service nziza mbakesha natanga iyihe?

    Ikindi nigeze guta telephone mbahamagara mbasaba kuba bampagarikiye account. Maze gukoresha swap, nahamagaye incuro zirenga 110 mbasaba uyifungura kd nkoresheje uburyo busanzwe buzwi ngo ifungurwe. Byansabye gukoresha ticket irenga 4500rwf. Kd Ari ntakind ikibazo sim yanjye. Rero Mtn niba imaze guhaga amafranga yacu, cg niba imaze kwirara si byiza b
    ikwiye kurebwaho

  15. Uwiyita umukiliya utishimye yandikiye MTN ibaruwa itukura
    Mtn I kept quiet from 8/8/2020 until now even alain knows.
    Ariko nararenganye kuburyo Imana ariyo ibizi twese tuzi ingaruka corona yateye abantu ahariho hose ariko biratangaje.kubona society ikomeye nkiyi ishobora kubika amafranga yumuturage ikayamwima pe.
    When you did not qwestioned from saving how you should be qwestion in withdrawing.

  16. Uwiyita umukiliya utishimye yandikiye MTN ibaruwa itukura
    Mtn I kept quiet from 8/8/2020 until now even alain knows.
    Ariko nararenganye kuburyo Imana ariyo ibizi twese tuzi ingaruka corona yateye abantu ahariho hose ariko biratangaje.kubona society ikomeye nkiyi ishobora kubika amafranga yumuturage ikayamwima pe.
    When you did not qwestioned from saving how you should be qwestion in withdrawing.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *