Niba byabayeho ko abashoferi bagwa mu cyaha ntibikwiye kubinjiza mu kindi cya ruswa- CIP Kabanda
Polisi y’u Rwanda ndetse n’izindi nzego za Leta bakomeje urugamba rwo gukumira no kurwanya ruswa, ariko ikigaragara ni uko hari bamwe mu baturage batarumva ko ruswa itemewe mu Rwanda ndetse ihanwa n’amategeko ari nayo mpamvu isaba abatwara ibinyabiziga kwirinda kugwa muri iki cyaha. Ikibigaragaza ni uko mu ijoro ryo kuwa Gatatu rishyira kuwa Kane tariki […]
Loni igiye gutangiza iperereza ku mikoranire hagati ya M23 na Leta ya Kabila
Loni irasaba ko hakorwa iperereza nyaryo nyuma yaho Umuryango Uharanira Uburenganzira bw’Ikiremwamuntu “Human Rights Watch” ushyize mu majwi Leta ya Joseph Kabila gukoresha bamwe mu barwanyi ba M23 kugirango agume ku butegetsi mu Ukuboza 2016. Umuvugizi wa Monusco, Charles Bambara avuga ko Perezida wa Congo-Kinshasa, Joseph Kabila ashobora kuba yarakoresheje aba barwanyi ba M23 nk’ […]
Dr Mutimura yinjiye muri MINEDUC asangamo uruhuri rw'ibibazo byabaye umuranzi
Minisiteri y’uburezi ibaye iramutswa mu mazina y’abamaze kuyibora ubu yaba irusha amazina inkanda. Nyuma ya Prof Malimba wari uwa 13 mu kuyobora Minisiteri y’Uburezi, ubu hagezweho uwa 14 ariwe Dr Mutimura Eugene. Ibibazo muri iyi minisiteri byabaye ingamburuzabahizi, ku buryo n’ugezemo wese atanarangiza n’ibyo ahasanze, ahubwo hakavuka ibindi. Ifungwa n’ifungurwa rya za kaminuza rya hato […]
Umupasiteri yateje impaka nyuma yo kugaragara agaragiwe n’abarinzi no mu rusengero
Umuvugabutumwa muri Nigeria witwa Johnson Suleman yateje abaturage gucika ururondogoro nyuma yo kugaragara ashagawe n’abarinzi bambaye imyenda y’akazi ndetse bamwe muri bo bitwaje intwaro. Uyu mupasiteri wibasiwe cyane ku mbuga nkoranyambaga, yasobanuye impamvu yamuteye gushaka abarinzi ba kumanywa na nijoro bamugendaho aho agiye hose yewe no mu rusengero, asobanura ko ijambo ry’Imana ritabimubuza. Yakomeje asobanura […]
Wizkid arataramira i Kampala mu gitaramo yita icya mbere gikomeye agiye gukorera muri Afurika
Umunya- Nigeriya, Ayodeji Ibrahim Balgun wamamaye nka Wizkid ubu ari kubarizwa mu gihugu cya Uganda aho aje gutaramira nyuma yo kubatenguha umwaka ushize wa 2016. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ku Gatatu tariki 6 Ukuboza 2016, ahagana saa cyenda (15:00) z’i Kampala, nibwo uyu muhanzi Wizkid yasesekaye ku kibuga kindege cya Entebbe, aho yakiriwe n’abanyamakuru nyuma gato akajyanwa […]
Koreya ya Ruguru yongeye gutangaza ko yiteguye intambara n’Amerika ariko ko itazi igihe izatangirira
Umuvugizi wa Korea ya Ruguru yatangaje ko kugeza ubu igihugu cye gitegereje imbarutso ubundi bagakozanyaho n’Amerika ikomeje gusa n’igikora mu jisho. Ibi byatangajwe nyuma y’uko mu ntangiriro z’iki cyumweru, Amerika yohereje integer z’intambara n’abasirikare banshi muri Koreya y’Epfo mu bikorwa by’imitozo, Koreya ya Ruguru yo ikaba ivuga ko ibyo bitayikanga. Mu ijambo rye herutse kugeza […]
Ese Ababiligi baba baratwaye umugogo w’ umwami Yuhi IV Musinga iwabo?
Mu gihe, abagize komisiyo mbonezamubano muri Sena batangiye kwibaza ku ndangamurage nyarwanda zibitswe nabi ndetse n’iziri mu mahanga, Visi Perezida w’ Umutwe wa Sena, Jean d’Arc Gakuba yasabye ko umugogo w’ umwami Yuhi IV Musinga wavanywa mu Bubiligi ukazanwa mu Rwanda. Mu rwego rwo kumenya amakuru y’ impamo kuri iki kibazo gikunze gutera impaka aho […]
Nashatse umugabo ariko nongeye kwiyumvamo amuhungu twiganye, ashobora kunsenyera pe! NKORE IKI?
