Yitwa Ingabire Clarisse, arashaka umukunzi (fungura ubone nimero ye)

I have 25 years old i wan to search a boyfriend who completed this requirement be honestry respect God and have program any person who want call me you call this number 0788278607 i wait your solution. [ad id=”44145″] Niba nawe ushaka umukunzi twandikire ubutumwa bwawe kuri iyi Email: itatheone08@gmail.com tuzabucisha aha kuri uru rubuga […]

Ku myaka 116 atunzwe n’amagi hamwe n’ibisuguti (biscuits)

Emma Morano, umukecuru ukomoka mu gihugu cy’Ubutaliyani avuga ko afite imyaka 116 akaba yiteguye kuzuzuza 117 ku itariki ya 27 uku kwezi ku Ugushyingo, avuga kandi ko atunzwe n’amagi hamwe n’ibisuguti. [ad id=”44145″] Aganira na AFP, yatangaje ko arya amagi 3 yonyine ku munsi, ibindi biryo bye ni ibisuguti, yagize ati: “ariko ntabwo ndya ibiryo […]

Batatu bafungiye kunyereza imisoro ingana na miliyari y’amanyarwanda

Polisi y’u Rwanda ejo yerekanye abagabo batatu bafashwe bakurikiranyweho kugerageza kunyereza imisoro ingana na miliyari imwe y’amafaranga y’u Rwanda. [ad id=”44145″] Abakekwa bakurikiranyweho gukoresha icyuma gitanga inyemezabuguzi (Electronic Billing Machine/EBM) muri kompanyi za baringa , aho nyuma bajyaga kwaka amafaranga mu kigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro ku byagurishijwe nta nyungu kuko barabitangiye umusoro ku nyungu. […]

Burundi: Major Uwamahoro yaba yarazize amamiliyoni y’amadolari yari agiye kwiba abanyamahanga

Major Desire Uwamahoro wo mu gipolisi gishinzwe kurwanya imyigaragambyo cy’u Burundi ari mu maboko y’inzego z’iperereza z’u Burundi kuva kuwa Gatandatu ushize nyuma yo gufatwa ashinjwa icyaha cy’ubutekamutwe gifitanye isano n’ubucuruzi bwa magendu bwa zahabu ifite agaciro kabarirwa hagati ya miliyoni 2,5 n’10 z’amadolari ariko ubu butekamutwe bukaba butarasobanuwe kugeza ubwo RFI mu bushakashatsi bwayo […]

Abanyarwanda bakomeje gushishikarizwa kugira uruhare mu igenamigambi ry'ibibakorerwa

Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa, gahunda y’igenamigambi umuturage yagizemo ijambo, aho umuturage ahabwa urubuga akagaragaza ibyo yifuza ko byakorwa mu mwaka w’ingengo y’imari, nyakubahwa umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Iguhugu, Madame Odeta UWAMALIYA, aherekejwe na Nyakubahwa Guverineri w’Intara y’Amajyepfo, Madame MURESHYANKWANO Marie Rose, Meya w’Akarere ka Huye n’abandi bayobozi, kuri uyu wa gatatu taliki […]

Amafoto: Perezida Kagame yakurikiranye imyitozo ya division ya 1 ya RDF

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatanu yakurikiranye imyitozo ikomatanyije y’ingabo z’u Rwanda mu kigo cy’imyitozo ya gisirikare cya Gabiro.Iyi myitozo yakozwe na division ya 1 y’ingabo z’u Rwanda. [ad id=”44145″] Icyari kigamijwe kikaba kwari ukugaragaza uko ubushobozi bw’ingabo z’u Rwanda butandukanye buhuzwa bugatanga umusaruro. Iyi myitozo kandi iri mu rwego rwo kuvugurura imiterere ya […]

Congo-Brazza: Hakozwe imyigaragambyo yo gusaba guverinoma kwitandukanya na ICC

Amashyaka abiri yo muri Congo-Brazzaville yasabye guverinoma y’iki gihugu kuri uyu wa Gatanu ushize kuva mu Rukiko Mpuzamhanga Mpanabyaha (ICC), igitekerezo gishobora gukomeza guhangayikisha uru rukiko rufite icyicaro I La Haye mu Buholandi. [ad id=”44145″] Ibihugu byo muri Afurika byakunze gushinja uru rukiko kubogama byibasira ibihugu byo muri Afurika gusa. Mu kwezi gushize, Afurika y’Epfo […]

U Rwanda n’Ubuholandi byizihije isabukuru y’imyaka 10 ishize bifitanye umubano ushingiye kuri za Ambasade

