Dr Murigande yagarutse ku mvugo ’Ukuri kw’Imana kuba muri Bibiliya’ yigeze gukoresha ikibazwaho
30 January 2020, 13:57, by dusabe
Nge ndumva Murigande yaratinye ko Imana yamufata nk’umubeshyi.Nicyo gituma yanze kuvuga ko ari ukuri kw’imana yuko nta ngabo ziri muli DRC.Ariko Imana yo yari ukuri aho kuri.Kubera ko ibona byose.Ndi Murigande nakihana nkavugisha ukuri.
Nge ndumva Murigande yaratinye ko Imana yamufata nk’umubeshyi.Nicyo gituma yanze kuvuga ko ari ukuri kw’imana yuko nta ngabo ziri muli DRC.Ariko Imana yo yari ukuri aho kuri.Kubera ko ibona byose.Ndi Murigande nakihana nkavugisha ukuri.