Igikombe cy'Amahoro: Uko imikino yagenze n'uko amakipe yakomeje
Uyu munsi, imikono yo kwishyura muri 1/8 cy’irushanwa ry’igikombe cy’amahoro isize Mukura VS isezerewe na Kiyovu Sports, Intare FC zisezerera Bugesera FC. Uku ni ko imikino yagenze: Kiyovu Sports 0-1 Mukura VS (agg. 3-2): Ku mukino ubanza Mukura yatsinzwe na Kiyovu 3-1. Intare FC 2-1 Bugesera FC (4-2) Espoir FC 1-1 Gicumbi FC (1-1): Gicumbi […]
Imfubyi za politiki za Mitterand ntizikozwa uruhare rwe muri jenoside yakorewe Abatutsi
Nyuma y’aho umunyapolitiki Raphaà «l Glucksmann ubarizwa mu ishyaka rya Mitterand asabiye ko Abaminisitiri 23 bakoranye na we bisobanura ku ruhare rw’ Ubufaransa muri jenoside yakorewe Abatutsi, bo si uko babibona. Ishyaka ry’ Abasosiyaliste mu Bufaransa ryahise ritangira kwikoma Raphaà «l Glucksmann rivuga ko ahubwo ingabo zabo zari mu Rwanda zari iza mbere zagerageje kurwanya jenoside yakorewe […]
Icyo Perezida Nkurunziza na Tshisekedi baganiriye cyamenyekanye
Nyuma y’uruzindiko Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FĂ©lix Antoine Tshisekedi yagiriye mu Burundi, abakuru b’ibihugu byombi biyemeje gukorera hamwe mu kurwanya imitwe yitwaje intwaro ihungabanya umutekano muri Congo. Perezida Tshisekedi na Nkurunziza baganiriye ku wa Gatanu tariki ya 14 Kamena 2019, i Bujumbura. Itangazo ryasohowe n’Abaminisitiri b’Ububanyi n’amahanga ’Ubutwererane b’ibi bihugu byombi, rivuga […]
Ibintu 6 bizakubwira ko umukobwa afite ubushake bwinshi bwo gukora imibonano mpuzabitsina
N’ubwo bwose abakobwa iyo bashaka imibonano mpuzabitsina babihisha ariko nitwakwiyibagiza ko bafite umubiri wa kimuntu utuma nabo bagira ubushake bukabarenga ukaba wabibona. Ibi ni ibimenyetso bizakwereka umukobwa wagize ubushake bwinshi bwo gukora imibonano bikamurenga: Kumira amacandwe Umukobwa wagize ubushake cyane uzasanga akenshe arimo kumira amacandwe buri kanya kandi akayamira ubona atamanuka kuko aba yacitse intege […]
Kwita Ebola ikibazo cyugarije isi byakwica kuruta gukiza-Dr Aavitsland
Ushinzwe ibibazo bidasanzwe by’agateganyo mu ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima, OMS yatangaje ko indwara ya Ebola iramutse yiswe ikibazo cyugarije isi, byakwica byinshi kuruta ibyo byakiza. Ibi Dr Preben Aavitsland yabivugiye mu nama yaranzwe n’impaka yabereye i Geneve mu Busuwisi ejo hashize, ubwo uyu muryango washakaga kureba niba iyi ndwara yashyirwa mu cyiciro cy’ibibazo […]
Nyaruguru: Abajyaga kuvoma i Burundi bikanga Imbonerakure n’abasirikare biruhukije
Abaturage bo mu Murenge wa Ruheru, Akarere ka Nyaruguru bishimiye amazi meza bahawe, by’umwihariko bakavuga ko bajyaga kuvoma mu Burundi, rimwe na rimwe mu masaha akuze Imbonerakure n’abasirikare b’u Burundi bakababuza kuyavoma. Nyuma y’aho baherewe amazi meza, n’ubuyobozi bw’aka Karere ka Nyaruguru, buvuga ko abaturage baturiye umupaka w’u Burundi batazongera kujya gushakirayo amazi, ahubwo ko […]
Si ngombwa gukoresha agakingirizo kuko namaze kwandura kandi nifuza kuryamana n'abarenze 1000
