Diamond wari umaze iminsi avuma Leta, yabonanye na Perezida Magufuli
Mu gihe Diamond Platnumz (Chibu Dangote ) yari ashyamiranye na Leta ya Tanzaniya ahanini bitewe n’ibyemezo byagiye bimufatirwa harimo no guhagarikwa kwa zimwe mu ndirimbo ze, ubu ibyishimo ni byose nyuma yo guhura na Perezida Magufuli. Ni mu muhango wabereye ku kibuga cy’indege cya Tanzaniya ku wa Gatatu tariki ya 4 Mata 2018, ubwo Leta […]
Umubyeyi wa Kayumba Nyamwasa wabaga muri Uganda yapfuye
Kayumba Nyamwasa wahoze mu gisirikare cy’u Rwanda akaza guhungira muri Afurika y’Epfo yapfushije se, Senumuha Ferediriyani wabaga muri Uganda. Amakuru atangazwa n’ikinyamakuru Chimpreports cyo muri Uganda, ni uko uyu musaza yari ashaje, ariko akaba yari afite uburwayi bw’umutima, akaba yarapfuye ku wa Kabiri tariki ya 3 Mata 2018, i Kampala. Mu gihe gahunda irebana n’imihango […]
Urutonde rw’abagore 6 bakina filimi binjije agatubutse kurusha abandi
Nta washidikanya ko ubwitabire bw’igitsinagore bwongera uburyohe no gukundwa by’amafilimi. Ubu bwitabire butuma na bo binjiza amafaranga menshi, bakaba na bo batungwa n’uyu mwuga nka basaza babo. Uru ni urutonde rw’abagore cyangwa se abakobwa biganjemo Abanyamerika baherutse gusohoka kuri Forbes Magazine nk’abinjije amafaranga menshi kurusha abandi mu mwaka ushize: 1.Emma Stone: Ni umunyamerika, yavutse mu […]
Test views
Test viewsTest viewsTest viewsTest viewsTest viewsTest viewsTest viewsTest viewsTest viewsTest viewsTest viewsTest viewsTest viewsTest viewsTest viewsTest viewsTest viewsTest viewsTest viewsTest viewsTest viewsTest views
Tanzania: Abajura bibye mu Kiliziya ibikoresho by'agaciro
Abajura bateye kiliziya ya Mutagatifu Therese ( St Thérèse ) iherereye mu mujyi i Dar es Salam, biba amaturo n’ibikombe bitanu by’agaciro. Padiri Benno Kikudo yavuze ko abarinda iyo kiliziya bakubiswe cyane ariko ku bw’amahirwe abajura ntibashoboye kwinjira mu nzu y’abapadiri ngo bibe ibirenze ibyo batwaye. Yagize ati “Mu gicuku, abapadiri bagenzi bacu batewe n’abajura, […]
Tanzania: Abajura bibye mu Kiliziya ibikoresho by'agaciro
Abajura bateye kiliziya ya Mutagatifu Therese ( St Thérèse ) iherereye mu mujyi i Dar es Salam, biba amaturo n’ibikombe bitanu by’agaciro. Padiri Benno Kikudo yavuze ko abarinda iyo kiliziya bakubiswe cyane ariko ku bw’amahirwe abajura ntibashoboye kwinjira mu nzu y’abapadiri ngo bibe ibirenze ibyo batwaye. Yagize ati “Mu gicuku, abapadiri bagenzi bacu batewe n’abajura, […]
Rwamagana: Abaturage baratabariza umugabo utotezwa n’umugore we n’umwana
Abaturage bo mu mudugudu wa Kabuye, akagari ka Cyanya mu murenge wa Kigabiro mu karere ka Rwamagana, bavuga batewe impungenge n’uburyo umuturanyi wabo, Hatangimana Issa atotezwa n’umugore Mukeshimana Ziada, n’umuhungu wabo w’imyaka 22. Aba baturage babarizwa mu isibo yitwa ‘Ubutabera’ bavuga ko umuturanyi wabo ahora atotezwa kandi bagahora bahangayikiye umutekano we. Umwe mu baturanyi ba […]
U Bwongereza: Umugore wa Dr.Jose Chameleone yibarutse umukobwa
Umuryango wa Dr Jose Chameleone wo muri Uganda, uri mu byishimo nyuma y’aho umugore we yibarutse umwana w’umukobwa bahise bita, Xari Amani Mayanja. Uyu mugore we, Atim Daniella Mayanja yabyariye mu Bwongereza, kuri uyu wa Kane tariki ya 5 Mata 2018, nyuma y’iminsi mike afashe indenge akerekezayo, agiye kwibaruka. Akimara kubona uyu mwana w’umukobwa yari amaze […]
