Bujumbura: Abakozi 3 muri perezidansi batawe muri yombi n’ubutasi

Jean Baptiste Baribonekeza, wahoze ari perezida wa komisiyo yigenga ishinzwe uburenganzira bwa muntu, CNIDH, Cyrille Sibomana, na Arcade Harerimana bakoraga mu biro bya perezida w’u Burundi, barashinjwa kuba “bararekuye imfungwa zafunzwe zizira gufata ku ngufu n’ubwicanyi mu rwego rw’imbabazi za perezida mu gihe izi mbabazi zitarebaga abakoze ibyaha nk’ibyo, Nk’uko iteka rya perezida ryashyizwe ahagaragara […]

Afurika y’Epfo: Abarundi 3 barashinjwa gushimuta no gusambanya umwana w’imyaka 14

Abarundi bagera kuri batatu, babiri bafite imyaka 30 n’undi ufite imyaka 24, bakurikiranyweho ibyaha bikomeye byo gushimuta, ubujura bukabije, gufata ku ngufu no kwambuza ikiboko mu gihugu cya Afurika y’Epfo. Umuvugizi w’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubushinjacyaha (NPA) muri Cape y’Iburengerazuba, Eric Ntabazalila, kuwa Gatatu yavuze ko gusaba kurekurwa by’agateganyo kw’aba bantui uko ari batatu byasubitswe. Ntabazalila […]

Ituri: Gen. Muhoozi yasuye Ingabo za UPDF ziri muri Operation Shujaa

Umugaba Mukuru w’Ingabo (CDF) za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yongeye gushimangira ko Uganda yiyemeje kurangiza Umutwe wa ADF mu ruzinduko rwo ku rwego rwo hejuru rwo gusura ingabo ze ziri muri Operation Shujaa mu burasirazuba bwa DRC. Iki gikorwa, gihuriweho n’Ingabo za Uganda (UPDF) n’Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), kigamije kurandura umutwe […]

Al Jazeera yambuwe uruhushya rwo gukorera muri RDC izira u Rwanda

Umuyoboro w’amakuru wa Al Jazeera wambuwe uburenganzira bwo gukorera muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, nyuma yo kwanga kubogama mu nkuru itangaza ku bibera mu burasirazubwa bwa Congo igaha ijambo n’uruhande rwa AFC/M23 ruhanganye na Guverinoma ya Kinshasa. Iki cyemezo cyatangajwe na Minisitiri w’Itangazamakuru akaba n’Umuvugizi wa Guverinoma, Patrick Muyaya, mu gitondo cyo kuri uyu […]

Pour la première fois, Kagame fait la lumière sur les pourparlers de Luanda reportés

Les dirigeants rĂ©gionaux ne doivent pas abandonner leurs efforts pour trouver une solution durable au problème du conflit sans fin dans l’est de la RDC. « Mais cela ne peut pas ĂŞtre comme d’habitude », a dĂ©clarĂ© le prĂ©sident Paul Kagame lors d’une confĂ©rence de presse Ă  Kigali le jeudi 9 janvier. MalgrĂ© tous les […]

Gen Muhoozi yasezeye kuri Twitter

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko atazongera gukoresha urubuga rwa X rwahoze rwitwa Twitter yari amaze imyaka 10 akoresha. Muhoozi yemeje aya makuru mu butumwa yanyujije kuri ruriya rubuga yakurikirwagaho n’abarenga miliyoni imwe, mbere yo guhita aruvanaho [cyangwa arusiba]. Yabwiye abamukurikiraga ko nyuma y’imyaka 10 akoresha ruriya rubuga kuva muri 2014, […]

Impinduka ku bibazo by’u Rwanda na RDC Perezida Kagame yiteze kuri Trump

Perezida Paul Kagame yatangaje ko atekereza ko hazabaho impinduka nyinshi ku butegetsi bwa Donald Trump witegura kurahirira kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, by’umwihariko ku bijyanye n’uko Washington yitwara mu bibazo by’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Umukuru w’Igihugu yabitangaje ku wa Kane tariki ya 9 Mutarama, ubwo yari mu kiganiro cyamuhuje n’itangazamakuru. […]

Shaddboo yaba yarambuwe miliyoni 6 mu rukundo rw’ibinyoma

Abantu benshi kuri murandasi bacitse ururondogoro nyuma y’uko Mbabazi Shadia uzwi ku mbuga nkoranyambaga nka Shaddyboo, atangaje ko atigeze akundana by’ukuri na Producer YewĂ«eH. Shaddyboo yavuze ko we na YewĂ«eH bari mu masezerano yo kugaragaza ko bakundana mu rwego rwo kumufasha kumenyekana gusa ngo amafaranga yagombaga guhembwa muri urwo rukundo rw’ubucuruzi ntiyigeze ayahabwa. Mu Ukwakira […]

Perezida wa Pologne yasabye guverinoma kutazafata Netanyahu najya kwibuka Auschwitz

Perezida wa Pologne yasabye guverinoma kutazafata Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, hashingiwe ku cyemezo cya ICC, naramuka yinjiye muri iki gihugu. Perezida wa Pologne, ​​Andrzej Duda, yasabye guverinoma kureba niba Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, ashobora kwitabira isabukuru y’imyaka 80 y”ibohozwa ry’inkambi y’urupfu ya Auschwitz-Birkenau adatinya gutabwa muri yombi. Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) […]

Rutahizamu Mamadou Sy wa APR FC yayiteye umugongo yigira i Burayi

Rutahizamu mpuzamahanga ukomoka muri Mauritania w’imyaka 24 wakiniraga APR FC, Mamadou Sy yemejwe nk’umukinnyi mushya w’ikipe ya Tikvesh yo muri Macedonia. Uyu mukinnyi yari amaze amezi atandatu akinira APR FC yo mu Rwanda ariko ubu agiye kwerekeza ku mugabane w’u Burayi aho azakinira Tikvesh. Ikipe ya Tikvesh yamusinyishije mu rwego rwo kuzamura urwego rw’ubusatirizi bwayo […]

Ukraine irigamba guhanura drones hafi 50 z’u Burusiya

Kuri uyu wa Kane, itariki 9 Mutarama 2025,  Igisirikare cya Ukraine cyatangaje ko  cyahanuye drone 46 muri 70, Ingabo z’u Burusiya zakoresheje mu bitero byibasiye uduce two hagati no mu burasirazuba bwa Ukraine. Ingabo zirwanira mu kirere za Ukraine, zavuze ko ibisate by’utwo tudege tutagira abaderevu twahanuwe, byangije amazu mu bice bya Cherkasy, Kharkiv na […]

Kamonyi: Batandatu bafatiwe mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro bunyuranyije n’amategeko

Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’inzego z’ibanze n’abaturage mu Karere ka Kamonyi mu bikorwa bitandukanye yafatiye mu cyuho kuri uyu wa Gatatu tariki ya 8 Mutarama, abantu batandatu bari mu bikorwa by’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro bunyuranyije n’amategeko. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo; Superintendent of Police (SP) Emmanuel Habiyaremye yavuze ko bafatiwe ahantu habiri hatandukanye biturutse […]

Donald Trump ari gutegura guhura na Putin

Donald Trump, perezida uherutse gutorwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko hari inama iri gutegurwa hagati ye na Perezida Vladimir Putin wa Russia. Mu magambo yavuze ku kigo cye cya Mar-a-Lago muri Florida, Trump yagize ati: “Yifuza guhura nanjye kandi turimo kubitegura.” Nubwo nta gihe ntakuka yatangaje ku bijyanye n’igihe iyo nama izabera, […]

Umusaruro n’iherezo rya Operasiyo ya Nyirarureshwa ya FARDC yo gutsinsura FDLR

Muri Nzeri umwaka ushize Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zavuzwe muri Operasiyo yiswe iyo gutsinsura umutwe wa FDLR urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda, gusa iza guhagarara nyuma y’iminsi mbarwa nta n’icyo igezeho. Iyi Operasiyo yatangijwe ku itegeko rya Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi Tshilombo, mu gihe i Luanda muri Angola harimo habera ibiganiro Leta […]