Amagorwa ya ApĂ´tre Habonimana ubwo umugore we yari arwaye indwara y’amayobera

Habonimana ni umuvugabutumwa akaba n'umuririmbyi

Umuririmbyi akaba n’umuvugabutumwa washinze itorero Shemeza Worship Temple mu Burundi, ApĂ´tre Apollinaire Habimana, yatanze ubuhamya bw’uburyo umugore we Nsabimana Jeannette KN yarwaye igihe kirekire, bikagera aho kwa Nyirabukwe bashaka kumusubirana ngo bamwivurize, akabyanga. Mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Jean Paul Nkundineza uri i Bujumbura, ApĂ´tre Habonimana yavuze ko umugore we yafashwe n’indwara itaramenyekanye mu mwaka w’2017, […]

Impamvu abasirikare ba Uganda bari Rutshuru bagaragaye batambaye ikirango cya EACRF yamenyekanye

Uyu musirikare wa Uganda wambaye ikirango cya EACRF ni we Brig. Gen. Kulayigye yerekanye

Igisirikare cya Uganda, UPDF, cyasobanuye impamvu abasirikare bacyo bari mu butumwa bw’amahoro muri teritwari ya Rutshuru muri Repubulika ya demukarasi ya Congo bagaragaye batambaye ikirango cy’umutwe w’ingabo z’akarere ka Afurika y’iburasirazuba, EACRF. Tariki ya 3 Gicurasi 2023, umunyamakuru Justin Kabumba wari waherekeje ingabo za RDC zari zagiye gusura Rutshuru, yafotoye ingabo za Uganda, yerekana ko […]

Gatabazi JMV yasabiye Jeannette Kagame umugisha

Gatabazi Jean Marie Vianney wabaye Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu yasabiye umufasha wa Perezida Paul Kagame, Jeannette Kagame, umugisha ku munsi mpuzamahanga w’ababyeyi b’abagore. Uyu munyapolitiki, mu butumwa yashyize kuri Twitter kuri uyu wa 14 Gicurasi 2023, yagaragaje ko Jeannette yakoze ibintu byinshi bituma amushimira uyu munsi, birimo gufasha abaciye bugufi. Yagize ati: “Happy Mother’s Day Your […]

M23 yatangaje ko ingabo z’u Burundi zatengushye EAC byeruye

Ingabo z'u Burundi ubwo M23 yazishyikirizaga Mushaki n'ibindi bice muri Werurwe

Umutwe witwaje intwaro wa M23 wagaragaje ko ingabo z’u Burundi ziri mu butumwa bw’amahoro bwa EAC zatandukiriye inshingano zahawe muri teritwari ya Masisi, intara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika ya demukarasi ya Congo. Perezida wa M23, Bertrand Bisimwa, kuri uyu wa 14 Gicurasi 2023 yatangaje ko agace ka Mushaki uyu mutwe witwaje intwaro wari warasigiye […]

Nyaruguru: Ngendahayo yegukanye irushanwa rya Duathlon Nyaruguru ‘Race To Remember’

Mbere yo gutangira irushanwa, bashyize indabo ku rwibutso rw'abazize jenoside yakorewe Abatutsi ruri ku biro by'akarere

Ngendahayo Jeremy yegukanye irushanwa rya “Duathlon” ryo kwibuka abakoraga siporo (sport) bazize jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, akoze ibilometero 20 Km n’igare na 7,5 Km n’amaguru mu isaha imwe, iminota 12 n’amadakika 20 (1h12’20). Irushanwa ryabaye kuri uyu wa 13 mu karere ka Nyaruguru. Ni irushanwa ryateguwe n’ishyirahamwe rya Triathlon mu Rwanda rifatanyije n’akarere ka […]

FIFA yafashe ingamba zatuma ruswa ihwihwiswa muri ruhago y’u Rwanda iba amateka

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi, FIFA, ryafashe ingamba zishobora gutuma ruswa ihwihwiswa muri iyi siporo mu Rwanda, by’umwihariko mu cyiciro cya mbere iba amateka. Ni kenshi mu bakurikiranira hafi umupira w’amaguru muri iki gihugu humvikana amakuru y’uko hari penaliti zitangwa bitari bikwiye, ibitego byemezwa habayemo kurarira, ibidatangwa kandi nta kurarira kwabayemo, kugurisha imikino, kwitwara nabi […]

Général Ndima yagaragaje ko inshingano zamunaniye kubera u Rwanda

Guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru ku rwego rwa gisirikare, Lieutenant-GĂ©nĂ©ral Constant Ndima Kongba, yagaragaje ko u Rwanda ari rwo rwatumye inshingano yo kugarura umutekano n’amahoro imunanira. Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi, yashyize Kivu y’Amajyaruguru na Ituri mu bihe bidasanzwe, aziha abayobozi bo ku rwego rwa gisirikare, Lt Gen Ndima na Lt […]

Fally Ipupa yatangaje ko nta kibazo afitanye n’Abanyarwanda

Umuhanzi w’Umunyekongo Fally Ipupa N’Simba uzwi nka Fally Ipupa yatangaje ko adashobora kuza mu Rwanda kuhakorera igitaramo. Fally mu kiganiro yagiriye kuri TV5 Monde, yasobanuye ko kuba ataza mu Rwanda atari uko afitanye ikibazo n’Abanyarwanda, agaragaza ko byatewe n’umwuka mubi uri hagati y’ubutegetsi bw’ibihugu byombi. Yagize ati: “None nta kibazo mfitanye n’Abanyarwanda kuko si ko […]