Ikipe ya Costa do Sol igomba gukina na Rayon Sports, yasesekaye i Kigali
Ikipe ya Costa Do Sol ituruka mu gihugu cya Mozambique yaraye isesekaye i Kigali aho igomba gukina na Rayon Sports mu mukino wa CCC ( CAF Confederation Cup) uzaba ku wa Gatanu tariki ya 6 Mata 2018, kuri Stade ya Kigali, i Nyamirambo. Ikipe ya Rayon Sports yageze muri iri rushanwa ivuye muri CCL (CAF […]
RDC: Abasirikare 10 bashinjwa kwica abacuruzi muri Kasai bakatiwe igihano cy’urupfu
Urukiko rwa gisirikare rwa Kananga (Kananga Garrison Military Court) muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, rwakatiye igihano cy’urupfu abahoze ari abasirikare 10 bishe abacuruzi 5 muri Dibaya ho muri Kasai mu 2017. Ubusanzwe abasirikare bashinjwa iki cyaha bari 14, ariko nyuma yo gukurikirana umwe ku wundi byarangiye babiri muri bo bahawe igihano cyo gufungwa imyaka […]
Hon. Makuza arasobanura akamaro ko kwandikisha inzibutso za Jenoside yakorewe Abatutsi ku rutonde rw’umurage w’Isi
Perezida wa Sena, Hon.Makuza Bernard avuga ko kwandikisha inzibutso za Jenoside yakorewe Abatutsi ku rutonde rw’Umurage w’Isi  rwa UNESCO, ari amahirwe ku mahanga yose yo gusobanukirwa amateka ya jenoside u Rwanda rusangiye n’Isi yose. Mu nama nyungurana bitekerezo yateranye kuri uyu wa 5 Mata 2018, mu cyumba cy’Inteko Rusange ya Sena i Kigali, yateguwe na […]
U Rwanda rwakuwe mu bihugu bizakira abimukira bo muri Israel, impamvu ikomeje kugirwa ubwiru
Leta ya Israel mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 4 Mata 2018, yabwiye urukiko rukuru ko irigushaka ikindi gihugu cyo kwakira abimukira. Ibi ni nyuma yaho u Rwanda rukuweho icyizere n’uru rukiko cyo kuba kimwe mu bihugu byakwakira aba bimukira gusa impamvu ikomeje kugirwa ibanga. Leta ya Israel itangaje ibi nyuma yaho […]
Umusore dufitanye ubukwe mu kwa 6 namufashe asambana n’umugore navuga ko amubyaye, ndumva nataye umutwe- NKORE IKI?
Amahoro y’Imana abane na mwe, ndi umukobwa w’imyaka 26 iwacu ni mu karere ka Rubavu ku Gisenyi mu mujyi, ni naho ngomba kuba n’umugabo wanjye dufitanye ubukwe mu kwezi kwa 6 ariko byajemo kidobya. Ntavuze byinsho, nshuti bavandimwe duhurira kuri iki kinyamakuru cya Bwiza.com, ngiye kubatekerereza inkuru mbi yambayeho, n’ubu nkaba ntarayakira. Kuri pasika ubwo […]
Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe urasabwa kwinjira mu kibazo cy’u Burundi amazi atararenga inkombe
Mu gihe hitegurwa amatora ya Kamarampaka mu gihugu cy’u Burundi mu kwezi gutaha ndetse bamwe banafata nk’uburyo Leta y’u Burundi yashyizeho ngo Perezida Nkurunziza agume ku butegetsi, imiryango itegamiye kuri Leta irasaba umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe(AU) kwinjira muri iki kibazo amazi atararenga inkombe. Mu mwaka wa 2015 ubwo Perezida Nkurunziza yiyamamazaga kuri manda ya […]
Ruhango: Abakaga abacuruzi amafaranga biyita abakozi ba RSB bafashwe
Ku wa mbere tariki 2 Mata 2018, Polisi mu karere ka Ruhango yafashe Murekezi Jean Claude na Mugabo Gilbert barimo kwaka amafaranga abacuruzi bo mu kagari ka Kamusenyi, mu murenge wa Byimana basanganye amasashe ya pulasitiki n’amavuta yo kwisiga atujuje ubuziranenge bababwira ko abatayatanga babaca amande y’uko bacuruza ibitemewe n’amategeko; ibi bakaba barabikoze biyita abakozi […]