Rusizi: Abakozi 2 ba MTN basanzwemo COVID-19, aho bakorera hafungwa igitaraganya

Amakuru aturuka mu bakozi ba MTN Rwanda mu mujyi wa Rusizi aravuga ko nyuma yo kubapima icyorezo cya COVID-19, babiri muri bo bagasanga baracyanduye, ubuyobozi bwayo bwahisemo gufunga imiryango icyumweru cyose kuva kuri uyu wa 15 Kamena, kugira ngo hirindwe izindi ngorane zaterwa n’urujya n’uruza rw’abasanzwe bagana serivisi zabo,abanduye bajyanwa kuvurwa abasigaye bashyirwa muri guma […]

Rwanda: Mu minsi itatu hamaze kugaragara abantu 102 banduye Covid-19

img-20200615-wa0034.jpg

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 15 Kamena 2020 yatangaje ko hagaragaye abandi bantu 30 banduye Covid-19, bituma umubare w’abamaze kugaragaraho iki cyorezo kuva tariki ya 13 ugera ku 102. Abarwayi bashya hagaragaye ni abo mu Karere ka Rusizi, abatahuwe ku mupaka wa Rusumo ndetse n’abatashye. Babonetse mu bipimo 2908 byafashwe. Abamaze gukira iki […]

France justice to let the researcher Graner access the Mitterrand-Rwanda archives

June 12, 2020 François Graner’s request to access former France’s president François Mitterrand’s archives on Rwanda during and after 1994 Genocide against the Tutsi was kindly considered. A consultation that we have much hope in to reveal more that ever since have been a secret or mystery to many! The former president Francois Mitterrand’s archives […]

Muhawenimana Claude yahagaritswe muri Fan Club ye ashinjwa guhungabanya umutekano

Muhawenimana Jean Claude ukuriye abafana ba Rayon Sports ku rwego rw’igihuhu, yamaze guharikwa muri Friends Fan club abarizwamo ashinjwa imyitwarire mibi no gukomeza gukora ibikorwa bihungabanya ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports. Ni icyemezo Friends Fan Club yafashe kuri uyu wa mbere tariki ya 15 Kamena, nyuma y’inama yahuje abanyamuryango bayo hakurikijwe uburyo bwo kwirinda Covid-19. […]

Burundi: Uwacuruzaga akabari yarashwe n’umupolisi azira gucuranga imiziki mu gihe cyo kunamira Nkurunziza

Umugabo witwa RĂ©novat Nduwayo wacurizaga akabari wo mu gihugu cy’u Burundi, yaraye arashwe n’umupolisi w’icyo gihugu aramwica amuziza gucuranga imiziki mu gihe cyo kunamira Perezida Pierre Nkurunziza uheruka gupfa. Mu ijoro ry’itariki 08 Kamena ni bwo Nkurunziza wari Perezida w’u Burundi kuva muri 2005 yitabye Imana, Guverinoma y’iki gihugu ivuga ko yazize uguhagarara k’umutima n’ubwo […]

Kenya: Abantu bane bakora mu biro bya Perezida Kenyatta bagaragayeho Covid-19

Umuvugizi w’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu cya Kenya, Kanze Dena kuri uyu wa 15 Kamena 2020 yatangaje ko abakozi bane bakorana bagaragayeho icyorezo cya Covid-19. Kanze Dena yavuze ko kugaragara kw’aba bagenzi be bakorana kwaturutse mu bipimo byafashwe tariki ya 11 Kamena mu ipima ryakozwe ku bakozi bose ba Perezidansi (mass testing) ryakozwe icyo gihe, ryabimburiwe na […]

Burundi: Hemejwe umunsi w’irahira rya Evariste Ndayishimiye

Urukiko rurengera Itegeko Nshinga mu Burundi nyuma y’aho rutegekeye ko igihe cy’inzibacyuho kidakenewe, byemejwe ko Evariste Ndayishimiye watowe ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu agomba kurahira kuwa Kane. Urupfu rutunguranye rw’uwari umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Pierre Nkurunziza rwari rwabanje gutera ugushidikanya k’uwagombaga kuyobora inzibacyuho haba mu banyapolitiki ndetse no muri rubanda. BBC dukesha iyi nkuru ibaza Umuvugizi […]

Umukinnyi Marcus Rashford afite intego yo guca burundu inzara mu gihugu cye

Umwongereza w’icyamamare muri Ruhago Marcus Rashford, yatangaje ko afite intego yo guca inzara mu bana mu gihugu cy’Ubwongereza. Rashford w’imyaka 22 y’amavuko, abinyujije mu muryango w’abagiraneza FareShre, ku ikubitiro yahaye ubufasha bw’ibyo kurya amatsinda n’imiryango bigera ku 11,000 mu ntumbero afite yo guca inzara burundu mu bana mu gihugu cye. Ikipe ye Manchester United isubira […]

