Vuga amahoro ku bantu b’ Imana no ku gihugu cyawe

Mariko 4:39 “ Akangutse Acyaha umuyaga abwira inyanja ati” CECEKA TUZA” Ni iki ukora iyo mu ubuzima bwawe butewe n’ ibibazo bigiye bitandukanye? Umunsi umwe Yesu yarari kumwe n’ Abigishwa be mu bwato mu nyanja. Hageraho Igihe umuraba waje ariko muri uwo mwanya Yesu yarasinziriye . Abagishwa be batangiye kugira ubwoba kubera ko Yesu yarari […]

Tanzania: Abapolisi babiri bari mu rukiko kuko umwe yananiwe gutera inda umugore wa mugenzi we

Mu gihugu cya Tanzania, umupolisi yahaye mugenzi we ikiraka cyo kumuterera inda umugore, kumbe nawe atabibasha. Ubu rurageretse mu nkiko ngo amusubize miliyoni ebyiri z’amashilingi, anamwishyure impozamarira ku mugore we yaryamanye amajoro 77. Ngo “Gupfa utabyaye bitera agahinda”. Umupilisi wo mu muhanda Darius Makambako yarambiwe kumarana n’umugore imyaka itandatu nta mwana, ahitamo guha ikiraka mugenzi […]

25 bashinjwa gukorana na FDLR bagejejwe mu rukiko

Urugereko rwihariye ruburanisha imanza z’iterabwoba ruri i Nyanza mu majyepfo y’u Rwanda, rwatangiye kuburanisha itsinda ry’abantu 25 barimo abagore batatu baregwa gushaka guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda. Bivugwa ko bari abayoboke b’umutwe wa FDLR urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda. Bafashwe mu mwaka wa 2017, bakaba baregwa kwinjiza intwaro mu gihugu zivuye muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo, […]

Nyamasheke/ Shangi: Umubiri w'uwishwe muri Jenoside washyinguwe mu cyubahiro

Uyu mubiri washyinguwe mu cyubahiro wabonetse mu mudugudu wa Ruzinga,akagari ka Mataba muri uyu murenge wa Shangi, mu murima w’umuturage bacukuru imiringoti mu rwego rwa VUP,  abarokotse Jenoside yakorewe abatutsi bo muri uyu murenge kimwe n’indi bihana imbibe y’icyahoze ari komini Gafunzo bagahamya ko kubera ubugome Jenoside yakoranywe muri aka gace hari imibiri myinshi itaraboneka […]

Australia: Habonetse inzoka ifite amaso atatu

Abashinzwe kubungabunga ubuzima bw’inyamaswa mu Majyaruguru y’igihugu cya Australia, batangaje babonye inzoka ifite amaso atatu n’umutwe umwe. Ni inzoka yiswe Monty Python, yabonwe ikurura inda mu muhanda wa kaburimbo, mu bilometero 40 uvuye mu Burasirazuba bw’Amajyepfo y’Umujyi wa Darwin,  ni inzoka yari ikiri nto, kuko yari ifite uburebure bwa cm 40. Nk’uko ikinyamakuru Times Now […]

Major [Sankara] utarigeze aba umusirikare na rimwe mu buzima bwe ateye amatsiko- Ingabire Immaculée

Benshi barimo i mpirimbanyi mu kurwanya ruswa n’akarengane akaba n’Umuyobozi wa Transparence International Rwanda, Ingabire Marie ImmaculĂ©e, bavuga ko bafite amatsiko yo kureba Nsabimana Callixte uzwi cyane ku izina rya Sankara, wigambaga ko yafashe Nyungwe. Mu byifuzo yahuriyeho na bamwe mu bamukurikira ku rukuta rwe rwa Twitter, Ingabire ImmacuĂ©e yagize ati “Major utarigeze aba umusirikare na rimwe mu […]

AS Kigali ni ikipe nziza, ubu nta kosa na rimwe twemerewe gukora- Rusheshangoga wa APR FC

