Abakinnyi batanu ba Eritrea bageze muri Uganda baburirwa irengero
Abakinnyi batanu b’ikipe y’igihugu ya Eritrea y’abatarengeje imyaka 20 bavuye muri hoteli bari bacumbitsemo muri Uganda ntibongera kuboneka. Bamwe mu bakurikirana iyi kipe babwiye BBC ko aba bakinnyi bacitse ndetse ubu bakaba bari gusaba ubuhungiro muri Uganda. Ikipe ya Eritrea yagiye muri Uganda mu mikino ya CECAFA y’abatarengeje imyaka 20 ubu igeze mu mikino ya […]
Abivuriza ku bitaro bya Kibungo bemeza ko ari iby'icyitegererezo ku izina gusa
Abatuye mu turere twa Ngoma na Kirehe bavuga ko n’ubwo begerejwe ibitaro bya Kibungo byitwa ibyâ icyitegererezo, bababazwa n’uko badahabwa serivisi bifuza bigatuma boherezwa kwivuriza i Kigali n’ahandi. Bavuga ko Leta ikwiye kubafasha ibi bitaro ntibibe iby’icyitegererezo ku izina gusa ngo kuko boherezwayo bagasanga nta baganga bashobora kubavura bahari. Niringiyimana Emmanuel ni umwe mu baturage […]
Burundi: Kuburirwa irengero k'uwahoze akora muri Minisiteri n'urupfu rw'umusifuzi byabaye amayobera
Kuburirwa irengero kwa Jean Marie Vianney Rugerinyange wakozeho muri Minisiteri y’Umuco mu Burundi n’urupfu rwa Deogratias Arakaza(Douglas) wari umusifuzi muri shampiyona y’ikiciro cya kabiri mu mupira w’amaguru, bikomeje kuba amayobera. Inkuru ya JMV Rugerinyange ivuga ko aheruka kugaragara ku cyumweru, kugeza ubu umuryango ndetse n’inshuti ze utazi irengero rye. Umukozi we uheruka kumuca iryera avuga […]
Mugabo/Mugore, dore ibintu 6 uzirinda kwirukankira gukora ukimara gukora imibonano mpuzabitsina
Mu gihe muri mu gikorwa cyo gukora imibonano mpuzabitsina, buri wese niho aba yerekeje ubwonko, hari ibigenda neza hakaba n’ibindi bishobora kutaba uko mwabyifuzaga bityo rero ntabwo ari ngombwa guhita wirukira kugaragaza ko wari warambiwe cyangwa ngo ugaragaze ko uwo mwari kumwe utamunezerewe. Dore ibyo ugomba kwirinda ugisoza iki gikorwa: 1.Guhita wambara imyenda Kwambara imyenda […]
Kigali: 25 barimo Rtd. Maj. Mudasiru warasiwe ukuguru muri Congo bagejejwe mu rukiko
Abantu 25 biganjemo urubyiruko kuri uyu wa Gatatu tariki ya 2 Ukwakira 2019, bagejejwe mu rukiko rwa Gisirikare ruri i Nyamirambo mu mujyi wa Kigali, bashinjwa gukorana n’umutwe wa RNC urwanya Leta y’u Rwanda. Ni ku nshuro ya mbere bagejejwe imbere y’urukiko baburana ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo. Uko ari 25 harimo abasirikare babiri, Rtd Maj Habib […]
Bobi Wine yiyemeje gushoza intambara kuri leta n'igisirikare cya Uganda byeruye
Nyuma y’aho Leta ya Uganda ibujije abaturage kwambara ingofero zitukura harimo n’izambarwa n’abari mu ishyaka rya Democratic Party/People Power rya Depite Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine, yiyemeje guhangana na yo. Leta ya Uganda yatangaje ko bene izi ngofero zigiye kujya zambarwa n’amwe mu masekisiyo (sections) y’igisirikare cya Uganda, UPDF, ishingiye ku ngingo yo mu […]
Mugenzi wange Jya uhora usengera akazi kawe – Rev. Nibintije
Gutegeka kwa Kabiri 16:15 â Umare iminsi irindwi uziririza Uwiteka Imana yawe iminsi mikuru, uyiziririze aho Uwiteka azatoranya, kuko Uwiteka Imana yawe izaguhera umugisha imyaka yawe yose nâibikuva mu maboko byose, kandi uzagira umunezero musa.â Umwanya nâakazi ako ari ko kose, Imana yateguye uburyo bwo kuguha umugisha. Mu kuri, ntabwo ufite umushahara ntarengwa, amashuri, ubushobozi […]
Ikigo cya RITCO kigiye kujya gifasha aba-Rayons gutera inkunga ikipe yabo
Ku wa 1 Ukwakira 2019, Ikipe ya Rayon Sports yasinye amasezerano y’umwaka n’Ikigo gitwara abagenzi cya RITCO (Rwanda Inter-Link Transport Company). Aya masezerano avuga ko buri mufana n’umukunzi w’iyi kipe uzajya atega imodoka za RITCO, mu mafaranga yatanze, amwe azajya avaho, agashyirwa muri ikipe. Umuyobozi wa RITCO, Nkusi Godfrey abona ko Rayon n’iki kigo hari […]
Nyabihu: Barasaba indishyi ku myaka yabo yangirikiye aho umupolisi yiciye umuturage
Abaturage bo mu Murenge wa Bigogwe, mu karere ka Nyabihu, Intara y’Iburengerazuba, bari bafite imyaka ahaherutse kurasirwa umuntu agahita apfa, barasaba ko Leta yabaha indishyi ku myaka yabo yangijwe nâabaturage baje bahuruye. Ku wa Gatanu tariki ya 27 Nzeri 2019 ni bwo aha mu mudugudu wa Zihari akagari ka Kijote, mu murenge wa Bigogwe, akarere […]
ToRs for Conducting a Mini-Survey on How People with Disability embrace the Media Career
Iyo amazi akubwiye ngo winyoga uyasubiza ko nta mbyiro ufite- Museveni abwira Abanyamerika
Minisitiri wâUbucamanza muri Uganda, Bart Katurebe yasuzuguwe bikomeye ubwo yageraga muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ibi bikaba byatumye Perezida Museveni acira umugani iki gihugu cy’igihangange ku Isi. Aka gasuzuguro kaje nyuma yaho General Kale Kayihura akomanyirijwe kudakandagira muri Amerika. Min.Bart Katurebe ngo na we akaba aherutse guhabwa âVisaâ ijya muri Amerika ku bwaburembe, yanagerayo […]
Nsoje isezerano nahaye abakinnyi ba Rayon Sports-Bakame
Ndayishimiye Eric Bakame, wahoze akinira Rayon Sports bagatandukana nabi, ubu akaba akinira AS Kigali, nyuma yo gutwara igikombe cya Super Cup yihanganishije abafana bâiyi kipe ndetse ko asoje isezerano yabahaye. Mu kwezi k’Ugushyingo 2018 nibwo uyu munyezamu wari umaze igihe kinini yarahagaritswe na Rayon Sports ashinjwa kuyigambanira yatandukanye nayo ku buryo bweruye, ahita yerekeza muri […]
Jose Chameleone yabwiwe ko azicwa
Umuhanzi Dr. Jose Chameleone atangaza ko amaze iminsi yakira ubutumwa bumubwira ko azicwa buvuye ku muntu wâumujenerali. Joseph Mayanja aherutse gutangaza ko azahatanira kuyobora Umujyi wa Kampala. Kuri uyu mwanya ahanganye na Rtd. Lt.Gen. Henry Tumukunde wahoze ayobora Minisiteri yâUmutekano ya Uganda. Aganira nâimwe muri televiziyo zo muri Uganda, Chameleone yavuze ko yamaze kugeza ikirego […]