Uko Minisitiri Karemera Edouard yashyize mu bikorwa politiki yo gutsemba Abatutsi ku Kibuye avuka

Mu gihe Guverinoma y’abicanyi yarimo itsindwa ku rugamba, yakoze uko ishoboye kugira ngo yihutishe ubwicanyi mu turere yagenzuraga. Kugira ngo bigerweho vuba, Jean Kambanda yashinze buri mu Minisitiri akarere yagombaga gukurikirana akagenzura ko Abatutsi batsembwa nkuko byari byarateguwe. Guverinoma y’abicanyi yakajije ingamba zo gutsemba Abatutsi ishyiraho za komite zari zishinzwe ubwo bwicanyi, bihereye mu guhisha […]

Hagiye gukorwa isuzuma rizashingirwaho hafatwa ingamba nshya

Minisiteri y’Ubuzima binyuze mu kigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) yatangaje ko nyuma y’ibyumweru bibiri bigiye gushira ingendo zihuza intara n’Umujyi wa Kigali na moto zitwara abagenzi bikomorewe, igiye gukora isuzuma mu bice bitandukanye by’igihugu, ibizavamo bizagenderwaho hafatwa izindi ngamba nshya. Ibi bitangajwe nyuma y’uko Inama y’Abaminisitiri yateranye tariki 2 Kamena 2020 yemeje ko ingendo zihuza intara […]

Umurinzi udasanzwe wa Perezida wa Malawi-Amafoto

nintchdbpict000493565108_1592213560679.jpg

Tariki ya 29 Gicurasi 2019, hagaragaye umurinzi udasanzwe wa Perezida wa Malawi, Peter Mutharika. Icyo gihe uyu Mukuru w’Igihugu yari agiye kurahirira umwanya w’Umukuru w’Igihugu mu mugi wa Blantyre ufatwa nk’uwa kabiri ukomeye. Icyo gihe Ibiro Ntaramakuru nka AFP ndetse n’ibitangazamakuru nka The Sun biti: “Umurinzi wa mbere uteye ubwoba ku Isi!” Uyu murinzi tutabashije […]

Menya uko wafasha umwana wawe kudahungabanywa n’ibiruhuko bya Covid-19

Muri iyi minsi u Rwanda n’Isi bihangayikishijwe n’icyorezo cya Coronavirus cyanatumye ibikorwa bitandukanye birimo n’amashuri bifunga imiryango ubu abana bakaba barahagaritse amasomo aho birirwa mu rugo. Ibi biruhuko birebire usanga rimwe na rimwe biba intandaro yo kwangirika mu mutwe kw’abana bitewe no kubikoresha mu buryo budakwiriye. Imibare y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana (UNICEF) igaragaza […]

USA mu maboko ya Perezida James Polk watabarutse ku munsi nk’uyu

James Polk uzwiho kwagura Leta Zunze Ubumwe z’Amerika by’umwihariko mu ntambara y’Amerika na Mexico yatabarutse ku itariki nk’iyi. James Polk yabaye perezida wa 11 wa USA, akaba ari na we wari muto icyo gihe wari uyoboye iki gihugu kuva mu 1845 kugeza mu 1849. Ku ngoma ya James Polk habaye intambara ya Mexico n’Amerika (1846-1848) […]

Uko Pierre Nkurunziza yahawe pasiporo ya Uganda akitwa ‘Sula Kato’

Adonia Ayebare, intumwa yihariye ya Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni, yagarutse ku rugendo Pierre Nkurunziza wayoboye u Burundi yanyuzemo rwamwicaje ku ntebe isumba izindi mu Burundi, n’inzira zitandukanye yagiye anyuramo irimo no kugendera ku byangombwa by’inzira bya Uganda byari byanditse mu mazina ya Sula Kato. Adonia uvuga ko yaherukaga guhurira na Nkurunziza i Ngozi […]

Uko ruswa ihagaze mu bihugu bya EAC

Raporo kuri ruswa ‘Corruption Perceptions Index 2019’ y’Umuryango Mpuzamahanga wo kurwanya Ruswa n’akarengane(Transparency International), yerekana ko ibihugu byinshi byasubiye inyuma mu kurwanya ruswa, aho ibihugu bimwe bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba(EAC) byo byazamutse mu manota ariko bikaguma inyuma ku rutonde. Muri raporo y’uyu muryango ikorwa buri mwaka,iheruka ya 2019 yagaragake ko ruswa ikomeje gukwira ku […]