Guhagarikwa umwaka wose no gusubizwa mu cyiciro cyo hasi; ibihano ku ikipe izarenga ku mabwiriza ya Covid-19
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ryatangaje ko ikipe bizagaragara ko yakoze uburiganya bugamije kwica amabwiriza mashya yo kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya Covid-19, izahanishwa guhagarikwa umwaka wose kandi yagaruka igasubizwa mu cyiciro cyo hasi. Iri shyirahamwe ryabitangaje mu butumwa buhakana amakuru avugwa ko hari amakipe yaba akinisha abakinnyi kandi ibisubizo by’ibipimo bafashwe bigaragaza ko banduye […]
Les maladies cardiaques ne devraient pas rester une condamnation à mort prématurée -Jeannette Kagame

Dans le domaine des progrès mĂ©dicaux que nous recherchons, les maladies cardiaques ne doivent pas rester une condamnation Ă mort prĂ©coce Ă©tablie, a dĂ©clarĂ© la Première Dame Jeannette Kagame. “Nous pouvons vraiment rĂ©duire la mortalitĂ© prĂ©maturĂ©e due aux maladies cardiaques, et nous nous engageons Ă le faire”, a-t-elle dĂ©clarĂ©. Elle a fait ces remarques lors […]
Umugabo uvuga ko yarenganyijwe n’uwabaye Minisitiri w’Ubutabera yaririye imbere ya Perezida Ndayishimiye

Niyoyandemye MoĂŻse uvuga ko ari impunzi yaririye imbere ya Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye ubwo yamugezagaho ikibazo cy’akarengane avuga ko yagiriwe n’uwabaye Minisitiri w’Ubutabera, Jeanine Nibizi. Uyu Murundi avuga ko mu gihe yari mu gihugu cye yakuwe mu bye, ati: “Nkurwa mu bana, nsinyishwa amasezerano y’uko ntazasubira ku rugo rwanjye. Nyakubahwa Perezida mwavuze ubutabera, njyewe […]
Sudani: Byibuze abantu 38 bapfiriye mu kirombe cya zahabu
Abayobozi bo muri Sudani kuri uyu wa Kabiri ushize batangaje ko abantu byibuze 38 bapfiriye mu kirombe cya zahabu nyuma y’aho itaka ribiyubitse hejuru mu Ntara ya Kordofan y’Uburengerazuba. Kompanyi y’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro yo muri iki gihugu mu itangazo yasohoye yatangaje ko inkangu yabaye mu kirombe cyari gifunze mu Mudugudu wa Fuja, mu birometero 700 […]
Kiyovu Sports yahagamwe na Bugesera FC, irindira APR FC
Ikipe ya Kiyovu Sports yaguye miswi na Bugesera FC 1-1, bituma ikinyuranyo cy’amanota ari hagati yayo na APR FC gikomeza kugabanyuka. Bugesera FC yari yakiriye Kiyovu mu mukino w’umunsi wa 11 wa shampiyona wabereye kuri Stade ya Bugesera. Muri uyu mukino amakipe yombi yatangiye akina umupira w’imbaraga, Bugesera FC ari ko inyuzamo igahanahana neza. Abakinnyi […]
Nyamasheke: Abagore n’abakobwa barangije amasomo y’ububaji barasaba kwitabwaho by’umwihariko

Nubwo bitaramenyerwa cyane ko abagore n’abakobwa benshi bitabira imyuga isaba ingufu nyinshi nk’ububaji ,ubwubatsi gusudira n’ibindi, abenshi mu bayobozi babishinzwe bakavuga ko biterwa ahanini n’umuco utarahaga amahirwe abana b’abakobwa gukora imyuga nk’iyo, bamwe bakanabifata nk’ubushegabo cyangwa amahano, bikaba bitangiye guhinduka aho umugore cyangwa umukobwa yagaragara mu masomo nk’ayo no mu mirimo nk’iyo, abagore n’abakobwa 7 […]
Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi umupolisi wayo wafashwe amashusho ahondagura umuturage
