Amerika yafatiye ibihano abayobozi 3 ba FDLR na Colonel wa FARDC
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zafatiye ibihano abantu batandukanye, zikabashinja kugira uruhare mu kwenyegeza amakimbirane mu burasirazuba bwa Congo ndetse no guhonyora uburenganzira bwa muntu. Mu bo Amerika yafatiye ibihano harimo abayobozi batatu b’umutwe wa FDLR urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda. Aba barimo GĂ©nĂ©ral de Brigade Appolinaire Hakizimana, alias Amikwe Lepic/PoĂšte usanzwe ari Komiseri […]
CAF Champions league: APR FC yasezereye Gaadiidka FC, yiyunga n’abafana bayo
Ikipe ya APR FC yageze mu ijonjora rya kabiri rya CAF Champions league, nyuma yo gusezerera Gaadiidka FC yo muri Somalia ku giteranyo cy’ibitego 3-1. Amakipe yombi yari yahuriye mu mukino wo kwishyura w’ijonjora ry’ibanze warangiye APR FC iwutsinze ku bitego 2-0. Ni nyuma y’ubanza yari yaguyemo miswi igitego 1-1 ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize. […]
FARDC general arrested for involvement in the theft of 120 tonnes of copper
In a statement made public this Thursday, August 24, 2023, the Human Rights Research Institute welcomes the availability of justice to Major General Gihanga Mutara Smith, commander of the 22nd military region of Lubumbashi, implicated in the robbery, on June 30, of 120 tons of copper cathodes belonging to the mining company Tenke Fungurume Mining […]
Abahanga bagaragaza inyungu umuntu abona nyuma yo kurya ibigori
Ibigori (maize cg corn mu cyongereza, maĂ ÂŻs mu gifaransa) ni bimwe mu binyampeke biboneka cyane ahantu hose kandi biryoha cyane, bikaba ifunguro ryâibanze kuri benshi. Ibigori biribwa mu buryo butandukanye; byokeje, bitogosheje cg se byahinduwe ukundi kimwe nâuko byongerwa mubyo kurya bindi bitandukanye (corn syrup, corn oil, ubugali, igikoma nâibindi). Iyo byuzuye (ni ukuvuga bitarahindurwa) […]
Cabo Delgado: Ingabo zirimo izâu Rwanda zishe ibyihebe bikuru
Ingabo za Mozambique ku bufatanye nâizâu Rwanda zishe ibyihebe bikuru byâumutwe wâiterabwoba wa ASWJ (Ahlu-Sunnah wal Jamaâa) bihungabanya umutekano mu ntara ya Cabo Delgado. Ibiro bikuru byâigisirikare cya Mozambique byasobanuye ko Abu Kital wari umuyobozi wungirije wâibikorwa byâuyu mutwe na Ibin Omar uzwi nka Abu Suraka, bishwe mu bikorwa bihuriweho byâingabo kuri uyu wa 23 […]
Burundi: Ubutabera bwasabye amabanki guhagarika ibikorwa byose kuri konti za Bunyoni

Nyuma y’amezi ane atawe muri yombi, ubutabera bw’u Burundi bwasabye ibigo by’imari guhagarika ibikorwa byose kuri konti z’uwahoze ari Minisitiri w’Intebe, Alain Guillaume Bunyoni. Mu ibaruwa Umushinjacyaha Mukuru wa Repubulika, Leonard Manirakiza, yandikiye Guverineri wa Banki Nkuru y’u Burundi (BRB), Dieudonne Murengerantwari, ku itariki ya 14 Kanama 2023, amusaba gutegeka ibigo byose by’imari kutemera ko […]
Ni ryari umugore utwite aba adakwiye gukora Imibonano mpuzabitsina?