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 4 Ugushyingo 2016, nibwo u Rwanda n’igihugu cy’Ubuholandi byizihije isabukuru y’imyaka 10 ishize bigiranye umubano ushingiye kuri z’ Ambasade, ibirori byabereye mu mujyi i The Hague. Babicishije ku rubuga rwa ambasade y’u Rwanda mu Buholandi, batangaje ko ibi birori byabereye muri Hilton Hotel iherereye mu mujyi w’i Hague. Mu […]

U Bushinwa n’u Rwanda byiyemeje kurushaho gukaza umubano bifitanye nyuma y'imyaka 45 utangijwe

Abayobozi bakuru b’u Rwanda n’u Bushinwa kuri uyu wa Gatanu bagiranye ibiganiro I Beijing biyemeza kurushaho gukaza umubano hagati y’ibihugu byombi ndetse binizihiza imyaka 45 ishize ibihugu byombi bitangije umubano ushingiye kuri za ambasade. [ad id=”44145″] Itsinda ry’intumwa z’u Rwanda ryari rigizwe na minisitiri w’ububanyi n’amahanga, Louise Mushikiwabo, Lt Gen. Karenzi Karake, umujyanama wa perezida […]

Muhanga: Agakiriro ka Miliyoni 250 Frw uyu mwaka urarangira gakorerwamo

Mu gikorwa cyo gusura ibikorwa remezo biri mu mugi wa Muhanga, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri, umuyobozi w’aka karere, Uwamariya BĂ©atrice yavuze ko imirimo yo kubaka ahakorerwa ibikorwa by’ubukorikori hazwi nk’Agakiriro izarangira mu mpera z’uyu mwaka wa 2016 ku buryo uyu mwaka uzarangira hatangiye gukorerwa. Aka gakiriro ngo kazuzura gatwaye Miliyoni 250 Frw. […]

Uganda: Besigye aravuga ko Janet Museveni atabashije kuyobora minisiteri y’uburezi

Col Dr Kizza Besigye, aravuga ko ibibazo Kaminuza ya Makerere iherutse guhura nabyo biterwa n’ubuyobozi bubi muri minisiteri y’uburezi iyobowe n’umufasha wa perezida Museveni. [ad id=”44145″] Ubwo yaganiraga n’itangazamakuru iwe I Kasangati kuri uyu wa Gatanu, dr Besigye yavuze ko ibibazo biri muri kaminuza nini kurusha izindi mu gihugu byizwe nabi kugeza ubwo ifungwa na […]

Niduhitamo guhangana hagati yacu, tuzaba duha urwaho abatatwifuriza ibyiza- Perezida Kagame

Mu gitaramo cyo kwizihiza isabukuru y’imyaka 20 umuryango “Unity Club” umaze ishinzwe, cyabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 4 Ugushyingo 2016, muri Kigali Convention Center, Perezida Kagame yavuze ku bumwe bw’Abanyarwanda yibutsa ko amacakubiri adasiga ubusa ahubwo ko yanaha icyuho abatifuriza Abanyarwanda ibyiza. Mu ijambo yagejeje ku bari bitabiriye uyu muhango […]

Icyiciro cya mbere cy’abapolisi 120 bagarutse mu Rwanda bava muri Sudani y’Epfo-AMAFOTO

Icyiciro cya mbere cy’abapolisi 120 bagarutse mu Rwanda bava muri Sudani y’Epfo ku italiki 4 Ugushyingo ubwo Polisi y’u Rwanda yatangiraga gusimbuza umutwe wa RWAFPU1 ugizwe n’abapolisi 240 umaze umwaka wose ukorera muri kiriya gihugu. Bakiriwe ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Kanombe na Commissioner of Police (CP) Felix Namuhoranye, akaba n’umuyobozi w’Ishuri rikuru rya Polisi(NPC), […]

Burundi: Major Uwamahoro ushinjwa ubujura n’ubwicanyi yanasimbujwe ku kazi

Ku cyumweru tariki ya 30 Ukwakira 2016, nibwo inkuru yasakaye hose ko Major Desire Uwamahoro, wari ushinzwe kurwanya abigaragambya yatawe muri yombi n’urwego rushinzwe iperereza mu Burundi, ubu amakuru ava muri iki gihugu ni uko yaba yasimbuwe kuri uyu mwanya. Major Desire Uwamahoro yasimbuwe kuri uyu ,mwanya wo kurwanya abigaragambya (BAE: Brigade Anti-Emeurte ) na […]