Amafoto yo mu buriri, reba uko byari byifashe ku isabukuru y’amavuko ya Sheebah Karungi

Sheebah Karungi, ni umuhanzikazi wo muri Uganda wizihije isabukuru ye y’imyaka 30 y’amavuko. Sheebah yavutse taliki ya 11 Ugushyingo 1989. Nk’uko yabigaragaje ku rukuta rwe rwa Instagram, uyu mukobwa wari mu munezero yagiye yitotoza amafoto atandukanye ari mu buriri, anagira ati “Urakoze Mana, isabukuru nziza kuri njye” Uyu muhanzikazi azwi ku ndirimbo zishyushya ibirori nka […]
Turkey congratulates Minister Biruta
Turkey’s Foreign Minister Mevlut Cavusoglu on Monday congratulated his new Rwandan counterpart Vincent Biruta for taking the office. In a phone conversation, Cavusoglu congratulated Biruta for assuming the office. Biruta, who was previously serving as environment minister, was appointed new foreign minister — to replace Richard Sezibera — on the Nov. 4 by Rwanda’s President […]
Rusizi: Bamwe mu bayobozi ntibafite amakuru ahagije ku cyorezo cya Ebola

Nubwo ubuyobozi bwâakarere ka Rusizi buvuga ko hari byinshi bimaze gukorwa mu rwego rwo gukumira icyorezo cya Ebola, bamwe mu bayobozi mu nzego ziganwa nâabaturage benshi nâabahura nâabaturage benshi mu kazi kabo ka buri munsi muri aka karere bagaragaza ko nta makuru menshi bafite kuri iki cyorezo uretse kubona hari abo mu nzego zâubuganga bapima […]
Kusini: Mfanyakazi wa hosipitali atuhumiwa kumuua kijana anayeuza âair timeâ
Mfanyakazi wa hosipitali ya CHUB kusini mwa Rwanda, Ntawuhiganayo Narcisse amekamatwa kwa kutuhumiwa kumuua, Felix Iriboneye kijana wa miaka 28 aliyekua muuzaji wa airtime karibu na hospitali. Malehemu aliuawa kwa kutumia kamba na kumfunga mikono kama mwenzake Ntawukuriryayo, aliambia gazeti la Umuseke. Msemaji wa Ofisi ya Uendeshamashtaka nchini (RIB), Marie Michelle Umuhoza amehakikisha habari hizo […]
Umuhanda uhuza Gakenke na Nyabihu watangiye kwangirika nyuma yâigihe gito wubatswe
Abaturage bo mu Karere ka Gakenke bavuga ko umuhanda uturutse ku karere ukanyura mu Mirenge ya Gakenke, Janja na Muzo ukanahuza aka karere nâaka Nyabihu muri Vunga wamaze kwangirika nyuma yâimyaka ibiri yubatswe. Abaturage babwiye Radio na Tv1 ko uyu muhanda watangiye kwangizwa nâamazi yâimvura atarakorewe inzira zikwiriye yanyuramo. Bavuga ko amazi â abura inzira […]
Kenya: Hatahuwe ko kawunga barya irimo uburozi
Iperereza rya televiziyo NTV yo muri Kenya ryerekanye ko kudakurikirana kwâababishinzwe byatumye abakora ifu yâibigori (kawunga) bakora irimo uburozi bwitwa aflatoxin ikajya ku isoko. NTV yabonye amoko 12 anyuranye ya kawunga igurishwa mu gihugu irimo ubu burozi. Aflatoxin ni uburozi buva mu binyabuzima bito (fungi) biza mu busaze bwâigihingwa, bukaba bushobora gutera indwara ya kanseri. […]
Affaire Neretse : Le génocide est un long processus, parties civiles
Selon Eric Gillet, lâun des sept avocats des parties civiles dans le procĂšs Neretse en Belgique, Le gĂ©nocide est un long processus. Il a un avant, un pendant, un aprĂšs, et un bien aprĂšs. Dans la dĂ©claration prĂ©liminaire des parties civiles, prĂ©sentĂ©e jeudi, le rappel est que le gĂ©nocide perpetre contre les Tutsis au Rwanda […]
Papa tumuheruka mu mwaka wa 2013- Umukobwa Gen Frank Rusagara