Ni kenshi abagore batwite bibaza niba mu gihe batwite bagakora imibonano niba ntacyo byakwangiza ku buzima bwabo cyangwa no kubo batwite.Ahanini bagira impungege ko inda ishobora kuvamo. Gukora Imibonano rero ni ikintu gisanzwe ku mugore utwite, kuva asamye kugeza igihe cyo kubyara kigeze.Impamvu ni uko umwana aba arinzwe ari imbere muri nyababyeyi kuburyo adafite aho […]
Perezida Kagame yasobanuye impamvu akomeje kwibanda kuri ba Minisitiri bakiri bato
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Kane tariki ya 24 Kanama, yakiriye indahiro zâabaminisitiri bashya baheruka kwinjizwa muri Guverinoma yâu Rwanda. Abarahiye barimo Minisitiri mushya wâIbikorwa byâUbutabazi, Maj Gen Albert, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâImari nâIgenamigambi ushinzwe ishoramari rya Leta no kwegeranya imari, Jeanine Munyeshuli nâiyâUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâUrubyiruko, Umutoni Sandrine. Perezida […]
Intambara y’amaraso hagati ya FARDC na Mobondo mu marembo ya Kinshasa
Imirwano ikomeye ku wa Gatatu yasakiranyije Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’inyeshyamba zo mu mutwe wa Mobondo. Ni imirwano yabereye muri Groupement ya Mbankana ho muri Komine Maluku; mu marembo y’Umujyi wa Kinshasa. Inyeshyamba nyinshi n’abasirikare ba FARDC bayiguyemo nk’uko ACTUALITE.CD yabitangaje. Umuyobozi wa Groupement ya Mbankana, Soki Milanda, yavuze ko abasirikare […]
Abarwanyi ba Wagner bateguje Putin guhorera umuyobozi wabo
Abarwanyi ba Wagner bari muri Belarus, bariye karungu, boherereje Vladimir Putin ubutumwa bwo kwitegura umujinya wabo nyuma yâamasaha make umuyobozi wabo Pregozhin yiciwe mu mpanuka yâindege iteye ubwoba. Abategetsi b’Abarusiya bemeje ko uwahoze ari umutetsi wa Putin, wigumuye ku buyobozi mu mezi abiri ashize, ari mu bahitanywe nâindege yaguye mu majyaruguru yâumurwa mukuru wâu Burusiya […]
Abanyamakuru 6 bahora botswa igitutu ngo barongore/rwe bakinangira

Mu ruhando rw’itangazamakuru ni kenshi usanga hakunze kugaragaramo abasiribateri benshi kandi bakuze ariko babwirwa ngo barongore ugasanga ntibabikozwa abandi ugasanga bavuga ko bakirimo kubitekerezaho. Mu bucukumbuzi twakoze twifashishize ibyagiye bivugwa hirya no hino ku banyamakuru bigoranye kumenya igihe bazamara bakiri ingaragu, twahisemo gukora urutonde rwabo ariko hatagendewe ku myaka runaka bitewe ko nta gihe cyashyizweho […]
Putin yagejeje ijambo ku nama ya BRICS araruca ararumira ku bijyanye n’urupfu rwa Prigozhin
Perezida Putin w’u Burusiya yagejeje ijambo rigufi abinyujije muri videwo ku bitabiriye inama ya BRICS yaberaga i Johannesburg muri Afurika y’Epfo, yibanda ku byo yateguye kubagezaho byo kwagura uyu muryango kugirango urusheho kugira ijambo mu ruhando mpuzamahanga, ariko araruca ararumira ku bijyanye n’urupfu rw’umuyobozi wa Wagner, Yevgeny Prighozhin wahoze ari umutetsi we. Mu ijambo rye, […]
Manchester United yagurishije rutahizamu w’Umunyarwanda mu Buholandi
Umunyarwanda Noam Emeran yamaze gutandukana na Manchester United yo mu Bwongereza yakiniraga, yerekeza muri Gronningen yo mu cyiciro cya mbere mu Buholandi. Amakuru avuga ko Noam Emeran yatanzweho abarirwa muri ĂÂŁ850,000 (abarirwa muri Frw miliyoni 900). Amakipe yombi kandi yumvikanye ko mu gihe uriya mukinnyi yaba agurishijwe, Manchester United yazagabwa 25% by’amafaranga azaba yatanzweho. Noam […]
Cyamunara y’ibicuruzwa bitandukanye kuri Gasutamo i Rusizi

Ubuyobozi bwa za Gasutamo buramenyesha abantu bose ko tariki ya 14 Nzeli 2023, Hazagurishwa muri cyamunara ibicuruzwa bitandukanye bigaragara ku mugereka wâiri tangazo. Cyamunara izabera ahakorera ishami rya Gasutamo I Rusizi Mutara. Abifuza kugura iyo myenda nâinkweto bazatangira kubisura biherereye hagati yâitariki ya 9-13 Nzeli 2023 nkâuko bigaragara mu mbonerahamwe iri ku mugereka wâiri tangazo […]
Colonel Mabano aravugwa mu buriganya bwa Hoteli y’arenga Frw miliyoni 200
Perezida Paul Kagame yasabye inzego zitandukanye gukurikirana ikibazo cy’umusore umaze igihe yaraguze Hoteli na Colonel (Rtd) Mabano Joseph, gusa akaba yaranze kuyimuha. Ku wa Gatatu tariki ya 23 Kanama ubwo Umukuru w’Igihugu yari yitabiriye umuhango wo kwizihiza imyaka 10 gahunda ya Youth Connekt igamije guteza imbere urubyiruko imaze, ni bwo yagejejweho ikibazo cyerekeye uriya wahoze […]
Twaje kwerekana ko Amerika ishyigikiye Guverinoma ya DRC – Abadepite ba Amerika

Perezida FĂ©lix Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo kuri uyu wa kabiri ushize yunguranye ibitekerezo nâitsinda ryâabadepite b’Abanyamerika, bayobowe nâumurepubulikani, John James n’Umudemokarate, Sara Jacobs . Ku murongo w’ibyigwa, hariho ibibazo bijyanye n’uburenganzira bwa muntu, umutekano n’ubukungu. John James avuga ko ibi biganiro biri mu rwego rwo”gufasha abaturage ba Congo kungukirwa n’ubutunzi bw’igihugu”. Kubera […]
Eddy Kenzo arashaka ko Sheebah na Cindy bakomeza guhangana
Umuhanzi Sheebah Karungi na Cindy bakomeje urugamba rwo guhangana mu muziki aho noneho banabyeruye bakavuga ko bagomba no kubigaragariza mu gitaramo kirimo gutegurwa taliki ya 15 Nzeri ahitwa Kololo Airstrip. Mu gihe igitaramo cyegereje , abahanzi batandukanye bagiye batanga ibitekerezo kuriyi ntambara idasanzwe. Ijwi rimwe rigaragara ni Eddy Kenzo, Perezida wa UNMF, washimye aba bahanzikazi […]
Les chefs de l’armĂ©e de l’EAC se sont rĂ©unis sur la crise sĂ©curitaire en RDC
Les chefs des forces de dĂ©fense de la CommunautĂ© dâAfrique de lâEst (EAC) se sont rĂ©unis mercredi 23 aoà »t Ă Â Nairobi, la capitale du Kenya, pour discuter de la situation sĂ©curitaire dans lâest de la RĂ©publique dĂ©mocratique du Congo. La rĂ©union extraordinaire a eu lieu alors que le mandat de la force rĂ©gionale de lâEAC […]
Abimukira bagombaga kuzanwa mbere babaye âmpagamaâ ku Bwongereza
Raporo nshya ku myitwarire yâabimukira 11 ba mbere bagombaga kuvanwa mu Bwongereza baza mu Rwanda igaragaza ko bagoye bikomeye inzego zibashinzwe muri iki gihugu kiri ku mugabane wâu Burayi. Hashingiwe ku masezerano guverinoma yâu Bwongereza yagiranye nâiyâu Rwanda muri Mata 2022, aba bimukira bagombaga kuza i Kigali muri Kamena kâuwo mwaka, gusa indege yiteguraga kubazana […]
Perezida Biden arakeka ko Putin yishe umuyobozi wa Wagner
Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Joe Biden, yagaragaje ko akeka ko mugenzi we uyobora u Burusiya, Vladimir Putin, yaba yihishe inyuma yâurupfu rwâumuyobozi wâumutwe wâingabo wigenga wa Wagner. Uyu murwanyi, Yevgeny Prigozhin yari mu ndege ya Embraer yaraye ihanutse, ubwo yavaga mu murwa mukuru wâu Burusiya, Moscow, yerekeza muri St Petersburg. Urwego rushinzwe […]
Muhanga: Umuforomo aravuga ko yirukanishijwe n’abamubwiraga ko atari ‘mwene wabo’
Umuforomo wakoreye mu ishuri ryisumbuye rya Gahogo Adventist Academy riherereye mu karere ka Muhanga, aravuga ko yirukanwe nâumuyobozi waryo, Niyitanga Jean Claude, ashingiye ku banyeshuri bamubwiraga ko atari âmwene waboâ. Uyu muforomo utifuje ko amazina ye amenyekana, ariko akemera ko amashusho ye ajya hanze, mu kiganiro yagiranye na 3D Plus, yasobanuye ko yatangiye akazi ko […]