Zari yakiriwe bikomeye ubwo yageraga Arua muri Uganda -Amafoto

Sangiza iyi nkuru

Zari Hassan wiyise The BossLady, akaba n’umushoramari w’umugande wibera mu gihugu cy’afuria yepfo ndetse ukunzwe cyane ku mbuga nkoranya mbaga ahanini bitewe n’amafoto asangiza abamukurikira kumunsi wejo tariki 03 Kanama 2018 nibwo yageze Arua muri Uganda yakirwa n’isinzi ryabafana be ndetse na Bryan white.

Ni nyuma yuko aba yaraje mu minsi ishize indege ikaza kumusiga bikavugwa ko yaba yatengushye Bryan white bari bafitanye igikorwa cyo gufasha dore magingo aya Zari ari umwe mubafite imigabane muri Bryan white foundation umuryango utegamiye kuri leta ufasha abatishoboye n’urubyiruko uhagarariwe n’umuherwe Bryan White uzwi ku kazina ka Taycoon Kirumira muri Uganda.

Byitezwe ko Zari agomba kuzajya agaragara mu bikorwa by’uyu muryango, ku ikubitiro akaba yaragaragaye mu byabereye mu cyaro cyo mugace ka Arua ho mugihugu cya Uganda byitabiriwe n’imbaga.

38207505 10204825850681672 2693328305754472448 n
Abafana bamusanganiye aho indege yamusize
38284496 10204825849841651 8439352634875314176 n
abanyamakuru baje ku bwinshi bitwaje n’ibikoresho
38289197 10204825850081657 4712112090498727936 n
bari bamushagaye

38294428 10204825849961654 5357751168074252288 n

38424343 10204825850321663 8730855071731941376 n
bahuje urugwiro
38430100 10204825851241686 8331302201284624384 n
agenda amusobanurira uko igikorwa giteye
38449402 10204825850481667 5507425456875372544 n
bagaragazaga ugushyira hamwe
38473812 10204825851121683 3539144680736292864 n
Zari asuhuza abashinzwe imigendekere myiza y’igiorwa

 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *