Essy Williams yigaramye ibyo gukundana na Nel Ngabo

Umusizi akaba n’umuhanzi w’imideli, Essy Williams, yahakanye amakuru avuga ko yaba ari mu rukundo na Nel Ngabo. Yatangaje ko ari inshuti ye isanzwe, ariko ko afite undi musore bari mu rukundo bamaranye umwaka. Essy yasobanuye ko amafoto yasakaye ari kumwe na Nel Ngabo yafashwe ubwo bari bagiye gutembera i Rebero, kandi ko kuyifotozanya n’inshuti ari […]

Marines FC yahagamye Rayon Sports, iha APR FC umwanya wa mbere 

Ikipe ya Marines FC yaguye miswi na APR FC ibitego 2-2, bituma APR FC yatsinze Bugesera FC ifata umwanya wa mbere by’agateganyo. Iyi kipe y’Ingabo zirwanira mu mazi yari yakiriye Rayon Sports, mu mukino w’umunsi wa 23 wa shampiyona. Byasabye umunota wa 11 w’umukino ngo Marines FC ifungure amazamu ibifashijwemo na Nkundimana Fabio. Ni ku […]

Burundi: Hari ubwoba bw’uko amatora atazaba

Impuzamashyaka ‘Burundi Bwa Bose’ iri mu myiteguro y’amatora arimo ay’abagize Inteko Ishinga Amategeko ateganyijwe mu mezi abiri ari imbere, iravuga ko atazaba kubera ibura ry’igitoro riri muri kiriya gihugu. Byatangajwe n’Umunyamabanga Mukuru w’iriya mpuzamashyaka, Kefa Nibizi, mu itangazo rigenewe abanyamakuru aheruka gusohora. U Burundi bumaze imyaka irenga ibiri bwugarijwe n’ikibazo cy’ibikomoka kuri Peteroli; ndetse na […]

2025: Ibihugu 10 bya Afurika bifite Igisirikare cya nta kigenda

Urubuga Global Firepower rukora ubushakashatsi mu bya gisirikare, mu ntangiriro z’uyu mwaka rwasohoye urutonde rwerekana uko ibihugu bitandukanye byo ku Isi birutana mu mbaraga za gisirikare. Ni urutonde ruriya rubuga rw’abanyamerika rwasohoye nyuma yo gukora ubushakashatsi ku gisirikare cy’ibihugu 145 byo hirya no hino ku Isi. Global Firepower mu gukora uru rutonde igendera ku ngingo […]

Umukinnyi wa Filime Squid Game yasabiwe gufungwa umwaka umwe

Ubushinjacyaha bwo muri Koreya y’Epfo bwasabye ko O Yeong-su, umukinnyi wa filime w’imyaka 80 wamamaye muri Squid Game, ahanishwa igifungo cy’umwaka umwe, mu rubanza rw’ubujurire ashinjwamo ihohotera rishingiye ku gitsina. Yabisabiwe ku wa 4 Mata 2025, mu ishami rya Seongnam ry’Urukiko Rukuru rwa Suwon, aho ubushinjacyaha bwavuze ko igihano yari yahawe mbere cyari gito. Uyu […]

Abasirikare bakiri mu kazi muri FAR mu barwanaga na M23

Iperereza rya Minisiteri y’Ingabo za Romania, ryagaragaje ko amagana y’inkeragutabara za kiriya gihugu ndetse n’abasirikare bo mu ngabo zacyo bakiri mu kazi, bari mu bari baroherejwe kurwanya inyeshyamba za M23 muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Aba basirikare ba FAR (ForČ›ele Armate Române), bari mu bacanshuro b’abanyaburayi bari hagati ya 1,500 na 2,000 leta ya […]

P Diddy Akikabiliwa na Mashtaka Mapya

Rapper maarufu Sean “Diddy” Combs anakabiliwa na mashtaka mawili mapya, ikiwemo biashara ya binadamu na kushiriki katika uzinifu, na anatarajiwa kufikishwa mbele ya mahakama mjini New York chini ya mwezi mmoja. Mashtaka mapya yalitangazwa rasmi Ijumaa katika mahakama ya Manhattan, na yanahusiana na shughuli za uhalifu zinazodaiwa kufanyika kati ya 2021 na 2024, zikihusisha mtu […]

P Diddy Fait Face Ă  de Nouvelles Accusations

Le rappeur cĂ©lèbre Sean “Diddy” Combs fait face Ă  deux nouvelles accusations, dont le trafic humain et l’implication dans la prostitution, et doit comparaĂ®tre devant le tribunal Ă  New York dans moins d’un mois. Les nouvelles accusations ont Ă©tĂ© annoncĂ©es publiquement vendredi devant un tribunal de Manhattan, et elles sont liĂ©es Ă  des activitĂ©s criminelles […]

P Diddy Faces New Charges

Famous rapper Sean “Diddy” Combs is facing two new charges, including human trafficking and engaging in prostitution, and is due to appear in court in New York in less than a month. The new charges were publicly announced on Friday in a Manhattan court, and they are related to alleged criminal activities said to have […]

Akipewa Hukumu ya Miaka Karibu Mitatu kwa Kudhalilisha Picha ya Yesu

Mahakama huko Medan, Indonesia, imemhukumu Ratu Thalisa, mtumiaji maarufu wa TikTok, kifungo cha miaka 2 na miezi 10 kwa kusema maneno yaliyochukuliwa kama kudhalilisha dini ya Kikristo. Thalisa, ambaye alikuwa mwanaume lakini alibadilisha jinsia, alisema maneno ya kudhalilisha picha ya Yesu Kristo aliposema kuwa Yesu “angeweza kuwa kama mwanaume mwenye heshima na ndevu.” Aliyasema maneno […]

CondamnĂ©e Ă  près de trois ans de prison pour avoir insultĂ© l’image de JĂ©sus

Un tribunal de Medan, en IndonĂ©sie, a condamnĂ© Ratu Thalisa, une crĂ©atrice de contenu sur TikTok, Ă  2 ans et 10 mois de prison pour des propos considĂ©rĂ©s comme diffamatoires Ă  l’encontre de la religion chrĂ©tienne. Thalisa, qui Ă©tait auparavant un homme mais a depuis changĂ© de sexe, a fait des remarques dĂ©nigrantes Ă  propos […]

Sentenced to Nearly Three Years for Insulting the Image of Jesus

A court in Medan, Indonesia, has sentenced Ratu Thalisa, a TikTok content creator, to 2 years and 10 months in prison for words considered defamatory to the Christian religion. Thalisa, who was previously a man but has since transitioned, made derogatory comments about the image of Jesus Christ, saying that Jesus “should have been like […]

Rapper Eminem anakuwa Babu

Msanii maarufu duniani, Eminem, amefurahi kuingia kwenye hatua mpya ya maisha kama babu baada ya binti yake mkubwa, Hailie Jade McClintock, kujifungua mtoto wake wa kwanza. Mtoto huyo wa kiume alizaliwa tarehe 14 Machi 2025, lakini habari hii ilithibitishwa rasmi Ijumaa, tarehe 4 Aprili 2025, kupitia akaunti ya Instagram ya Hailie. Hailie aliandika ujumbe unaosema: […]

Le rappeur Eminem devient grand-père

La star mondiale Eminem est ravi de commencer une nouvelle phase de sa vie en tant que grand-père, après que sa fille aĂ®nĂ©e, Hailie Jade McClintock, a donnĂ© naissance Ă  son premier petit-enfant. Le bĂ©bĂ©, un garçon, est nĂ© le 14 mars 2025, mais la nouvelle a Ă©tĂ© officiellement confirmĂ©e vendredi 4 avril 2025, via […]

Rapper Eminem Becomes a Grandfather

The world-famous artist, Eminem, is excited to step into a new phase of life as a grandfather after his eldest daughter, Hailie Jade McClintock, gave birth to his first grandchild. The baby boy was born on March 14, 2025, but the news was officially confirmed on Friday, April 4, 2025, via Hailie’s Instagram. Hailie wrote […]

China Imejilipiza dhidi ya Trump

China imetangaza ongezeko la 34% la ushuru kwa bidhaa zinazotoka Marekani, kama njia ya kujilipiza kisasi. Uamuzi huu ulifanywa na Beijing baada ya Rais wa Marekani Donald Trump kuweka ongezeko la ushuru la 34% kwa bidhaa za China Jumatano, ambayo iliongezwa kwa ushuru wa 20% uliokuwepo, hivyo kuufanya jumla kuwa 54%. Ijumaa, Wizara ya Fedha […]

La Chine se venge contre Trump

La Chine a annoncĂ© une augmentation de 34 % des droits de douane sur les produits en provenance des États-Unis, en guise de reprĂ©sailles. Cette dĂ©cision a Ă©tĂ© prise par PĂ©kin après que le prĂ©sident amĂ©ricain Donald Trump a imposĂ© une augmentation de 34 % des droits de douane sur les produits chinois mercredi, ce […]

China Retaliates Against Trump

China has announced a 34% increase in tariffs on goods coming from the United States, as a form of retaliation. This decision was made by Beijing after U.S. President Donald Trump had imposed a 34% tariff increase on Chinese goods on Wednesday, which added to the previous 20% tariff, bringing the total to 54%. On […]

U Bushinwa bwihimuye kuri Trump

U Bushinwa bwatangaje inyongera y’umusoro ungana na 34% ku bicuruzwa bizajya bibwinjiramo biturutse muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nk’uburyo bwo kuzihimuraho. Ni icyemezo Beijing yafashe nyuma y’uko ku wa Gatatu w’iki cyumweru Perezida Donald Trump na we yari yashyizeho inyongera y’umusoro ungana na 34% ku bicuruzwa byo mu Bushinwa wiyongera k’uwa 20% wari usanzweho, […]

P Diddy akurikiranyweho ibyaha bishya

Umuraperi w’icyamamare Sean “Diddy” Combs yongeye gukurikiranwaho ibyaha bibiri bishya birimo gucuruza abantu no kwishora mu busambanyi, habura ukwezi ngo agezwe imbere y’urukiko i New York. Ibyo byaha bishya byatangajwe ku mugaragaro kuri uyu wa Gatanu mu rukiko rwo muri Manhattan, bikaba bijyanye n’ibikorwa by’ubugizi bwa nabi bivugwa ko yabikoze hagati ya 2021 na 2024 […]

Yakatiwe gufungwa imyaka hafi itatu azira gutuka ishusho ya Yesu

Urukiko rwo muri Medan, mu gihugu cya Indonesia, rwakatiye Ratu Thalisa, umukoresha w’urubuga rwa TikTok, gufungwa imyaka 2 n’amezi 10, azira amagambo yafatwa nk’ayo gusebya idini ya Gikristu. Thalisa, wahoze ari umugabo ariko akaba yarahinduye igitsina, yavuze amagambo asebya ishusho ya Yesu Kirisitu ubwo yavugaga ko Yesu “yakabaye ameze nk’umugabo wiyubashye kandi yogoshe”. Ibi yabivuze […]

Umuraperi Eminem yabaye sogokuru

Umuhanzikazi w’icyamamare ku isi, Eminem yishimiye kwinjira mu buzima bushya bwo kuba sekuru, nyuma y’uko umukobwa we w’imfura, Hailie Jade McClintock, yibarutse umwana we wa mbere. Uyu mwana w’umuhungu yavutse ku itariki ya 14 Werurwe 2025, ariko inkuru yemejwe ku mugaragaro ku wa Gatanu, tariki ya 4 Mata 2025, binyuze kuri Instagram ya Hailie. Hailie […]