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yataye muri yombi umupolisi wayo uheruka kugaragara mu mashusho akubitira umuturage mu mujyi wa Kigali. Umwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga witwa Karacyemutse II Jesse ni we washyize aya mashusho ku rubuga rwa Twitter. Muri aya mashusho yamaganwe n’abatari bake umupolisi wambaye impuzankano ya Polisi y’u Rwanda agaragara akubitisha indembo umusore […]
Kenya: Imirwano ikaze yadutse mu ngoro y’Inteko, habaho gukomeretsanya

Mu mwanya ushize, mu ngoro y’Inteko ishinga amategeko ya Kenya hadutse imirwano yatewe n’ubwumvikane buke bwa bamwe mu badepite ku mushinga wo kuvugurura itegeko rigenga imitwe ya politiki. Ni bwo umudepite witwa John Mbadi yubiriye mugenzi we, Bernard Kipsengeret, amukomeretsa bikomeye ku ijisho, imvururu mu cyumba barimo ziratangira, abafite abacupa batangira kuyaterana. Kipsengeret yumvikana mu […]
Nyanza: Yagiye gukoresha imodoka mu igaraje ayakije ihita ishya
Mu igaraje riherereye mu Kagari ka Nyanza mu Murenge wa Busasamana mu Karere ka Nyanza habereye inkongi y’umuriro yafashe imodoka yo mu bwoko bwa Toyota Hiace yahiye ubwo umushoferi yayatsaga. Iyi nkongi yabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki 28 Ukuboza 2021 ubwo iyi modoka yagiraga ikibazo bigatuma umushoferi wayo ajya kuyikoresha. Ubwo […]
Umuyobozi wa Palestina yasuye minisitiri w’ingabo wa Israel mu rugo iwe mu ruzinduko rw’amateka
Perezida w’ubutegetsi bwa Palesitine (PA) Mahmoud Abbas yagiranye ibiganiro na minisitiri w’ingabo, Benny Gantz mu ruzinduko rw’amateka muri Israel, aho yamusuye mu rugo iwe. Kuri uyu wa kabiri, minisiteri y’ingabo y’igihugu cya Israel yatangaje ko “abo bagabo bombi baganiriye ku mutekano n’ibibazo by’abaturage” muri iyo nama. Ibitangazamakuru byo muri Israel byatangaje ko byabereye mu rugo […]
APR FC yatsinze Espoir FC bigoranye, ifata umwanya wa mbere muri shampiyona
Ikipe ya APR FC yafashe umwanya wa mbere by’agateganyo ku rutonde rwa shampiyona, nyuma yo gutsinda Espoir FC igitego 1-0. Hari mu mukino w’umunsi wa 11 wa shampiyona amakipe yombi yari yahuriyemo kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo. Igitego cyo ku munota wa 70 w’umukino cya Ombolenga Fitina ni cyo cyafashije APR FC kwegukana amanota […]
Umugore yanywesheje umukobwa abereye mukase imiti yasize aside, amusuka ‘superglue’ mu gutwi
Umugore wo mu Karere ka Goaso muri Ahafo muri Ghana, yanywesheje ku ngufu umwanwa w’umukobwa w’imyaka ine abereye mukase imiti yasizeho aside, anamushyira superglue mu gutwi. Ibi bikimara kuba, uyu mukobwa yajyanwe ku bitaro bya Leta biri i Goaso kugira ngo avurwe, mu gihe mukase yahise aburirwa irengero. Uyu mukobwa nyuma yo kunywa aside ku […]
Butembo: Umupadiri wa Paruwasi ya Maria Mater Dei yapfuye urw’amayobera
Umupadiri wa Paruwasi ya Maria Mater Dei ya Njiapanda muri Diyosezi ya Butembo-Beni, muri Teritwari ya Lubero, ho muri Kivu y’Amajyaruguru, kuri uyu wa Kabiri yasanzwe yapfuye mu cyumba cye. Amakuru aturuka aho agera kuri ACTU7.CD agaragaza ko uyu mupadiri gatolika nta bubabare yari afite. Ku wa mbere, yagiye mu bikorwa bye bitandukanye nta kibazo. […]
Wari uzi ko kuzungura cyangwa kwanga kuzungura ari uburenganzira bw’umuntu?
