Umuhanzi Jah Bone D yasobanuriye Chezidek amateka ya jenoside yakorewe Abatutsi
Mu ijoro ryo ku wa 1 Mutarama 2108, Umuhanzi w’ icyamamare ku Isi ukomoka muri Jamaica, Chezidek yamaganiye kure jenoside yakorewe Abatutsi nyuma yo gusobanurirwa amateka yayo na mugenzi we, Jah Bone D Kageme utuye mu Busuwisi. Kageme yagerageje kubwira Chezidek incamake y’ amateka ya jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda muri 1994 ndetse bafata n’ […]
Yabwiriye mukuru we mu rusengero ko yari yamutanze ikuzimu — REBA VIDEO
Imbere y’imbaga y’abakiristo, mu itorero rya Pentekote mu Rwanda (ADEPR) i Rwamagana, umugabo yatangaje uburyo yajyaga ikuzimu by’umwihariko anahishurira mukuru we ko na we yari yamutanzemo igitambo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Amaze gusengerwa na bwo kumufata bigoranye nk’uko bigaragara muri video, uyu mugabo yahawe mikoro, atanga ubuhamya. Ati “Haleluya, mumpere Imana icyubahiro, …reka nsabe mukuru wanjye ahaguruke […]
DRC: Felix Tshisekedi yatangaje ko Joseph Kabila atakiri Perezida
Umuyobozi w’ amashyaka arwanya Leta ya Congo-Kinshasa, Felix Tshisekedi yatangaje ko kuva ku itariki ya 1 Mutarama 2018, Joseph Kabila adafite uburengenzira bwo kwitwa Perezida wa Repubulika byaba mu gihugu cyangwa se hanze yacyo. Umukeba wa Joseph Kabila kimwe na Se Etienne Thisekedi, Felix Tshisekedi yabitangarije i Kinshasa mu kiganiro yagiranye n’ itangazamakuru ubwo yemezaga […]
Dore zimwe mu ngeso usabwa kureka kuko zishobora kukuviramo urupfu mu gihe cy'akababriro
Kumva ko umuntu ashobora gupfa ari gukora imibonano mpuzabitsina si ibintu wahita wumva ako kanya, gusa ubushakashatsi bwakozwe n’urubuga 7sur7 bwerekanye ko abantu bakora imibonano mpuzabitsina abasaga 93% bapfa bazize ingaruka ziterwa no kubikora nabi. Dore zimwe mumpavu zishobora gutuma umuntu apfa ari gukora imibonano mpuzabitsina: Guca inyuma uwo mwashakanye [xyz-ihs snippet=”google”] Ntabwo bihita byumvika […]
Igitekerezo: Rubavu ikeneye kuvugutirwa umuti urenze guhindura abayobozi
Aka karere ntikahwemye kumvikana nk’akarimo ibibazo, kuva ku bwa ba Munyakayanza Samuel, Bahame Hassan na Sinamenye Jeremie, none na Habyarimana Gilbert aho aziye biracyakomeza. Akarere ka Rubavu niko kaherekeje utundi mu mihigo y’umwaka 2016-2017. Umwanda wabonywe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika ubwe, ubwambuzi butuma abaturage bahora batonze ku karere, …..kugera n’aho abajyanama baje gutora Meya […]
Rusizi: Hari abamara umwaka wose batarya inyama bakimara ipfa ku Bunani
Kimwe mu byaranze ibyishimo by’umunsi mukuru w’ubunani mu mirenge yose igize akarere ka Rusizi, ni ukurya inyama bakimara ipfa kuko hari ababa bamaze umwaka wose batabasha kuzigura. Bamwe muri aba baturage baganiriye na Bwiza.com, bayibwiye ko kurangiza umwaka bagatangira undi ari ibintu baha agaciro cyane, uretse kujya mu nsengero bagashima Imana ko yabarinze, hari amafaranga […]
Igisirikare cya Uganda, UPDF cyangiwe kwinjira muri RDC guhangana na ADF