Umukobwa wa Rtd Brig-Gen Frank Rusagara, Rtd Brig-Gen Frank Rusagara avuga ko nta buryo nk’abana be babonye bwo kuba bakongera kubonana na se kuva mu mwaka wa 2013. Brig Gen (Rtd) Frank Rusagara afungiye mu Rwanda, akaba ashinjwa ibyaha byo gukwirakwiza nkana ibihuha agomesha rubanda abangisha ubutegetsi, icyo gusebya Leta, akanashinjwa gutunga imbunda mu buryo […]
Umukobwa wiga muri Kaminuza ya Makerere yashyize ku Karubanda amafoto ye 50 yambaye ubusa

Ni umukobwa witwa Judith Laureya w’imyaka 21 y’amavuko wiga ibijyanye n’ishoramari muri Kaminuza ya Makerere muri Uganda, yashyize ku mbuga nkoranyambaga amafoto ye 50 yambaye ubusa. Ibinyamakuru bitandukanye byo muri Uganda, bitangaza ko abakobwa bamaze kubigira umuco gushyira ku mbuga nkoranyambaga amafoto yabo bambaye ubusa, ko bibafasha kumenyekana ndetse no kwifuzwa n’abagabo benshi bashobora kubasaba […]
Une femme aveugle défie les femmes dirigeantes devant la premiÚre dame