RDC: Umuhanda wiswe uw'Urupfu kubera ubwicanyi bw'inyeshyamba zikomoka Uganda
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyafunguye umuhanda wari umaze imyaka ibiri ufunze kubera ubwicanyi inyeshyamba za ADF zikomoka muri Uganda zawukoreragamo. Ni umuhanda Mbau-Kamango wari umaze imyaka ibiri ufunze bitewe n’ibitero bya ADF, uyu muhanda ukaba warahawe izina ry’Umuhanda w’Urupfu, bitewe n’ibyawukorerwagaho, abaturage bakumirwa kuwucamo. Umuvugizi w’ingabo za FARDC ziri muri Operasiyo […]
Kinigi: Umwana muto yajyanwe mu bitaro nyuma yo gukomeretswa n'imbogo
Umwana wo mu Murenge wa Kinigi witwa Phocas Manizabayo yahuye nâimbogo zigera ku 150 maze imwe imukubita ihembe ajyanwa mu Bitaro Bikuru bya Ruhengeri. Manizabayo wâimyaka 14 yahuye nâizi mbogo zasubiraga muri pariki yâIbirunga mu gitondo cyo ku wa 30 Nzeri 2019, ubwo yari agiye kugura isabune ku iduka, imwe imutera ihembe ku itako. Gitifu […]
Ishyaka ryâuwangiwe kuba umusenateri rivuga ko ritanyuzwe
Umuyobozi wâIshyaka Ntangarugero muri Demukarasi (PDI),  Mussa Fazil Harelimana avuga ko batanyuzwe nâicyemezo cyâUrukiko rwâIkirenga rwanze kandidatire ya Uwamurera Salama, Umuhuzabikorwa wâiri shyaka  mu Ntara y’Iburengerazuba wahataniraga kuba umusenateri. Urukiko rwâIkirenga kuwa Mbere tariki ya 01 Ukwakira 2019  rwanzuye ko Uwamurera Salama atagirwa umusenateri bitewe nâuko ngo nta bunararibonye afite. Uyu mwanzuro warwo ngo wisunze […]
Koreya ya Ruguru yarasiye igisasu cya Misile munsi y'inyanja
Koreya ya Ruguru yarashe igisasu cya misile ikirasiye mu bwato bugendera munsi y’amazi magari, ikaba yabikoze mu rwego rwo kugerageza ibisasu bya kirimbuzi. Ni mu gihe hari hashize amasaha macye iki gihugu gitangaje ko kigiye gusubukura ibiganiro na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika bijyanye n’intwaro kirimbuzi za nikleyeri. Abategetsi ba Koreya y’epfo bavuze ko igisasu cya […]
Nkombo: Barataka inzara, kurya kabiri ku munsi bisaba umugabo bigasiba undi
Bamwe mu baturage bâumurenge wa Nkombo mu Karere ka Rusizi, bavuga ko batakibuka uko kurya kabiri ku munsi bisa, ko abana babo kujya ku ishuri mu gitondo bagize icyo bafata ari nkâinzozi kubera uko ubuzima bwaho buteye binajyanye nâuko bagira uturima duto tutanacyera neza nka kera kubera guhora baduhinga ntibagire nâigihe baturaza ngo twisubire, bagasaba […]
 Uganda: Umunyarwenya  avuga ko adateze gusaba  imbabazi ku byo yavuze kuri Jenoside yakorewe Abatutsi
Umunyarwenya wo muri Uganda, Patrick Salvado Idringi avuga ko abifuza ko asaba imbabazi ku bwo kuvuga kuri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu rwenya rwe, bizabatwara igihe kirekire. Uru rwenya ngo yaruteye ubwo yari mu Mujyi wa  Kampala, kuwa 5 Mata 2019 muri Selena Hotel, ubwo habaga igitaramo cya Awilo Longomba. Salvado yavuze ko hari […]