Itegeko NÂş 27/2016 ryo ku wa 08/07/2016 rigenga imicungire y’umutungo w’abashyingiranywe, impano n’izungura, riteganya uburenganzira bwo kwemera cyangwa kwanga kuzungura. Ntawe uhatirwa kwemera kuzungura cyangwa gufata indagano yagenewe. Uzungura wese afite uburenganzira bwo kwemera cyangwa kwanga indagano. Kwemera izungura cyangwa indagano bikorwa ku mugaragaro. Iyo uzungura atagize icyo avuga kandi yaramenyeshejwe ko ari mu bazungura, […]
Head of Finance at Save the Children
Advert- Head of Finance (1) About the Role: Save the Children (SC) is the world’s largest independent child rights organization, underpinned by a vision of a world in which every child attains the right to survival, protection, development and participation. Our mission to inspire breakthroughs in the way the world treats children, and to achieve […]
Eight Rwandans expelled from Niger
The Republic of Niger has expelled eight Rwandans who were transferred by the UN Court which tried them for Genocide related crimes. The men were convicted of the 1994 Genocide against Tutsi and had completed their sentences or were acquitted. According to a statement released on December 27, 2021, the Niger Ministry of Interior and […]
Itangazo ryo guhindura izina akitwa NYINAWUMUNTU Gaudence
U Burundi burakize cyane, mbabazwa cyane n’abavuga ko bukennye_Ndayishimiye
Perezida wa Repubulika y’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yatangaje ko ababazwa cyane na raporo zivuga ko igihugu cye gikennye cyane kandi we abona gikize cyane kubera ko gifite umutungo mwinshi. Amaze kubitangariza mu ijambo amaze kugeza ku Barundi muri rusange barimo abari muri stade Intwari mu ntara ya Bujumbura kuri uyu wa 29 Ukuboza 2021. Yagize […]
Cowherder found dead in Nyanza
A young man identified as Emmanuel Tuyishime, 23, has been founded dead in Rwesero cell, Busasamana sector of Nyanza district in Southern Province. It is suspected that he might have taken his own life using pesticides. The man who worked as a cowherd was found dead in the morning of Monday 27th December 2021. The […]
Uganda: Haravugwa umutwe mushya w’inyeshyamba umaze kugaba ibitero 3 kuri polisi
Ihuriro UCFC (Uganda Coalition for Change), ryashinzwe n’abanyapolitiki batishimiye ibyavuye mu matora rusange ya 2021, rirahuzwa n’ibikorwa by’inyeshyamba nk’uko byatangajwe n’Igipolisi cya Uganda. Ibi byahishuwe kuwa Mbere ubwo hatangazwaga uko ikibazo cy’umutekano cyifashe mu gihugu nyuma y’ibitero bimaze iminsi bigabwa ku gipolisi n’abantu kivuga ko basanzwe babarizwa mu mutwe mushya w’inyeshyamba ubarizwa mu karere ko […]
Ngoma: Abaturage basabwe gufata neza ibikorwaremezo bahawe na Polisi y’igihugu
Umuyobozi w’Akarere ka Ngoma, Niyonagira Nathalie ubwo yasozaga ukwezi kwahariwe ibikorwa bya Polisi y’igihugu yasabye abaturage bahawe amashanyarazi aturuka ku mirasire y’izuba ndetse n’uwubakiwe inzu na Polisi y’igihugu kubifata neza bikabafasha guhindura imibereho yabo. Mu karere ka Ngoma ku wa 28 Ugushyingo 2021 ni bwo hasojwe ukwezi kwahariwe ibikorwa bya Polisi byibanze ku gufasha abatishoboye, […]
Nairobi: Impyisi zivuganye abantu 2 mu masaha atarenze 24
