Amafoto: Perezida Kagame yakurikiranye imyitozo ya division ya 1 ya RDF

Sangiza iyi nkuru

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatanu yakurikiranye imyitozo ikomatanyije y’ingabo z’u Rwanda mu kigo cy’imyitozo ya gisirikare cya Gabiro.Iyi myitozo yakozwe na division ya 1 y’ingabo z’u Rwanda.

combined2016arms

[ad id=”44145″]

Icyari kigamijwe kikaba kwari ukugaragaza uko ubushobozi bw’ingabo z’u Rwanda butandukanye buhuzwa bugatanga umusaruro.

30736174006_3cd66c0c92_z

30684526381_1d6533ec6c_z

Iyi myitozo kandi iri mu rwego rwo kuvugurura imiterere ya RDF ikomeje mu rwego rwo kubaka igisirikare gishoboye kandi cy’ikinyamwuga gishobora gusohoza inshingano zacyo.

30736165326_edc3e67ef8_z

30684501381_edf303f6d2_z

Iyi myitozo kandi yagaragazaga uko ingabo zirwanira mu kirere na Special Forces bifatanya mu gufasha ingabo zirwanira ku butaka gusohoza ubutumwa bwazo bw’intambara.

30658376712_9208fc631d_z

30684523691_040d3202c9_z

Nyuma y’iki gikorwa, umukuru w’igihugu ari nawe mugaba mukuru w’ingabo w’ikirenga, yagiranye ibiganiro n’abayobozi bakuru b’ingabo.

Amafoto: Village Urugwiro

Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
 
Dennis Ns./Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *