Minembwe: U Burundi bwatakaje abasirikare 235 mu cyumweru kimwe

Amakuru aturuka mu bice by’imisozi miremire ya Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri RDC, avuga ko ingabo z’u Burundi ziri mu bikorwa bya gisirikare zifashamo na FARDC zatakaje abasirikare 235, mu mirwano yabaye mu cyumweru gishize. Amakuru BWIZA yamenye avuga ko imirwano bariya basirikare biciwemo yabereye cyane cyane mu duce twa Gakenke, Mikenke na […]
Trump yavuze intsinzi, Tehran ivuga ko Amerika yatsinzwe: Ukuri kuri aya masezerano ni ukuhe?

Mu gihe Perezida Donald Trump yatangaje ko Amerika na Iran bageze ku masezerano agamije guhagarika intambara yari imaze amezi arenga atatu ihungabanya akarere k’Uburasirazuba bwo Hagati, ikibazo gikomeje kwibazwa ni iki: Ese ni nde watsinze hagati ya Washington na Tehran? Trump yabwiye abanyamakuru ko aya masezerano ari “intsinzi ikomeye” y’ubutegetsi bwe, ariko muri Iran abayobozi […]
Minembwe: Ibitero bya FARDC byahitanye abasivili ndetse bisenya inzu nyinshi

Ibitero bya FARDC n’abafatanyabikorwa ba yo, kuva kuri uyu wa Kane kugeza kuri uyu wa Gatanu bikomeje guhitana ubuzima bw’inzirakarengane i Minembwe muri Teritwari ya Fizi mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, ari na ko byangiza imitungo yabo, mu gihe Isi ikomeje kurebera ibyo bamwe bemeza ko ari ibikorwa bigamije gutsemba Abanyamulenge. Itangazo ryashyizwe ahagaragara na […]
Musanze: Hasojwe amasomo ya ba ofisiye bakuru ba polisi baturutse mu bihugu 10 bya Afurika

Mu Ishuri Rikuru rya Polisi y’u Rwanda riherereye mu Karere ka Musanze habereye umuhango wo gusoza icyiciro cya 14 cy’amasomo y’ubuyobozi amara umwaka umwe (Police Senior Command and Staff Course) Iki cyiciro kigizwe n’abanyeshuri 38 bo ku rwego rwa ba Ofisiye Bakuru baturutse mu bihugu 10 byo muri Afurika. Umuyobozi w’ishuri rikuru rya Polisi, CP […]
Iran yanze kujya mu biganiro na Amerika

Ibiganiro byari biteganyijwe guhuza Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran mu Busuwisi byamaze gusubikwa, ibintu byatumye havuka impungenge ko amasezerano y’agahenge impande zombi ziherutse kugirana ashobora kujya mu kaga. Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Busuwisi yemeje ko ibiganiro byagombaga kubera muri Burgenstock Resort, hafi y’ikiyaga cya Lucerne, bitakibaye nk’uko byari byateganyijwe. Nta tariki nshya yatangajwe, […]
Achraf Hakimi mu rubanza rwo gufata ku ngufu

Urukiko rw’ubujurire rwo mu Bufaransa rwemeje ko rutahizamu w’Ikipe ya Paris Saint-Germain (PSG) ndetse na kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Maroc, Achraf Hakimi, azaburanishwa ku kirego cyo gufata ku ngufu. Hakimi w’imyaka 27 y’amavuko akomeje guhakana ibyo aregwa, avuga ko ategereje urubanza kugira ngo abone umwanya wo kwisobanura. Mu butumwa yashyize ku rubuga X, Hakimi yavuze […]
Ibiganiro bishya byari biteganyijwe mu Busuwisi hagati ya USA na Iran byasubitswe

Icyiciro gishya cy’ibiganiro bitaziguye hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran cyasubitswe nyuma y’uko urugendo rwa Visi Perezida JD Vance rwari ruteganyijwe mu Busuwisi rutindijwe. Kuri uyu wa Kane ushize, White House yatangaje ko Vance atazakora urugendo yerekeza mu biganiro. Bije nyuma y’umunsi umwe Amerika ihagaritse ibikorwa byo guhagarika amato ya Iran nyuma […]
Bite bya Koné bavunnye akaguru kakarereta

Ikipe y’igihugu ya Canada yanditse amateka ikura intsinzi yayo ya mbere mu Gikombe cy’Isi cy’abagabo, itsinda Qatar ibitego 6-0 mu mukino wa kabiri w’itsinda B. Nubwo ari intsinzi ikomeye ku gihugu cyakiriye iri rushanwa, ibyishimo byagabanyijwe n’imvune ikomeye yagize umukinnyi wo hagati IsmaĂ«l KonĂ©. KonĂ© yavunitse mu gice cya mbere cy’umukino nyuma yo gukubitwa ku […]
Itsinda rya Ofisiye Bakuru baturutse mu Ishuri rya Gisirikare muri Kenya ryasuye RDF

Itsinda rya Ofisiye Bakuru baturutse mu Ishuri rya Gisirikare muri Kenya (Kenya Military Academy), riyobowe na Col E. L. Lovega, kuwa Kane ryasuye icyicaro Gikuru cy’Ingabo z’u Rwanda rinagirana ikiganiro n’Umuyobozi Mukuru ushinzwe ubufatanye Mpuzamahanga mu bya Gisirikare akaba n’Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Patrick Karuretwa. Iri tsinda riri mu Rwanda mu ruzinduko rw’icyumweru, […]
Gen. Muhoozi ugiye kugaruka i Kigali yemeje ko vuba aha aba ari Perezida wa Uganda

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, ukunze gutangaza ibintu bitavugwaho rumwe ku mbuga nkoranyambaga, kuri uyu wa Gatanu yabyutse atanga ubutumwa bugaragaza byinshi mu hazaza ha politiki ya Uganda n’akarere, ndetse aboneraho kwemeza ko vuba aha agiye kugaruka i Kigali gusura Perezida Kagame. Mu butumwa bwe yanyujije ku rubuga nkoranyambaga rwa X akunze […]
Gen.Muhoozi arateganya kunga Perezida Kagame na TshisekediÂ

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko n’ubwo uyu munsi ari we uyoboye ingabo z’iki gihugu, afite icyizere ko umunsi umwe azaba Perezida wa Uganda, kandi icyo gihe akazahuriza hamwe Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na Perezida FĂ©lix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kugira ngo bakemure ikibazo kimaze igihe mu […]