Imibare ya Covid-19 mu Rwanda: Habonetse abanduye 3 n’abakize 6

Minisiteri yâUbuzima mu Rwanda kuri uyu wa 26 Gicurasi 2020 yatangaje ko hagaragaye abantu 3 banduye Covid-19 mu bipimo 1074 byafashwe. Abakize iki cyorezo bageze kuri 244 barimo 6 b’uyu munsi. Muri rusange abamaze kugaragaraho iki cyorezo muri iki gihugu ni 339 b’abantu 95 ni bo bakirwaye.
Jabo Paul wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Intara y’Amajyepfo yirukanwe ku mirimo
Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, yirukanye ku mirimo JABO Paul wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Intara y’amajyepfo “kubera ibyo agomba kubazwa akurikiranweho”. Itangazo ryatanzwe n’ibiro bya Minisitiri w’Intebe, rivuga ko Jabo hari ibyo agomba kubazwa akurikiranweho, n’ubwo bitigeze bitangazwa. Ibiro bya Minisitiri w’Intebe byasohoye irindi tangazo rimenyesha Gakire Bob wakoraga mu rwego rw’igihugu rw’imiyoborere (RGB) ko ari […]
Umuvunyi Mukuru yagaragaje abahamwe nâibyaha bya ruswa harimo nâuwazize 2000 FRW
Kuri uyu wa Kabiri tariki 26 Gicurasi, Umuvunyi Mukuru, Murekezi Anastase yashyize ahagaragara amazina yâabantu 57 bahamwe nâibyaha bya ruswa no kunyereza umutungo guhera mu Kwakira 2019 kugeza muri Mutarama 2020 bakaba barahamijwe ibyaha nâinkiko. Uru rutonde rwiganjemo abatse nâabakiriye indonke zâamafaranga nâabazitanze, abanyereje ibikoresho byâubwubatsi ndetse nâumushumba wo mu karere ka Nyagatare wanyereje ihene […]
Menya uko wajya impaka nâumukoresha wawe, ntubigenderemo
Umurimo uwo ari wo wose ugira umukozi nâumukoresha, umwe akagira ububasha buke ugereranyije nâundi. Birumvikana neza ko umukozi akora ibyo umukoresha amusaba, na we agategereza ibihembo cyangwa umushahara hashize igihe runaka. Umukozi akwiriye guca bugufi imbere yâumukoresha we ariko hari uburenganzira afite ku murimo, bwatuma yatura akavuga akamuri ku mutima; ibyifuzo se cyangwa akavuga ikimubangamiye […]
U Rwanda rwabimburiye ibihugu by’Afurika mu gutangaza umusanzu warwo mu kugabanya ibyuka bihumanya ikirere
Mu masezerano ya Paris yo mu 2016 yo kugabanya ibyuka byoherezwa mu kirere, ku isi yose ibihugu 11 ni byo bimaze gutangaza umusanzu byiyemeje mu kugabanya ibyo byuka (Nationally Determined Contributions (NDCs). Leta y’u Rwanda ivuga ko yiyemeje kugabanya imyuka igihugu cyohereza mu kirere ku kigero cya 38% bitarenze mu 2030 nk’uko yabitangaje mu cyumweru […]
U Rwanda ntirwemeranya na Amerika n’Ubwongereza ku bijyanye no kwibuka Abahutu
Leta y’u Rwanda ntivuga rumwe n’ibihugu bya Leta zunze ubumwe za Amerika n’Ubwongereza, ku cyifuzo cyabyo cy’uko Abahutu bishwe mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi bajya bibukwa. Muri 2018, Inteko rusange y’Umuryango w’Abibumbye yemeje ko tariki ya 7 Mata iba umunsi mpuzamahanga wo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Kwemeza iyi tariki byari bigamije âgukosora […]
Burundi: Hari ababona ko Agathon Rwasa ashobora gukama ikimasa mu rukiko
Nyuma yo gutorwa kwa Evariste Ndayishimiye abari bahataniye umwanya wâumukuru wâigihugu nâamashyaka atandukanye ntibavuga rumwe ku byavuye mu matora, abandi bavuga ko gutanga ikirego kwa Agathon Rwasa ari ukwiruhiriza ubusa nkuko bamwe mu barundi babivuga. Evariste Ndayishimiye watsinze amatora avuga ko amatora yo kuwa 20 Gicurasi yerekanye ko abarundi batakigishwa Demokarasi ko ahubwo bari ku […]
Perezida Duterte avuga ko ntagufungura amashuri hataraboneka urukingo rwa covid-19
Perezida wa Phillipines Rodrigo Duterte yavuze ko amashuri adashobora gufungura mu gihugu cye n’isi btaravumbura urukingo rw’icyorezo cya coronavirus. Muri iki gihugu byari byitezwe ko abanyeshuri bazasubira ku bigo byabo mu mpera za Kanama 2020. Perezida Duterte yavuze ko we atiteguye kuba yakohereza abanyeshuri ku bigo byabo urukingo rwa covid-19 rutaraboneka kabone n’ubwo ibindi bihugu […]
Ngoma: Umukecuru yasohowe mu nzu iri mu kibanza cya musaza we baheruka mu 1994

Umukecuru wâimyaka yâamavuko 57 witwa Musabyimana Therese utuye mu Mudugudu wa Nyakabanda, Akagari ka Nyagatugunda, Umurenge wa Zaza mu Karere ka Ngoma avuga ko tariki ya 22 Gicurasi 2020 yasohowe nâubuyobozi mu nzu iri mu kibanza cya musaza we utaziwe irengero kuva mu 1994, bwifashishije abashinzwe umutekano kugeza ubu akaba akirara hanze. Uyu mukecuru avuga […]
Perezida Kagame yaba azinjira mu kinamico Rayon Sports isaba ko yinjiramo?
Kuva mu ntangiriro za 2020 izina Rayon Sports rikomeje kugaruka mu itangazamakuru no mu bakunzi b’umupira w’amaguru hano mu Rwanda, kubera isinzi ry’ibibazo bikomeje kuvugwa muri iyi kipe ifite igikundiro kurusha izindi hano mu Rwanda. Munyakazi Sadate uri mu bavugwa cyane muri ibi bibazo abigereranya n’Ikinamico. ku munsi wejo mu nyakazi yatangarije igihe ko ntawabuza […]
OMS yahagaritse igeragezwa rya âHydroxichloroquineâ kuko yongera imfu za Covid19
Ishami ryâUmuryango wâAvibumbye ryita ku buzima, OMS ryahagaritse gukora igerageza ryâ umuti wa Hydroxychlroquine ku barwayi ba Coronavirus nkâumwe mu miti yakorwagaho ubushakashatsi mu gushaka umuti cyangwa urukingo byâiyi ndwara, ni nyuma yâaho bigaragariye ko uyu muti ari nyirabayazana wâimfu nyinshi zâabahitanwa nâiki cyorezo. Hydroxychroloquine isanzwe izwi mu kuvura indwara ya Malaria guhera mu 1955 […]
Ibyo wamenya ku Gitaramo âAfrica Day Benefit Concertâ kitabiriwe na Perezida Kagame Paul
âAfrica Day Benefit Concertâ n’igitaramo cyateguwe ku bufatanye bwa ViacomCBS Networks Africa na YouTube mu rwego rwo kwizihiza umunsi wâukwibohora kwâAfurika ariko hanakusanywa inkunga yo gushakwa ibiribwa bigenewe abagizweho ingaruka nâicyorezo COVID-19. Perezida wa Repubulika yâu Rwanda Paul Kagame ni umwe mu banyacyubahiro bakomeye batanze ubutumwa mu gitaramo cyo kwihiza umunsi wâukwibohora kwa Afurika cyabereye […]
Amafoto : Capt. Bwitare uri mu babohoye igihugu yaherekejwe nâabarimo Gen. James Kabarebe

