Ubwiru n’amayeri abagore bakoresha baryarya abagabo

Abagabo benshi ntibamenya uburyo bamwe mu bagore babakoresha nk’ibikoresho kugeza igihe bamenyeye ukuri byamaze kubagiraho ingaruka. Dore amwe mu mayeri akoreshwa cyane: 1. “Ndashaka umwanya wo kwitekerezaho” Iyo umugore atangiye kwitandukanya n’umugabo buhoro buhoro, agatangira gucogora avuga ko akeneye umwanya wo kwitekerezaho, akenshi biba bivuze ko hari undi ari kuganira na we. Niba umugore atangiye […]
Abakirisitu bo mu Itorero Angilikani banze gusenga

Ku cyumweru tariki ya 2 Werurwe 2025, habaye impagarara mu Itorero Angilikani muri Diyosezi ya Ekiti, muri All Saints’ Church, Anointed Land i Ado-Ekiti muri Nigeria aho Abakirisitu banze kwinjira mu rusengero basaba ko umushumba wabo, Venerable Oke Olanrewaju, yakurwa ku nshingano. Abigaragambya bavuga ko umushumba wabo akora nabi mu micungire y’umutungo w’itorero, yitwara nabi, […]
Ahubwo turashaka n’imodoka zinywa amazi: Dr Habineza

Umuyobozi w’Ishyaka Riharanira Demukarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda, Dr Frank Habineza, yatanze icyifuzo cy’uko mu Rwanda haza imodoka zinywa amazi mu cyimbo cy’ibikomoka kuri Peteroli, mu rwego rwo kurengera ibidukikije. Habineza yabikomojeho ubwo yavugaga ku misoro Leta y’u Rwanda iheruka kongera. Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 10 Gashyantare 2025, ni yo yafashe icyemezo cyo […]
Umurenge Kagame Cup: Bugesera yaterewe mpaga ku kibuga cyayo

Kuwa Gatandatu Tariki ya 1 no kucyumweru tariki ya 2 Werurwe 2025,Mu Ntara y’Iburasirazuba habaye imikino ya 1/4 mu Irushanwa ryo kwimakaza imiyoborere myiza ryitiriwe Umukuru w’Igihugu , Umurenge Kagame Cup. Imikino yabaye ku rwego rw’Intara n’Iburasirazuba yabereyemo ibyatunguranye ,aho ikipe y’Umurenge wa Kamabuye yari ihagarariye Akarere ka Bugesera yabuze abakinnyi yinjirana mu kibuga iterwa […]
Bertrand Iradukunda “Kanyarwanda” yasezeranye n’umuzungu

Uwahoze ari umukinnyi w’umupira w’amaguru, Bertrand Iradukunda akaza kwamamara nka “Kanyarwanda” yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Lydie ndetse bari no mu myiteguro yo gukora ubukwe mu Rwanda. Amakuru yemezwa n’inshuti za hafi za Bertrand, avuga ko uyu muhango wabaye ku wa 28 Gashyantare 2025 mu Mujyi wa QuĂ©bec muri Canada, aho asanzwe atuye. Bertrand Iradukunda […]
Icyo FDLR ivuga kuri GĂ©n. Gakwerere M23 yashyikirije u RwandaÂ

Umutwe wa FDLR urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda, wemeje ko GĂ©nĂ©ral de Brigade Gakwerere umutwe wa M23 uheruka gushyikiriza u Rwanda yari umwe mu bayobozi bakuru bawo. Mu cyumweru gishize ni bwo Gakwerere uzwi ku yandi mazina nka ÉzĂ©chiel, Jean Baptiste, Sibomana Stany, Julius Mokoko cyangwa Sibo Stanys yashyikirijwe u Rwanda. Gakwerere wari usanzwe ari Umuyobozi […]
Perezida Museveni yemeje ko abacuranga imiziki bazajya bishyura ba nyirayo

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni yemeje ishyirwaho ry’uburyo bushya bwo gucunga uburenganzira ku bihangano by’abahanzi (Copyright Management System) hagamijwe kubarinda no gutuma binjiza amafaranga abiturutseho. Iri koranabuhanga rizafasha kumenya ahantu indirimbo yakinwe n’umubare w’igihe yacuranzwe. Ni icyemezo cyafatiwe mu nama yabereye i Rwakitura aho yari yahuje Perezida Museveni n’abahanzi bakomeye barimo Eddy Kenzo. Iri koranabuhanga […]
M23 yishe Wazalendo zari zateye Bukavu

Umutwe wa M23 kuri uyu wa Mbere tariki ya 3 Werurwe, wishe abarwanyi benshi b’imitwe ya Wazalendo bari bateye Umujyi wa Bukavu. Amashusho yahererekanyijwe ku mbuga nkoranyambaga yerekana abo barwanyi babarirwa muri za mirongo bari ahitwa Camp TV, muri Komine ya Kadutu i Bukavu. Amakuru avuga ko abo barwanyi bari boherejwe n’uwitwa Foka Mike nta […]
U Bufaransa, Ukraine na UK bari gukora kuri gahunda y’amahoro bazamurikira Amerika

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza Keir Starmer yavuze ko u Bwongereza, u Bufaransa na Ukraine byemeye gukora kuri “proposal” yo guhagarika imirwano bazamurikira Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Starmer yavuze ko yemera ko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ashaka amahoro arambye muri Ukraine kandi akomeza avuga ko hakenewe kwizezwa umutekano na Amerika […]
Uwatwaye Tour du Rwanda yahanwe

