Nyamasheke: Umusaza w’imyaka 66 yiyahuje umugozi wa supaneti
Mu mudugudu wa Rugano,akagari ka Kabuga,mu murenge wa Karambi mu karere ka Nyamasheke haravugwa amakuru y’urupfu rw’umusaza Kayihura Thomas w’imyaka 66 y’amavuko basanze mu cyumba yari asanzwe araramo yiyahuje umugozi wa supaneti, hagakekwa amakimbirane yagiranaga n’umugore we Mukantwari Bonifrida w’imyaka 63 y’amavuko yashinjaga kuba amaze igihe kirekire yaramwangiye ko bakorana imibonano mpuzabitsina. Nk’uko Bwiza.com yabitangarijwe […]
Uganda: Umunyarwandakazi Fille ararira ayo kwarika
Umunyarwandakazi ukorera umuziki mu gihugu cya Uganda, Fille Mutoni ari mu gahinda kenshi bikekwako yaba yatewe n’umukunzi we , Edwin Katamba uzwi nka MC Kats. Abinyujije ku rukuta rwe instagram, Fille yashyize hanze ifoto iriho umugore urira ayo kwarika, iherekejwe n’ubutumwa budacira akari urutega abagabo avuga ko bose ari kimwe. Mu rurimi rw’Ikigande ruvanze n’Icyongereza […]
Rwamagana: Abaturiye agakiriro n’abagakoreramo barinubira amatara bafata nk’umurimbo yaratanzweho akayabo
Abaturage batuye mu Mudugudu wa Kabuye mu Kagari ka Cyanya ndetse n’abakorera mu Gakiriro ka Rwamagana kubatse muri ako gace barasaba ko hakemurwa ikibazo cy’amatara yo ku muhanda w’amabuye ujya ku gakiriro yanze kwaka nyamara ataramara igihe kirenga umwaka . Abakorera mu Gakiriro ka Rwamagana kubatse mu Mudugudu wa Kabuye bavuga ko baterwa impungenge no […]
Urukundo hagati ya Nick Minaj na Lewis Hamilton rwafashe indi ntera-Amafoto
Nyuma y’amakuru yacicikanye avuga ko Nick Minaj yaba ari mu rukundo n’umushoferi wo muri Formula 1, Lewis Hamilton, aba bombi bakomeje kugaragaza ko iby’urukundo rwabo byaba ari impamo . Ikibihamya ni amafoto akomeje kugaragara mu ruhame Lewis Hamilton yishimanye na Nick Minaj. Kuri iyi nshuro, aba bombi bagaragaye Dubai bari mu munyenga w’urukundo batwaye ikinyabiziga […]
Byinshi kuri Gen Mugisha Muntu warenze ku mubano w’umuryango we na Obote akajya gufasha Museveni kumuhirika
Maj. Gen. Gregory Mugisha Muntu wavukiye mu Karere ka Ntungamo mu gihugu cya Uganda, asobanurwa nk’umunyapolitiki n’umusirikare ugendera ku mahame kandi udapfa kunyeganyezwa. Ibi bikaba bisobanurwa n’icyemezo yafashe ajya gufatanya na NRM (NRA), yayoborwaga na Museveni mu 1982, mu rugamba rwo kurwanya ubutegetsi bwa Milton Obote bikarakaza ababyeyi be bari inshuti za hafi za Obote. […]
RDC: Abatutse Perezida Kabila bahanishijwe igifungo cy'amezi 12
Bane biyita impirimbanyi za Demokarasi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Bakatiwe igifungo cy’amezi 12 nyuma yo guhamwa n’ibyaha birino no gutuka Perezida Joseph Kabila. Abo bane batawe muri yombi mu kwezi kwa cumi na kabiri mu mwaka ushize wa 2017 ubwo bagendaga inzu ku yindi bashishikariza abantu kwitabira urugendo rwateguwe na Kiliziya Gatolika rwo […]
Nubona iyi myitwarire ku mugore wawe uzamenye ko umusangira n’abandi bagabo
Ikintu gishobora kubabaza umugore cyangwa umugabo, ni ugusanga uwo bashakanye arimo kumuca inyuma, ariko buryo nubwo waba utamufashe ariko hari bimwe mu bimenyetso bishobora kukwereka ko umugore wawe umusangiye n’abandi. Kugira ingendo za buri kanya Gukora ingendo zimwe na zimwe, ngaho ngo yagiye gusura umuntu biganye, yagiye gusura uwo mu muryango we, yagiye gusura abarwayi […]
Nyamasheke: Abitabira gahunda zo kuboneza urubyaro barikoma ababaca intege
Ubuyubozi bw’akarere ka Nyamasheke n’ubwa Minisiteri y’ubuzima buvuga ko gahunda yo kuboneza urubyaro ikigenda biguru ntege muri aka karere,ngo bigaterwa ahanini n’impamvu nyinshi zirimo imyumvire ikiri hasi n’impuha kuri bamwe baca abandi intege bababwira ko uburyo hafi ya bwose bukoreshwa bugira ingaruka mbi ku babukoresha. Ubwo mu murenge wa Gihombo muri aka karere hatangirizwaga icyumweru […]
U Rwanda rufite ubushobozi bwo kwishyura imyenda rufata – MINECOFIN