Kuri uyu wa Kabiri tariki 26 Gicurasi 2020, Abayobozi bâingabo barimo na Gen James Kabarebe, Abavandimwe nâinshuti bitabiriye umuhango wo gusezera mu cyubahiro Capt. Bwitare Bwitare Nyirinkindi Eulade uri mu batangije urugamba rwo kubohora igihugu. Uyu muhango wabereye rugo rwe i Kibagabaga, witabiriwe nâinshuti nâabavandimwe, abo bakoranye mu gisirikare no mu zindi nzego zitandukanye barimo […]
Ibyorezo byabayeho mu mateka y’Isi bigahitana abantu benshi n’uburyo byagiye bikumirwa-IGICE CYA KABIRI
Nyuma y’uko twabonye inkomoko n’amateka y’icyorezo cya mbere cyabayeho ku Isi, kigahitana abantu benshi cyitwaga Plague of Justinian, ubu noneho tugiye kureba icyakurikiyeho ari cyo cyiswe Black Death (Urupfu Rwirabura). Igice cya mbere https://bwiza.com/?Ibyorezo-byabayeho-mu-mateka-y-Isi-bigahitana-abantu-benshi-n-uburyo-byagiye Iki cyorezo cyo cyari ingaruka z’icyo twavugaga haruguru cya Plague of Justinian kuko na cyo cyatewe na ya bagiteri ya Yersinia […]
Bamwe mu bakobwa bahitamo gushakana n’abagabo bakuze aho gushaka abasore byaba biterwa niki?
Mu Rwanda usanga abakobwa iyo bakuze, bivuze kugira imyaka 18, aba yemerewe kujya mu rukundo nubwo hari nabarujyamo mbere gato yiyo myaka. Ugasanga bakundana na basore bari mu kigero kimwe cyangwa babaruta ho gato, igikomeje gutera urujijo nuko usanga abo bakundana atari bo bashakana ahubwo bagahitamo kwibanira n’abagabo bakuze cyane. Ibi biterwa niki? Abantu batandukanye […]
DRC : Uwari inyeshyamba ikomeye mu mutwe wa MaĂŻ MaĂŻ yatawe muri yombi
Umwe mu barwanyi bakomeye bâumutwe w’inyeshyamba za MaĂŻ MaĂŻ Raia Mutomboki, Chance Mihonya yatawe muri yombi aho yafatiwe muri Pariki yâigihugu ya Kahuzi Biega iherereye muri Kivu yâAMajyepfo ho muri Congo Kinshasa. Chance Mihonya , usanzwe ari umurwanyi ukomeye akaba nâumwe mu bayobozi bâumutwe wa Mai Mai Raia Mutomboki yafashwe mu cyumweru gishize gusa amakuru […]
Uganda: Abashoferi bâamakamyo 25 baburiwe irengero bamaze gusangwamo Covid 19
Minisiteri yâubuzima mu gihugu cya Uganda yatangaje ko iri gushakisha abashoferi batorokeye ahitwa Ndeeba mu ijoro ryo ku cyumweru mu rwego rwo kwirinda ko bajya kwanduza abandi baturage. Dr Ateka Kagirita, ushinzwe gukurikirana ibijyanye nâicyorezo cya Covid 19 muri Uganda , yemeje ko abo bashoferi baburiwe irengero bamaze gusangwamo iki cyorezo, avuga ko bari gushakisha […]
Gatabazi yasabye imbabazi Perezida Kagame na FPR-Inkotanyi nyuma yo kwirukanwa
Gatabazi Jean Marie Vianey wari umaze imyaka igera kuri itatu ari Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, yasabye imbabazi Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, umuryango wa RPF-Inkotanyi n’Abanyarwanda muri rusange ku makosa yakoze. Mu ijoro ryakeye ni bwo Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente yatangaje ko Guverineri Gatabazi na mugenzi we Emmanuel Gasana wayoboraga Intata y’Amajyepfo bahagaritswe, “Kubera ibyo […]