Uyu munsi niba ushaka gushimisha umugore wawe mu buriri dore ibintu 10 ukurikiza

Sangiza iyi nkuru

Kunezeza umugore mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina si imbaraga nyinshi, si ukuba wanyoye inzoga nyinshi, si ukuba yariye inkoko cyangwa ifi ngo ananywe inzoga ihenze cyangwa se ibindi yishimiye, ahubwo dore ibyo usabwa kugira ngo anyurwe.

1.Icya mbere ni Umwuka w’urukundo muri rusange hagati yanyu.

2.Ahantu heza umukunzi wawe yishimiye atanenga

3.Agomba kuba agukunda by’ukuri,nta kangononwa agufitiye ku buryo yemera kukwiha wese ntacyo aguhishe

4.Kuba umugore yumva akunzwe kandi akenewe nawe

5.Kubanza kumukinisha mu magambo no mu bikorwa ku buryo ashyukwa mu gituba hakoroha hakitegura imibonano

6.Umugabo w’umuhanga uzi akamaro ka Rugongo mu gutera akabariro

Hari abagore bashobora kurangiza badakubiswe igitsina cyabo kuri rugongo,bacumise gusa,ariko gukubita igitsina kuri rugongo inshuro nyishi unayikubaho bituma umugore anyara akanarangiza bitagoranye.

7.Umugore ashobora kurangiza inshuro zirenze imwe mu mubonano umwe.Iyo yabyishimiye,arangiza inshuro ya mbere nyuma y’umunota nk’umwe akaba atangiye kuzamuka ku ya kabiri,gutyo biterwa n’ukuntu yaryohewe n’ubuhanga bw’umugabo mu guswera.

Ibi byangombwa utabyujuje bishobora gutuma udashobora guhaza umugore wawe. Kuko gukorera imbere byonyine hari ubwo bitatuma umugore arangiza nta cyo ukoze kuri rugongo, wakoresha igitsina, intoki cyangwa umunwa.

Muri make:

1.Ntugomba kumwihutisha. Itonde.Abagabo akenshi bakunze guhubuka bakaba bararangije bagasiga umugore ubushyuhe bumumereye nabi.Ibi bishobora gutuma umugore agusambaniraho.

2.ntugomba gushaka ko arangiza vuba,si amarushanwa

3.ganira nawe umubaze aho wakora hakamushimisha cyangwa niba hari ibyo mwahindura kugira ngo birusheho koroha

4.komeza umwuka w’urukundo-ushobora kumubwira uti ndagukunda cheri,uraryoshye,n’bindi ujya uvuga nawe urabizi!

5.reba ko position mufite itabagoye

6.musome cyane umuguyaguye mbere y’uko unatekereza kumwinjizamo imboro yawe.Ubikoze gutya hari nubwo wabona ayifatiye akayishyiramo ni ikimenyetso cyuko watsinze ikizami!

7.igihe utangiye kumusoma no kumukorakora ku gituba ntugahite usimbukira kuri rugongo hari ubwo iba itarafata umurego nawe atarashyukwa ukaba wamubabaza ,ibyiza ni ukumubaza uko yumva amerewe ni icyo ashaka mu kanya mugezemo.

8.ushobora gukoresha ububobere bwo mu gitsina cye ukagenda ukuba unyereza kuri rugongo,kandi niba ari muri za 40 ushobora gukoresha utuvuta twabigenewe.

Soma Izindi Nkuru

2 Responses

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *