Iradukunda Liliane niwe ugizwe nyampinga w'uRwanda 2018(Amafoto)

Kuri uyu wagatandatu tariki 24 Gashyantare 2018 ni bwo Irushanwa ry’ubwiza ryo guhitamo umukobwa uzaba Nyampinga w’u Rwanda2018 rigeze ku musozo, kuri uyu munsi nibwo abanyarwanda bari bategerezanyije amatsiko uri buhige abandi mu buranga n’ubuhanga. Uyu nyampinga Iradukunda Liliane ahigitse abandi  20 bahataniraga ikamba rya Nyampinga si uw’ikimero n’ubwiza gusa, hejuru y’ibi agomba kuba afite […]

Rusizi: Ufite agakingirizo mu ijoro akagurisha arenze ibihumbi 10

Urujya n’uruza rw’abakenera udukingirizo, cyane cyane mu masaha y’ijoro mu mujyi wa Rusizi, ngo rutuma duhenda cyane ku buryo ugafite ashaka kukagurisha, ahabwa arenga ibihumbi 10 by’amafaranga y’u Rwanda. Umwe mu bagore n’abakobwa bakora uburaya mu mujyi wa Rusizi, yabwiye Bwiza.com ko impamvu iki kibazo cyongera ubukana mu masaha y’ijoro ari uko aribwo batangira kubona […]

Messi yampishuriye ibanga ko ngiye mu ikipe y’amateka- Rafinha

Rafael Alcà¢ntara do Nascimento, uzwi ku izina rya Rafinha, avuga ko kuba yaravuye muri FC Barcelona akerekeza muri Inter Milan, ntacyo byamuhungabanyijeho, ahubwo ko ameze neza cyane by’umwihariko akabona ko ijambo Messi yamubwiye, ari iry’agaciro. Umunya-Brezil, Rafinha w’imyaka 25 y’amavuko, ukina hagati mu kibuga, yaguzwe na Inter Milan mu ntangiriro z’uyu mwaka, ubu akaba abona […]

Amerika yafatiye ibihano Koreya ya Ruguru yizeye ko bizahungabanya ubukungu bwayo

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zitangaz ako zafatiye ibihano bikakaye Koreya ya Ruguru, ikaba yizeye neza ko bizahungabanya ubukungu bwayo.  Ubusanzwe Amerika yari yafatiye Koreya ya Ruguru ibihano, Amerika ikaba itangaza ko yayifatiye ibindi byinshi kandi bikakaye yizeye neza ko mu gihe izaba itarahagarika umushinga wayo wo gucura ibisasu bya kirimbuzi, bizabahugabanya ubukungu bwabo. Nk’uko […]

Kampala: Abana b’imfubyi Radio yafashaga zabonye undi muterankunga w’umuherwe

Hashize ibyumweru bisaga bitatu umuhanzi Radio avuye kuri iyi si ya Rurema, uyu musore n’ubwo yapfuye akiri muto benshi bagiye bamuvuga ibigwi ko ibikorwa byiza yakoze, byacaga amarenga ko atazarama, bityo akaba yari afite ikigo cy’imfubyi yafashaga i Kampala, ubu kikaba cyabonye undi muterankunga. Nyuma y’urupfu rwa Radio, abana b’imfubyi yafashaga bagaragaye kuri za televiziyo […]

Ni iki gitera abahanzi nyarwanda b'ubu kuririmba indirimbo ziganjemo ubusambanyi?

Uko imyaka igenda ishira indi ikaza, umuziki ugenda utera imbere mu buryo bumwe cyangwa ubundi, hagenda havuka ingoma nshya (Beats) ndetse n’ibitekerezo bishya bihuzwa n’izo ngoma hanyuma abatunganya umuziki (producers)  bakabihuza bikabyara  indirimbo iyunguruye. Umuziki ugenda waguka ku buryo umwaka ushira muri habonetse impano zitandukanye, buri wese agambiriye gukora ku buryo ahaza abamwumva ndetse usanga […]