Tariki ya 29 Gicurasi 2019, hagaragaye umurinzi udasanzwe wa Perezida wa Malawi, Peter Mutharika. Icyo gihe uyu Mukuru w’Igihugu yari agiye kurahirira umwanya w’Umukuru w’Igihugu mu mugi wa Blantyre ufatwa nk’uwa kabiri ukomeye.
Icyo gihe Ibiro Ntaramakuru nka AFP ndetse nâibitangazamakuru nka The Sun biti: âUmurinzi wa mbere uteye ubwoba ku Isi!â
Uyu murinzi tutabashije kumenya amazina ye, yari ahagaze hejuru yâimodoka ya Mutharika, yambaye ingofero ikozwe mu cyuma, yambaye amadarubindi abiri, afite imbunda mu ntoki, yambaye amatoroshi, imyenda ya gisirikare, ku ntugu hari udukoresho tuzirinda dusa nâuduteyeho utwuma tujomba (utwo tukaba twari no ku ngofero), ikindi kandi yambaye akarindamasasu kazwi nka âBulletproofâ mu Cyongereza.
Nkâuko bigaragara mu mafoto, ni umusore wâibigango ufite akaboko kanini cyane, kari hafi yo guca ishati yambaye. Abumbye umunwa nkâutajya aseka. Ibindi ni muri aya mafoto:







4 Responses
Umurinzi udasanzwe wa Perezida wa Malawi-Amafoto
Hahhhh twizereko yamurinda urupfuse! Oya ni ibikabyo nk’ibyo nkunda kubona mumirima y’amasaka!
Umurinzi udasanzwe wa Perezida wa Malawi-Amafoto
Hahhhh twizereko yamurinda urupfuse! Oya ni ibikabyo nk’ibyo nkunda kubona mumirima y’amasaka!
Umurinzi udasanzwe wa Perezida wa Malawi-Amafoto
IKIBAZO NI UKO NABO BAJYA BAPFA NK’ABAHINZI AKA MUHANZI ATI ” URARUTINYA UGAPFA WAKIEGEMBYA UGPFA,UJYA GUSENGA UGAPFA WATEREKERA UGAPFA AHO NIHO HAMBEREYE URUJIJO” Jean Baptiste BYUMVUHORE. UBURINZI BUKOMEYE CYANE NI UBUKOZWE N’UWITEKA KUKO NGO N’IYO USINZIRIYE,UVUYE MU MUBIRI CYANGWA WITABYE IMANA UBUZIMA BWAWE BUKOMEREZA AHANDI SELON LA BIBLE.
Umurinzi udasanzwe wa Perezida wa Malawi-Amafoto
IKIBAZO NI UKO NABO BAJYA BAPFA NK’ABAHINZI AKA MUHANZI ATI ” URARUTINYA UGAPFA WAKIEGEMBYA UGPFA,UJYA GUSENGA UGAPFA WATEREKERA UGAPFA AHO NIHO HAMBEREYE URUJIJO” Jean Baptiste BYUMVUHORE. UBURINZI BUKOMEYE CYANE NI UBUKOZWE N’UWITEKA KUKO NGO N’IYO USINZIRIYE,UVUYE MU MUBIRI CYANGWA WITABYE IMANA UBUZIMA BWAWE BUKOMEREZA AHANDI SELON LA BIBLE.