Umukinnyi Rusheshangoga Michel wa APR FC atangaza ko biteguye neza ikipe ya AS Kigali, by’umwihariko ko nk’abakinnyi nta kosa na rimwe bemerewe gukora kugira ngo babashe kwegukana igikombe. Ikipe ya APR FC yakinnye n’ikipe ya Kiyovu Vs ku wa Kabiri w’iki cyumweru, umukino urangira amakipe yombi aguye miswi. Ubu APR FC ikaba yitegura AS Kigali […]

Uwemera n’ubutunzi bwe

IGICE CYA MBERE Mu byumweru bishize, umuntu umwe yaranyegereye arambwira ati “ Ndi umukirisitu mushya, si nzi icyo Imana insaba gukora mu bijyanye n’ubutunzi. Ni gute nakwishyura umwenda? Ese wagira icyo wigisha kuri iyo ngingo? Uyu ni umwe mu banyegereye bambaza ku bijyanye n’ubutunzi. Ku bw’ibyo, ndashaka kugira ngo uyu munsi ngire icyo mbabwira ku […]

Impunzi z’Abarundi 50 zakiriwe muri Tanzania

N’ubwo Leta y’u Burundi itangaza ko umutekano umeze neza mu gihugu ndetse inakangurira impunzi zahunze gutaha mu gihugu, Leta ya Tanzania yakiriye izahunze igihugu zivuga ko zarambiwe itotezwa n’iterabwoba zishyirwaho n’Imbonerakure. Ni impunzi 50 zahungiye muri Tanzania zivuye mu Burundi, zakiriwe na Leta y’iki gihugu ifatanyije n’Agashami k’Umuryango w’Abibumbye kita ku Mpunzi (UNHCR), izi mpunzi […]

Col. Muhawe wari umuyobozi w’inyeshyamba yishyikirije igisikare cya FARDC

Col. Muhawe Faustin wari umuyobozi w’inyeshyamba ( FDDH)/Nyatura yashyize intwaro hasi yishyikiriza igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Mu mpera z’icyumweru gishize nibwo yishyikirije igisirikare cya Leta mu gace ka Masisi, hamwe n’abarwanyi be basaga 60 n’imbunda zibarirwa muri 12. Umuyobozi w’ingabo mu gace ka Masisi, Major Ndjike Kaiko Guillaume, aganira n’itangazamakuru ku wa […]

Uganda itewe ubwoba n’ukwihuza kwa ADF na  ISIS muri Congo

Hari amakuru avuga ko inyeshyamba za ADF, zirwanya ubutegetsi bwa Uganda n’umutwe wa  gisirikare uharanira ishyirwaho Leta ya kiyisilamu (ISIS) bamaze kugirana imikoranire. Ubusanzwe ADF mu ishyirwaho ryayo hashingiwe ku mahame ya kiyisilamu, ingingo ituma Uganda ibona ko iyi mitwe yombi igiye guhuza imyumvire maze ikayogoza iki gihugu. Chimpreports dukesha iyi nkuru ivuga ko uguhuza […]

Icyo ubuyobozi bw’akarere ka Nyamasheke buvuga ku mutekano wo muri Nyungwe

Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamasheke, mu Ntara y’Iburengerazuba buvuga ko umutekano mu ishyamba rya Nyungwe wifashe neza cyane, ko abavuga ko inyeshyamba ryahigaruriye babeshya. Bitangajwe mu gihe inyeshyamba za FLN zirwanya Leta y’u Rwanda zatangarizaga ku bitangazamakuru mpuzamahanga ko byigaruriye iri shyamba, by’umwihariko na bimwe mu bihugu by’amahanga bikagira inama abaturage babyo baba mu Rwanda kwirinda […]

Agahinda kubazi Miss Bellange wapfuye abyara , benshi bagaragaje ibyo bamwibukiraho

Urupfu rwa Miss Bellange Irene Muhikira wabaye Nyampinga wa Kaminuza ya UNILAK, aka yari n’umwe mu bazwi muri Gospel, kuko yari umwe mu baramyi muri Asamble de Dieu Gatsata, benshi mu bantu batandukanye bagiye bagaragaza agahinda basigiwe n’uyu mukozi w’Imana upfuye akiri muto.  Bamwe mubari bazi Miss Bellange bagize byinshi bavuga Gedeon Ndayishimiye Mupende ni […]