Kuri uyu wa Kabiri, itariki 28 Ukuboza, abapolisi bavuze ko ikipe y’impyisi yahitanye abantu babiri mu gihe cy’amasaha 24 mu mudugudu uri ku birometero 31 mu burasirazuba bw’umurwa mukuru wa Kenya, Nairobi. Polisi yavuze ko izo mpyisi zigera kuri 20, zishe umugabo ku wa Mbere mu mudugudu wa Kamuthi hafi y’Umujyi w’inganda wa Thika ubwo […]
Abakomando ba FARDC bavuga birukanye abarwanyi ba Col. Makanika mu gace bari bafashe
Umuyobozi wa Batayo 121 y’abakomando mu ngabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo, FARDC, Colonel AndrĂ© Ekembe yavuze ko birukanye abarwanyi b’ihuriro ry’imitwe ya Gumino na Twirwaneho iyobowe na Col. Michel Rukunda (Makanika) mu gace ka Kamombo kari muri Teritwari ya Fizi mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Yabwiye ActualitĂ© ati: “Turi muri Kamombo, umwanzi yahunze. […]
Kiyovu Sports yatandukanye n’umukinnyi yari yaratijwe na APR FC
Ikipe ya Kiyovu Sports yatangaje ko yamaze gutandukana na rutahizamu Ishimwe Kevin, nyuma y’igihe kigera ku mwaka umwe yaramutijwe na APR FC. Kiyovu Sports yemeje aya makuru mu itangazo yasohoye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 29 Ugushyingo. Iyi kipe kuri ubu iyoboye by’agateganyo urutonde rwa shampiyona yavuze ko yatandukanye n’uyu mukinnyi ku bwumvikane, gusa […]
Kenya: Minisitiri w’Uburezi yasabye ko abanyeshuri badashaka kwiga bemererwa gusubira iwabo
Minisitiri w’Uburezi wa Kenya, Prof. George Magoha, yasabye abayobozi b’ibigo by’amashuri kujya bareka abanyeshuri badashaka kwiga bagasubira iwabo kubana n’ababyeyi. Uyu muyobozi yabitangaje ubwo yakurikiranaga ibikorwa by’ubwubatsi bw’ishuri ryisumbuye ry’abakobwa ryitiriwe Mama Ngina, kuri uyu wa 28 Ukuboza 2021. Prof. Magoha yakomoje ku myitwarire mibi igaragara kuri bamwe mu banyeshuri bikagera aho bigaragambya, bakangiza ibikoresho […]
Rwanda: Polisi irubakira abatishoboye, abaturage bigeze kuyubakira sitasiyo

Kuri uyu wa 28 Ukuboza 2021, ubwo Polisi y’u Rwanda yizihizaga imyaka 21 imaze ishinzwe, inishimira ibyo imaze kugeraho cyane cyane mu kazi kayo k’ingenzi ko kubungabunga umutekano w’abantu n’ibyabo, yamuritse ibikorwa yakoze mu kwezi yahariwe. Polisi y’u Rwanda ivuga ko muri uku kwezi kwari gufite insanganyamatsiko igira iti “Imyaka 21 y’ubufatanye mu bikorwa byo […]
Abanyarwanda birukanwe muri Niger nabo ntibashaka gusubira mu Rwanda
Leta ya Niger yahaye iminsi irindwi Abanyarwanda umunani ngo babe bavuye ku butaka bwayo nyuma yo kwimurirwa muri icyo gihugu mu ntangiriro z’Ukuboza 2021, nyamara umwe muri bo, Capt. Innocent Sagahutu yatangaje ko we na bagenzi be nabo badashaka gusubira mu Rwanda. Abo ni Protais Zigiranyirazo, François-Xavier Nzuwonemeye, Alphonse Nteziryayo, Tharcisse Muvunyi, AndrĂ© Ntagerura, Anatole […]
Perezida Samia Suluhu yahaye imbabazi imfungwa zirenga 5,000
Perezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzania yahaye imbabazi imfungwa 5,704; mu rwego rwo kwizihiza isabukuru y’imyaka 60 kiriya gihugu kimaze gihawe ubwigenge. Ibirori by’ubu bwigenge byizihijwe tariki ya 09 Ukuboza 2021. Iby’izi mbabazi biheruka gutangazwa na Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu muri Tanzania, George Simbachawene, mu kiganiro aheruka kugirana n’itangazamakuru. Yavuze ko abarebwa na zo ari abantu […]