Umufaransa Fabien Doubey wegukanye Tour du Rwanda 2025 yaciwe amande n’Impuzamashyirahamwe y’Umukino w’Amagare ku Isi (UCI) nyuma yo kugira uruhare mu guhagarika agace ka nyuma k’irushanwa. Ku Cyumweru, aka gace kari katangiriye kuri Kigali Convention Center ariko kaje guhagarikwa nyuma y’uko Fabien Doubey, wari uyoboye urutonde rusange, asabye abakinnyi guhagarara avuga ko umuhanda unyerera kubera imvura n’umuyaga mwinshi. […]
Hollywood yasekuwe n’umutingito ubwo hatangwaga ibihembo bya Oscars

Muri Hollywood, umutingito uri ku gipimo cya 3.9 wumvikanye mu gihe ibyamamare byari mu birori byo kwizihiza ibihembo bya Oscars byatanzwe mu ijoro ryakeye. Ishami ry’Abanyamerika rishinzwe ubugenzuzi (USGS) ryatangaje ko uwo mutingito wakubitiye muri North Hollywood hafi y’ahaberaga ibirori bya Oscars muri Dolby Theatre. Umutingito wumvikanye nyuma ya saa yine z’ijoro ku isaha ya Los […]
Anora yegukanye ibihembo byinshi muri Oscars 2025

Ku cyumweru, tariki ya 2 Werurwe 2025 habaye umuhango wa 97 w’itangwa ry’ibihembo bya Oscars. Filime Anora ni yo yitwaye neza kurusha izindi, itsindira ibihembo bitanu birimo n’icy’iya filime nziza y’umwaka (Best Picture) ndetse n’icy’umuyobozi mwiza wa filime (Best Director). Sean Baker, wayoboye, akandika, agatunganya ndetse akanayobora umushinga wa Anora, yegukanye ibihembo bine wenyine, bituma […]
Uganda: Ebola imaze guhitana babiri barimo umuforomo

Nyuma y’uko ku wa Kabiri ushize, Uganda yemeje ko imaze kwandika abantu icumi banduye virusi ya Ebola yo mu bwoko bwo muri Sudani, babiri barimo umuforomo wo mu Bitaro by’igihugu bya Mulago, bamaze gupfa. Uwa kabiri uhuzwa n’itsinda rya mbere, umwana w’umuhungu w’imyaka ine n’igice, Kuri uyu wa Gatandatu ushize, itariki ya 1 Werurwe, hamenyekanye […]
Paris: Ubutabera bwatangiye gukurikirana Alphonse K. ushinjwa uruhare muri jenoside

Uwahoze ari umuyobozi w’ishami ry’ubuvuzi ry’iyari Kaminuza Nkuru y’u Rwanda i Butare, kuwa Gatanu, itariki ya 28 Gashyantare, i Paris yashinjwe ibyaha bya jenoside, ibyaha byibasiye inyoko muntu n’umugambi wo gukora ibyo byaha. Umugabo w’imyaka 74, Alphonse K., umaze imyaka 25 aba mu Bufaransa, ubu yashyizwe mu maboko y’ubucamanza. Arakekwaho kuba yaragize uruhare muri Jenoside […]
Umurundi uzafatanwa ishashi azajya ayimira: Gélase Ndabirabe

Umuyobozi w’Inteko Ishinga Amategeko y’u Burundi, Daniel GĂ©lase Ndabirabe, yasabye ko haba igihano gikakaye ku bakoresha amashashi, ku buryo uzajya ayifatanwa yazajya ategekwa kuyimira. Yagarukaga ku byatangajwe n’umwe mu badepite witwa, Athanase wavuze ko ikibazo cy’isuku nke iri kugaragara mu mujyi wa Bujumbura giterwa n’amashahi menshi yangiza ibidukikije. Uyu yavuze ko iyo habajijwe uburyo ayo […]
UPDF yohereje izindi ngabo muri Congo

Igisirikare cya Uganda (UPDF), ku Cyumweru cyatangaje ko cyohereje izindi ngabo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo; mu bikorwa byo kurandura imitwe yitwaje intwaro ikorera mu bice bitandukanye bya kiriya gihugu. UPDF yavuze ko ziriya ngabo yazohereje mu mujyi witwa Mahagi wo mu ntara ya Ituri, mu majyepfo ashyira uburasirazuba bwa Congo. Umuvugizi wayo, Brig […]
Abarwanyi barenga 40 ba al Shabaab biciwe mu gikorwa cy’Ingabo za Somaliya

Abarwanyi barenga 40 bo mu mutwe witwaje intwaro wa kisilamu wa al Shabaab biciwe mu gikorwa cya gisirikare cy’Ingabo z’igihugu cya Somaliya muri iyi weekend. Ni igikorwa Ingabo z’igihugu cya Somaliya zakoranye n’abafatanyabikorwa mpuzamahanga ku Cyumweru mu gace ka Biya Cadde muri leta ya Hirshabelle, nk’uko Televiziyo y’igihugu ya Somaliya yabitangaje mu nyandiko yanyujije kuri […]
Perezida Kagame yakiriye Gen. Muhoozi

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, ku Cyumweru yari i Kigali aho yari yitabiriye inama yo mu rwego rwo hejuru yagombaga kumuhuza na Perezida Paul Kagame. Gen Muhoozi mu cyumweru gishize yari yatangaje ko ateganya gusinyana amasezerano y’igihango hagati ya Uganda n’u Rwanda. Icyo gihe abinyujije ku rubuga rwe rwa X, yavuze ko […]