Abakozi ba minisiteri y’imari n’igenamigambi kuri uyu wa Gatatu, itariki 26 Nzeri basobanuriye abagize Inteko Ishinga Amategeko impamvu igihugu gifata imyenda ndetse babizeza ko U Rwanda rwishyura neza imyenda rufata. Mu ntangiriro z’iki cyumweru, abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’U Rwanda baherutse kurahira batangiye guhabwa amahugurwa ku buzima bw’igihugu, aho kuri uyu wa Gatatu bahawe […]
Dushime Divine arasaba guhindura amazina
Uwitwa Dushime Divine mwene Ibambasi Nicolas na Nyirarukundo Pascasie, utuye mu Mudugudu w’Uwanyange, Akagari ka Ngiryi, Umurenge wa Jabana, Akarere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali, yasabye uburenganzira bwo kongera izina Cadeau mu mazina asanganywe Dushime Divine akitwa Dushime Cadeau Divine. Impamvu atanga ni uko iri zina Cadeau yaribatijwe mu Itorero ry’Abapantekote ndetse kuva ubwo […]
Abanyapolitiki batunguranye bakiri bato muri Politiki y’ibihugu bya Afurika
Mu bihugu bitandukanye bya Afurika, hagiye hagaragara abanyapolitiki bagifite amaraso ya kijeni bashaka impinduka mu bihugu byabo. Turibanda ku banyapolitiki batanu batunguranye bakigaragaza cyane muri politiki kandi ari bato. 1.Robert Kyagulanyi Ssentamu: Ni umuhanzi akaba n’umunyapolitiki, azwi ku izina rya Bobi Wine mu muziki, akaba ari umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko ya Uganda. Uyu mugabo […]
Ibintu bitatu by’ingenzi kuri Afurika Perezida Kagame yabwiye  Inteko Rusange ya 73 ya Loni
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, akaba n’umukuru wa Afurika Yunze Ubumwe muri iki gihe, kuri uyu wa Kabiri ushize, itariki 25 Nzeri, yagejeje ijambo ku Nteko Rusange ya 73 y’Umuryango w’Abibumbye agira ibintu bitatu by’ingenzi avuga ku mugabane wa Afurika. Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye izwi mu magambo ahinnye y’Icyongereza nka UNGA, niyo yonyine buri gihugu […]
Chris Brown arifuza kurinda Rihanna uherutse kwibasirwa n’abajura
Umuhanzi Chris Brown arifuza kurinda uwo bahoze bakundana, Rihanna nyuma yaho amabandi yinjiye mu rugo rwe. Uyu mugabo ashaka kwirindira Rihanna nyuma yaho polisi mu mujyi wa Los Angeles yemeje ko “ Hari imitungo yibwe” mu rugo rwa Rihanna mu ijoro ryo kuwa 25 Nzeri 2018. Umwe mu nshuti za hafi za Chris Brown yabwiye […]
Kayonza: Umwarimu wakubise abagenzuzi yasabwe gusezera ku kazi
Mu ntangiriro z’icyumweru gishize, nibwo havuzwe umwarimu wakubise abagenzuzi b’uburezi mu karere ka Kayonza. Bivugwa ko nawe yari amaze gukubitwa urushyi maze yirwanaho. Uyu mwarimu yaje gutumizwa ku karere, asabwa kwandika asezera ku mpamvu ze bwite, maze kuri uyu wa Mbere tariki ya 24 Nzeri 2018 arasinya. Mwumvaneza Geoffrey, yari umwarimu mu mwaka wa Gatandatu […]
Sudani y'Epfo: Abantu basaga 380,000 bamaze guhitanwa n'intambara n'ingaruka zayo kuva mu 2013
Ishuli ry’ubuganga ryitwa London School of Hygiene and Tropical Medicine ryo mu Bwongereza ryatangaje icyegeranyo kivuga ko abantu barenga ibihumbi 380 bahitanywe n’intambara n’inkurikizi zayo muri Sudani y’Epfo guhera mu kwezi kwa 12 mu 2013. Iri shuli risobanura ko iyi mibare iruta kure iyo abashakashatsi bakekaga. Intambara ya Sudani y’Epfo yatumye kandi abantu barenga miliyoni […]
Perezida Kagame na Minisitiri w’Intebe wa Armenia bafitiye icyizere inama ya OIF
Minisitiri w’Intebe wa Armenia yabonanye na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, kuwa 24 Nzeri, ku cyicaro cy’Umuryango w’Abibumbye I New York, bagirana ibiganiro bigamije kuzahura umubano w’ibihugu byombi ndetse bagaragaza icyizere bafitiye inama ya Francophonie iteganyijwe kubera muri Armenia mu minsi iri imbere. Amakuru Ibiro Ntaramakuru bya Armenia, Armenpress, bikesha ibiro bya Minisitiri w’Intebe w’iki […]
Polisi yafashe babiri bacyekwaho kwiba moto i Muhanga na Gasabo
Ku bufatanye n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) Polisi kuri uyu wa 24 Nzeri 2018 yafashe abagabo babiri bakekwaho kwiba Moto muturere twa Gasabo na Muhanga. Abo bagabo ni Hakizimana Jean Bosco ukekwaho kwiba Moto ifite icyapa RE 567C ya Mbonabucya Pierre yibwe kuwa 11 Nzeri mu karere ka Gasabo na Ndayambaje Jean Bosco ukekwaho kwiba Moto […]