Akarere ka Rubavu kabonetse abantu 11 banduye Covid-19

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 2 Kanama 2020 yatangaje ko akarere ka Rubavu kabonetsemo abantu 11 banduye Covid-19, muri 20 babonetse mu gihugu hose mu bipimo 2633 byafashwe. Aba babonetse i Rubavu ni aturarwanda batashye bahita bashyirwa mu kato. Hari kandi 5 babonetse mu Mujyi wa Kigali, abo bakaba ari abahuye n’abanduye, 1 […]
Dore amabanga atanu akomeye atuma abashakanye basazana
Mu rushako, kubona uwo muzahuza mukarambana ni isengesho rya buri wese. Gusa ntibisobanuye neza ko muba muzabura impamvu zimwe na zimwe zituma mugongana, ntimwumvikane neza kuko “Nta zibana zidakomanye amahembe”. Kandi burya uku gukomanya amahembe ntibisobanuye gutandukana. Bwiza.com twifashishije imbuga nka Daily Mail, tugiye kumena amabanga atanu akomeye atuma abashakanye 9 (ni ukuvuga ngo umugore […]
Tariki 2 Kanama 1990, Iraq yigaruriye igihugu cya Kuwait itsinze Arabie Saoudite byari bihanganye
None ni tariki 2 Kanama 2020, ni umunsi wa 215 mu minsi isanzwe igize umwaka 2020. Uyu mwaka ubura iminsi 151 ngo ugere ku musozo. Tariki ya 2 Kanama mu 1990, Saddam Hussein wayoboraga Iraq yategetse ingabo ze kwinjira muri Kuwait, zikahirukana ingabo za Arabie Saoudite zari zimaze igihe ziyigaruriye. Ku isaha ya saa munani […]
U Rwanda rwakiriye umurambo w’Umunyarwanda wakubitiwe inyundo muri Uganda
Tariki ya 31 Nyakanga 2020 ku mupaka wa Cyanika, u Rwanda rwakiriye umurambo w’Umunyarwanda wiciwe mu Karere ka Kisoro muri Uganda, akubiswe inyundo mu mutwe. Uyu Munyarwanda witwa Mukiza yari asanzwe akorera akabari kitwa ‘Club de Zone’ aho yiciwe na mugenzi we witwa Kazungu Edison nyuma y’ubushyamirane bagiranye. Erasmus Sanyu wari uhagarariye Uganda muri uyu […]
Perezida Museveni yakoze impinduka mu nzego nkuru za gisirikare

Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo za Uganda, Gen. Yoweri Kaguta Museveni kuri uyu wa 1 Kanama 2020 yakoze impinduka zikomeye mu miyoborere y’igisirikare cy’igihugu. Yahereye kuri Brig. Gen. Richard Karemire wari umuvugizi w’Ingabo z’igihugu, amugira umunyamabanga Mukuru wa EAC ushinzwe imikoranire mu bya gisirikare (military liaison). Umwanya yariho wahawe Brig. Gen. Flavia Byekwaso. Brig. Gen. Flavia Byekwaso […]
Gakenke: Bakurikiranweho kwica umusirikare bakamuhisha mu musarani utagikoreshwa
Abantu barenga bane batuye mu Mudugudu wa Marembo, Akagari ka Kanyanza mu Murenge wa Karambo w’Akarere ka Gakenke bakekwaho kwica Sergeant Nizeyimana Juvenal barangiza bakamuhisha mu musarani wuzuye, utagikoreshwa. Aba barimo umugore we babyaranye umwana ufite imyaka itandatu y’amavuko, Kambibi Francine abaturanyi bavuga ko bahoraga mu makimbirane atewe n’ubusinzi no gukekana gucana inyuma, Turimukaga Anastase […]
Kenya yisubiyeho ivuga ko nta ndege za Tanzania yigeze ikumira ku butaka bwayo
Guverinoma ya Kenya yisubiyeho ivuga ko nta ndege ziturutse muri Tanzania yigeze ikumira ku butaka bwayo, nyuma y’umwuka mubi wari wavutse hagati y’ibi bihugu kubera ko kimwe cyari cyahagaritse ingendo z’indege z’ikindi kugwa ku butaka bwacyo. Byatangajwe n’Umunyambanga wa Leta ushinzwe ubwikorezi muri Kenya, James Macharia mu kiganiro n’itangazamakuru kuri uyu wa Gatandatu, ubwo yasubizaga […]
Burundi: Perezida Ndayishimiye yagaragaye asangira n’abaturage Urwagwa

Perezida w’u Burundi, Gen. Evariste Ndayishimiye, yagaragaye yikoreye ijerekani y’urwagwa anarusangira n’abaturage, ubwo yifatanyaga na bo mu birori byo kwizihiza umunsi w’amakomine. Ni umunsi wizihizwa ku itariki ya 01 Kanama buri mwaka, aho abategetsi b’u Burundi bahura n’abaturage bagasabana, bagasangira ibyo kurya n’ibyo kunywa bya gakondo. Ubwo uyu munsi wizihizwaga ku munsi w’ejo, ibiribwa birimo […]