Mwongeye kwirirwa bakunzi b’ikinyamakuru BWIZA.COM nagirango mumfashe mu kibazo cyambanye ihurizo, nakundanye n’umuhungu muri Secondaire twarakundanye bidasanzwe ku buryo no ku ishuri batwitaga abasazi kubera ukuntu buri kanya twabaga turi kumwe. Iyo hashiraga isaha ntabonye Daniel, numvaga nta mahoro mfite, nkagira imbeho ntazi aho iturutse, gukurikira mwarimu bikananira. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Byageze aho yajyaga ataha, akansigira […]
Neza watwaye Afrima Award azataramana na Masamba muri Kigali Jaz Junction
Ku wa Gatanu tariki ya 8 Ukuboza 2017 , muri Kigali Serena Hotel hazabera igitaramo cy’umunyarwandakazi, Neza Masozera na Masamba Intore, muri Kigali Junction. Patricia Neza Masozera ubusanzwe uzwi ku izina rya ‘Da SongBird’ ni umunyarwandakazi ukorera umuziki muri Nigeria, ubu akaba ari mu Rwanda, aje mu gitaramo azahuriramo na Masamba Intore. Mu kiganiro yagiranye […]
Nyabihu: Ishyaka Green Party ryaburaburijwe mu maboko y’ubuyobozi na hoteli
Mu mpera z’ icyumweru gishize, Ubuyobozi bw’ Umurenge wa Jenda mu Karere ka Nyabihu ngo bwashatse kuburizamo amahugurwa y’ abarwanashyaka b’ Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Ibidukikije (DGPR) yagombaga kubera muri ‘Volcano Gate Hotel, ariko biba ngombwa ko akarere kinjira mu kibazo. Ibi byabaye mu gihe Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Jenda avuga ko nta baruwa yamugezeho isaba gukora […]
Ingurube yavukanye isura isa n'iy'umuntu n'ikintu kimeze nk'igitsina mu gahanga (Amafoto)
Mu gace ka Yanan gaherereye mu Majyepfo y’umujyi Guangxi Zhuang mu gihugu cy’u Bushinwa havutse ingurube idasanzwe ifite isura nk’iy’umuntu, n’igisa n’igitsina cy’umuntu w’umugabo mu gahanga. Umworozi wabigize umwuga muri iriya famu yavutsemo ririya tungo ridasanzwe, Tao Lu yatangaje ko na nubu ataremera ko ibyo yiboneye n’amaso ye ari ibye kuko iyo iyo ngurube yavutse […]
Gisagara: Ubusinzi n’abakobwa bareresha ababyeyi babo, intandaro yo kudacika kw’imirire mibi
Ubuyobozi bw’akarere ka Gisagara buravuga ko ubusinzi bugaragara ku babyeyi bamwe na bamwe no kuba hari abakobwa babyara batabana n’abagabo, abana bakabazanira ababyeyi, bigira uruhare mu kudacika kw’ikibazo cy’imirire mibi igaragara muri aka karere, dore ko ngo bituma abana batitabwaho uko bikwiye. Ibi biherutse kugarukwaho n’umuyobozi w’akarere ka Gisagara, Rutaburingoga Jerome, mu kiganiro n’abanyamakuru. Mayor […]
Tanzania: Abanyepolitiki basaga 3o bamaze gutabwa muri yombi
Abantu babarurwa muri 38 bo muri Tanzania biganjemo abanyepolisiki bo mu mashyaka atandukanye, Abadepite, n’abandi, batawe muri yombi bazira kudashyigikira ibikorwa by’amatora y’ibanze biri kubera mu gihugu. Ibitangazamakuru bitandukanye byo muri kiriya gihugu bivuga ko aba bantu bose uko ari 38 batangiye gutabwa muri yombi guhera ku itariki ya 29 Ugushyingo, bakaba bagenda biyongera umunsi […]
RBC iratangaza ko 46% by'abakora uburaya babana na Virus itera SIDA
Ubushakashatsi bwakozwe n’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima RBC, bugaragaza ko kugeza ubu 46% by’abakora uburaya, banduye virus itera SIDA, naho muri rusange Abanyarwanda bangana na 3% babana na yo, iki kigero ngo kimaze imyaka 10 kidahinduka. Muri ubu bushakashatsi kandi hagaragazwamo ko umujyi wa Kigali ari wo ufite umubare munini w’abafite ubwandu bwa virus itera SIDA […]
Uganda yatangiye gukura abasirikare bayo muri Somaliya
Leta ya Uganda yatangiye gukura abasirikare bayo muri Somaliya, aho bari mu butumwa bwo kugarura amahoro. Ikinyamakuru Nation.co, gitangaza ko aba basirikare ba Uganda bacyuwe ku bw’icyemezo cy’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), cyo kugabanya abasirikare muri Somalia bari bariyo mu butumwa bwo kugarura amahoro. Ku wa Gatatu tariki ya 6 Ukuboza 2017, nibwo iyi […]