Wituma ivangura rikugwingiza
1 Abakorinto 3:1-3 “ Bene Data, sinabashije kuvugana namwe nk’uvugana n’ab’Umwuka, ahubwo navuganye namwe nk’uvugana n’aba kamere, cyangwa abana b’impinja bo muri Kristo. Nabaramije amata, sinabagaburiye ibyokurya bikomeye, kuko mwari mutarabibasha. Kandi na none ntimurabibasha. kuko mukiri aba kamere. Ubwo muri mwe harimo ishyari n’amahane, mbese ntimubaye aba kamere koko ntimugenza nk’abantu?” Kugirirana ishyari, guhangana […]
Rulindo: Gitifu yagurishije isambu y’umuryango none imyaka ibaye irindwi batarahinduza
Mwumvinezayimana Fiacre uyobora umurenge wa Base amaze imyaka irindwi agurishije isambu afatanyije n’umuryango none guhinduza ibyangombwa byayo byarananiranye. Uyu muyobozi yiteguye gusubiza amafaranga yahawe, ariko uwo baguze nawe yamubereye ibamba. Iyi sambu ni iy’umuryango wa Mwumvaneza Gabriel ari we se wa Fiacre. Iri mu mudugudu wa Budaha, akagari ka Gasiza, mu murenge wa Bushoki. Gitifu […]
Musanze: Umubare w'abaguye mu gitero wiyongereye, abagizi ba nabi 19 baricwa
Polisi y’igihugu yatangaje ko umubare w’abaguye mu gitero cy’abagizi ba nabi bibasiriye abaturage mu mirenge ya Kinigi, Musanze na Nyange wavuye ku 8 ugera kuri 14, mu gihe abagize ba nabi 19 bishwe abandi 4 bagafatwa mpiri. Itangazo ry’Umuvigizi wa Polisi, CP John Bosco Kabera rivuga ko aba bagizi ba nabi bishwe abandi bane barafatwa […]
Uganda: Pasiteri w’ikimenyabose yahuye n’ababyeyi be b’Abanyarwanda nyuma y’imyaka isaga 25
Umupasiteri uzwi cyane mu Mujyi wa Kampala, Aloysius Bugingo yongeye guhura n’ababyeyi be b’Abanyarwanda bari baratandukanye ubwo urugamba rwo kubohoza u Rwanda rwatangiraga mu 1990. Mu ijoro ryo kuwa 4 Ukwakira 2019, amarira avanze n’ibyishimo yatashye abari kuri Sitade ya Namboole, ubwo Pasiteri Bugingo yari yongeye guhura n’ababyeyi be. Nyina yabwiye Bugingo wari upfukamye asaba […]
Abayisilamu batumye umucamanza yirasa
Umucamnaza witwa Kanakorn Pianchana wo mu Bwami bwa Thailand yirashe ahita apfa imbere y’abantu bari buzuye mu rukiko ku bwo kurekura abayisilamu batanu bakekwagaho ubwicanyi bukoresheje imbunda. Pianchana wari umucamanza mu majyepfo ya Thailand ahitwa Yala yiyishe kuwa 4 Ukwakira nyuma yo kugatangaza ko aba bayisilamu badahamwa n’ibyaha. Pianchana nk’uko ibinyamakuru byo muri Thailand byabitangaje, […]
 AMAFOTO : Jean Claude Gianadda yaririmbanye na Chorale Christus Regnate
Ni igitaramo cyabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki 05 Ukwakira 2019, muri Kigali Conference and Exhibition Village hazwi nka Camp Kigali. Igitaramo cyateguwe na Chorale Christus Regnate itumiramo umuhanzi w’Umufaransa Jean Claude Gianadda. Iki gitaramo kiswe “Stand up for Children with Disabilities ” cyakozwe hagamije gushaka amafaranga yo gufasha abana babana n’ubumuga baba mu kigo […]
Haravugwa ubwambuzi buteye inkeke mu muhanda Kigali- Akanyaru
Ibibazo by’abajura bitwikira ijoro bakambura abaturage n’imodoka; bigaragara ahantu haterera cyane mu muhanda Kigali-Huye-Akanyaru ugiye kugera aho bita mu Nkoto na Rugobagoba ho mu Karere ka Kamonyi no ku Kivumu mu karere ka Muhanga. Aha hantu nta matara yo ku mihanda ahari. Abakoresha cyane uyu muhanda bavuga iki kibazo kibaremereye. Umwe muri bo, Musabimana Jean […]
Irukanka ugana Imana – Rev. Nibintije
1Yohana 1:9 “Ariko nitwatura ibyaha byacu, ni yo yo kwizerwa kandi ikiranukira kutubabarira ibyaha byacu no kutwezaho gukiranirwa kose.” Ni byiza kumenya ko utakiboshywe n’amategeko y’icyaha n’urupfu. Ni ikuzo kumenya ko utazongera na rimwe kongera kugwa mu bucakara bw’icyaha. Ese ukora iki yo utamenye iki kintu kandi hari ibyo byiza n’ukuri kuje ikuzo. Ukora iki […]
Mumbwire icyo nabimye-Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame avuga ko asanga hakwiriye uruhare rwa buri wese kugira ngo igihugu gitere imbere, asaba  abitabiriye Rwanda Day m Mujyi wa Bonn mu Budage, kuvuga icyo yaba yarabimye kugira ngo bakomeze batange umusanzu wabo. Mu ijambo rye ku basaga 800 bari bitabiriye Rwanda Day kuri uyu wa 5 Ukwakira […]
Kigali: Uwari ufungiwe kwa Kabuga azira 'ecouteur' “z'ukomeye” yarekuwe
Umugabo witwa  Jacques Munyabarenzi wari ufungiye i Gikondo ahasanzwe hafungirwa inzererezi, azira ibura rya ekuteri (ecouteur) z’umuntu bivugwa ko ngo akomeye , yarekuwe kuri uyu wa 5 Ukwakira 2019. Munyabarenzi ni umukozi muri ‘salon de coiffure’ iherereye ku Kabeza mu mujyi wa Kigali, amaze ibyumweru bibiri afunze mu buryo abe bavuga ko bunyuranyije n’amategeko. Chantal […]
Abamotari biseseka hagati y’imodoka n’ababaseseka telefoni muri kasike baburiwe
Polisi y’u Rwanda (RNP) itangaza ko kizira kuba umumotari yaseseka telefoni muri kasike (ingofero yabugenewe) hafi n’ugutwi ndetse ko gushaka kwiseseka mu mwanya muto uri hagati y’imodoka bitemewe. Ibinyujije ku rukuta rwayo rwa Twitter kuwa 5 Ukwakira, RNP itangaza ko iyi migirire itemewe, aho usanga bamotari batwaye ari nako bavugira kuri telefoni ziri muri kasike. […]