Benshi turabizi ko SIDA ari indwara idakira iterwa n’agakoko ka VIH. Yandurira mu mibonano mpuzabitsina idakingiye, mu gukoreshereza hamwe ibikoresho bikomeretsa iyo umwe ayirwaye, ishobora gufata umwana igihe umubyeyi amubyara ndetse birashoboka cyane ko yafatira umuntu mu mpanuka nk’igihe yakomeretse, amaraso ye agahura n’ay’uwanduye. Gukoresha agakingirizo ni bumwe mu buryo bwo kwirinda iyi ndwara mu […]
RDC: Inyeshyamba 61 zirimo iza FDLR na RNC ya Kayumba Nyamwasa zishwe
RDC: Inyeshyamba 61 zirimo iza FDLR na RNC ya Kayumba Nyamwasa zishwe Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 14 Kamena 2019, cyatangaje ko inyeshyamba 61 zishwe mu mezi abiri ashize mu bitero bitandukanye byagiye bigabwa muri Teritwari ya Masisi na Rutshuru, muri Kivu y’Amajyaruguru. Umuvugizi wa Operasiyo yiswe […]
Min. Busingye yibukije abacungagereza ko bafite umukoro ukomeye wo gutegura neza abo bashinzwe
Minisitiri w’Ubutabera akaba n’intumwa nkuru ya Leta, Busingye Johnston avuga ko kugira ngo umugororwa cyangwa imfungwa azagire icyo bimarira mu buzima busanzwe nyuma yo gufungurwa, bisaba kugira abacungagereza b’umwuga. Yabitangaje kuri uyu wa Gatanu tariki ya 14 Kamena 2019, mu muhango w’isoza ry’icyiciro cya Gatatu cy’amasomo y’Ibanze y’abacungangereza, yaberaga mu kigo cy’amahugurwa i Rwamagana, aho […]
Umugabo wanjye akunda kunyonka- Umugore utuye muri Kigali
Umugore witwa Anita Kagoyire (amazina yahinduwe nk’uko yabidusabye)Â yandikiye Bwiza.com avuga ko afite umugabo ukunda kumwonka amabere kuko akunda amashereka ye. Mu kutwandikira, yasabye ko abasomyi mwamugira inama y’icyo yakora ngo abireke kuko ibi byatumye amabere ye aba mato kandi atabikunda. Yagize ati ” Nari mfite amabere manini gusa bitewe n’umugabo wanjye akunda kuyonka, ubu […]
Umunyarwandakazi arashinja uwahoze ahagarariye u Rwanda muri LONI kumufata ku ngufu
Umunyarwandakazi utatangajwe amazina ye avuga ko mu 2014 yafashwe ku ngufu n’uwahoze ahagarariye igihugu cy’u Rwanda muri muri LONI, Eugene Richard Gasana. Mu nkuru y’ikinyamakuru New York Times yasohotse kuwa 14 Kamena uyu mwaka ivuga ko dosiye y’ikirego yashyikirijwe urukiko ivuga ko uyu mugore yemeza ko yafashwe ku ngufu na Gasana inshuro ebyiri. Avuga ko […]
USA: Joe Biden yiyemeje ko aramutse atowe azarandura Cancer
Umunyapoliti w’ umunyamerika , Joe Biden wari wungirije Perezida Barack Obama ubwo yari mu mirimo ye, yatangarije abaturage kuzarandura indwara ya cancer muri Amerika nibaramuka bamutoreye kuyobora iki gihugu muri 2020. Iyi ntego yo guhangana n’ indwara ya cancer iri mu za mbere zibasiye Abanyamerika, Joe Biden yashimangiye ubwo yari mu gikorwa cyo kwiyamamaza kuba […]
Rusizi: Abaturiye imipaka barasabwa kwirinda icyabangamira ubuhahirane bwabo n’imibanire myiza
Abaturage b’umurenge wa Bugarama mu karere ka Rusizi,aba kamanyola muri  Kongo n’aba Rugombo mu Burundi bavuga ko nubwo harikiri ibibazo ku mupaka w’u Rwanda n’u Burundi bikibangamiye  imigenderanire n’imihahiranire yabo ariko muri rusange uko imyaka ishira urwikekwe rwagendaga rurangwa hagati y’abaturiye iyi mipaka rugenda rushira bakabyishimira,bagasabwa kwirinda icyasubiza inyuma ubumwe,imigenderanire n’imihahiranire yabo. Babisabwe n’umuryango Never […]