Perezida Museveni yatangaje ko Umuryango w’Abibumbye ndetse n’inzego z’ubuyobozi muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo banze kumuha uburenganzira ngo igisirikare cye kinjire imbere mu mashyamba ya Congo guhangana n’umutwe wa ADF. Mu minsi ishize, nibwo ingabo guverinoma ya Uganda yohereje abasirikare batagira ingano ku mupaka uhuza Uganda na RDC mu rwego rwo guhangana n’ingabo za […]
Gahunda yo kureka abanyamahanga bakinjira mu Rwanda nta Viza yatangiye kubahirizwa
Guhera ku itariki ya Mbere mutarama 2017, u Rwanda rwatangiye kwakira abanyamahanga baje nta byangombwa byanditse bitwaje, mu gihe bemerewe kumara iminsi itarenze 30 mu Rwanda. Guhera mu kwezi kwa 11 umwaka ushize, ni bwo u Rwanda twatangaje ko abantu baturutse mu bihugu byo mu muryango w’Afurika y’Iburasirazuba bemerewe kumara amezi 6 mu Rwanda, aho […]
Dukomere ku gihango dufitanye n'u Rwanda by Umurage Groupe Official Video
Ibyago 7, Ibisebe, amazi azahinduka amaraso … Ibyahishuwe – Rv Rwibasira Vicent
Ubatashye by Ngango JMV Inshuti y'Urugamba
Abagabo b’abanyafurika ubahe kwiyemera,kwiyumva,ukuremo ubujiji n’ubuhumyi-Apostle Gitwaza asenga
Ubuhanuzi ku igihugu cy'u Rwanda no kuri Perezida Paul Kagame
Opinion: Ibiyaga bigali, ikibuga Umufaransa n’ Umunyamerika bakiniraho bapimana imbaraga
Kuva jenoside yakorewe Abatusti yahagarikwa mu Rwanda muri 1994, akarere k’ Ibiyaga Bigali ntikigeza kagira ituze n’ umudendezo bisesuye mu rwego rwa politiki kuko kagiye karangwamo intambara zishingiye ku nyungu bwite z’ ibihugu by’ ibihangange biyoboye isi. Ubutunzi karemano aka karere u Rwanda ruherereyemo niyo ntandaro yo guhangana hagati y’ ibihugu bikomeye ku isi nka […]
Umugabo yakase umutwe w'inzoka ayinywa amaraso ahita apfa ako kanya
Umugabo witwa Elies Lenturio wo mu mujyi wa Sorsogon muri Philippines wari usanzwe azwi ku izina rya “Cobra King” yarumwe n’inzoka y’ubumara yari afite, n’umujinya mwinshi ashaka kwihorera, yahise ayifata ayikata umutwe anywa amaraso yayo, yahise apfa muri ako kanya. Inzoka yamurumye ni iyo mu bwoko bwa Cobra, ariko ubusanzwe ngo yajyaga arumwa n’inzoka z’amoko […]
Hagiye kubaho ibiganiro by’amahoro n’ubuhahirane hagati ya Koreya zombi
Perezida wa Koreya y’Epfo, Moon Jae-in yatangaje ko yiteguye gukoranira bya hafi na mugenzi we kim Jong Un wa Koreya ya Ruguru, mu gihe ibi bihugu byombi biri mu myiteguro yo guhuzwa n’amarushanwa y’imikino Olimpike mu minsi iri imbere. Mu ijambo rye yagejeje ku banyagihugu mu muhango wo gusoza umwaka, Moon Jae-in, yatangaje ko mu […]
Nyamasheke: Abakorera mu isanteri ya Kirambo ntibavuga rumwe n'akarere kagiye kuyimura
Nyuma y’inkuru y’iyimurwa ry’isanteri y’ubucuruzi ya Mugonero iherereye mu murenge wa Mahembe mu karere ka Nyamasheke, amakuru agera kuri Bwiza.com aranavuga iyimurwa ry’indi y’ubucuruzi ya Kirambo iri mu murenge wa Kanjongo muri aka karere. Ubuyobozi buvuga ko iri mu gishanga, abayicururizamo bo bakavuga ko batarabiganirizwaho. Aganira na Bwiza.com,umuyobozi w’akarere ka Nyamasheke wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu,Ntaganira […]