La prĂ©sidente de l’Union rwandaise pour les aveugles (RUB), Donatile Kanimba, a attirĂ©e le plus d’attention et de louange lors de la rĂ©union des femmes dirigeantes du secteur de la santĂ© mondiale, invitant les dĂ©cideurs politiques Ă repenser le handicap dans l’intĂ©gration de la dimension de genre. AprĂšs avoir passĂ© plus de cinq minutes la […]
Uganda: Polisi yafunze abantu basaga ijana yasanze mu kabari kamwe
Polisi muri Uganda yatangaje ko yafunze abantu 120 bari mu kabari i Kampala bafatanywe ibiyobyabwenge, aka kabari gakunze kujyamo abantu b’amahitamo mpuzabitsina atandukanye (LGBTI). Polisi ivuga ko yahawe amakuru ko hari ibiyobyabwenge bitemewe biri gukoreshwa muri ako kabari. Yoherezayo abapolisi benshi mu gicuku ejo ku cyumweru. Umunyamakuru wa BBC avuga ko abo basanze mu kabari […]
Zimbabwe igiye gushyira hanze amafaranga mashya
Banki Nkuru ya Zimbabwe biteganyijwe ko kuri uyu wa Mbere tariki ya 11 Ugushyingo irashyira hanze inoti nshya zâamafaranga yâiki gihugu. Iki cyemezo cyafashwe mu rwego rwo kugabanya ibura ryâamafaranga ryibasiye iki gihugu muri iki gihe ubukungu bwâiki gihugu bukomeje kugana aharindimuka. Zimababwe kandi ivuga ko uku gushyiraho inoti nshya zâamadolari abiri nâatanu ntawe bikwiriye […]
AMAKURU Y’INGENZI YARANZE ICYUMWERU GISHIZE
Icyumweru gishize cyatangiye ku wa 4 Ugushyingo 2019 kirangira ku wa 10 na none muri uku kwezi. Cyaranzwe n’amakuru yihariye muri politiki, ubutabera, ibirori,… n’ibidasanzwe. Perezida Kagame yagize icyo avuga ku mubano w’u Rwanda na Uganda Ubwo yagiranaga ikiganiro n’itangazamakuru kuri uyu wa 8 Ugushyingo, Perezida Kagame yavuze ku mubano w’u Rwanda na Uganda umaze […]
Abanyafurika ni bo bonyine bakomeje kwiheza inyuma-Perezida Kagame
Perezida wâu Rwanda, Paul Kagame avuga ko kuba Afurika ihera inyuma ugereranyije nâindi migabane nta wundi byabazwa uretse Abanyafrika ubwabo. Ibi yabitangarije mu nama ya Africa Investment Forum iteraniye i Sandton mu mujyi wa Johannesburg kuri uyu wa 11 Ugushyingo 2019. Mu nama ya Africa Investment Forum iteraniye i Sandton mu mujyi wa Johannesburg, Perezida […]
How to Squirt During Sex
Not every woman can squirt though, which makes it a topic of hot debate. So what exactly is the fluid that comes gushing out of your vag? Recently, a small study in the Journal of Sexual Medicine concluded that the liquid is mostly just urine. When this info came out, squirters took to the internet […]
Customer Care Service at Choice Intâl Forwarding (Rwanda) Ltd
Choice Group is a Chinese-funded enterprise rooted in Africa. It specializes in international logistics, providing maritime transport, air transport, and express delivery services and other freight forwarding services for Chinese and African traders, as well as supply chain services for customers, with businesses in most countries in Africa. The company was founded in 1997. We […]
Warehouse Operation Supervisor at Bralirwa, Gisenyi
BRALIRWA Plc, Part of the Heineken Company, is engaged in the production, distribution and sales of a wide range of beer and beverage brands. A career with BRALIRWA offers great challenges combined with exciting opportunities to own and grow oneâs career in line with their aspirations. BRALIRWA is looking for a qualified, dedicated & experienced […]
Ntawe uyoberwa umwibye ayoberwa aho amuhishe- Mushiki wa Ben Rutabana ukeka aho ari
Mushiki wa Benjamin Rutabana, Tabitha Gwiza yasobanuye uburyo hatangijwe igikorwa cyo kumutabariza nyuma y’amezi abiri aburiwe irengero, gusa aragaragaza ko aho ari bahakeka nk’umuryango. Ben ubarizwa mu ishyaka rya RNC ritavuga rumwe na Leta y’u Rwanda, hashize amezi abiri umurynago utaramenya irengero rye. Mu mvugo ya mushiki we, Tabitha Gwiza wagiranye ikiganiro na Radiyo Ijwi […]
Gen. Afrika uherutse kwicwa yasanganwe inyandiko zifite amakuru âyâingenziâ
Uwari Umuyobozi wâInyeshyamba za RUD-URUNANA, Brig. Gen. Juvenal Musabyimana uzwi nka Afrika Jean Michel yasanganwe inyandiko bivugwa ko zikubiyemo amakuru yiswe ayâingenzi. Gen. Afrika wavukaga mu Karere ka Nyabihu yishwe nyuma ya saa sita kuri uyu wa 9 Ugushyingo 2019 mu gitero ingabo zagabye hagati yâagace ka Binza na Makola muri Teritwari ya Rutshuru mu […]
Igice cya Gatanu: Uburyo bwo kunyaza bworoshye bunaryohera umugore waciye imyeyo
Nyuma y’ibice bine byatambutse, icya gatanu ni icyo kunyaza umugore waciye imyeyo mu yindi mvuga hari abo uzasanga bamwita uwaciye mu rubohera, uwakunnye,… byose nibuza inyito. Tugarutse inyuma, ubundi ‘kunyara mu gihe cyâimibonano mpuzabitsina ni igihe umugore abasha gusohora amavangingo aturuka mu myanya myibarukiro ye biturutse ku byiyumviro aba yatewe nâumugabo. Bisonanuye rero ko hataza […]
Batatu byavuzwe ko ari Abanyarwanda batorokeye muri Uganda nyuma yâiraswa ryâabo bari kumwe

Abantu batatu byavugwaga ko ari Abanyarwanda bari kumwe nâabagande babiri; Job Ebidishanga w’imyaka 32, John Bosco Tuheirwe w’imyaka 35 bombi barashwe na polisi yâu Rwanda ku bwo kuyirwanya, ibafatanye magendu, bahise batorokera muri Uganda. Polisi y’u Rwanda yatangaje ko kuri iki cyumweru ko yarashe ikica abantu babiri hafi y’umupaka w’u Rwanda na Uganda mu karere […]